07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 10 – Iterambere Ry’Ubugorozi Mu Budage<br />

Kubura kwa Luteri mu buryo bw’amayobera kwateje akayubi mu gihugu cy’Ubudage<br />

cyose. Hirya no hino abantu bibazaga ibye. In<strong>ku</strong>ru mbi zakomezaga gukwirakwizwa kandi<br />

abantu benshi bizeraga ko yaba yarishwe. Habayeho <strong>ku</strong>ganya gukomeye bitari gusa <strong>ku</strong> ncuti<br />

ze zari zarabishyize <strong>ku</strong> mugaragaro, ahubwo no mu bantu ibihumbi byinshi batari<br />

barifatanyije n’Ubugorozi. Abantu benshi ntibatinyaga <strong>ku</strong>rahirira ko bazamuhorera.<br />

Abayobozi b’itorero ry’ i Roma bareba<strong>na</strong>ga ubwoba bwinshi uburyo rubanda rwabarebaga<br />

<strong>na</strong>bi mu buryo bukomeye. Nubwo mbere bari banejejwe no <strong>ku</strong>mva ko Luteri yapfuye,<br />

ntibyatinze maze bifuza kwihisha umujinya w’abantu. Ntabwo abanzi ba Luteri bari<br />

barabujijwe amahwemo n’ibikorwa yakoreraga hagati yabo yisanzuye nk’uko<br />

byabagendekeye ubwo yari atakiboneka. Abari barazabiranyijwe n’uburakari bagashaka<br />

guhita<strong>na</strong> Umugorozi wari ushize amanga noneho bari buzujwe ubwoba n’uko yaburiwe<br />

irengero. Umwe muri bo yaravuze ati: “Inzira imwe ru<strong>ku</strong>mbi isigaye yo <strong>ku</strong>gira ngo twikize<br />

ni uko twaca<strong>na</strong> amasitimu maze tugashakashaka Luteri aho yaba ari hose <strong>ku</strong> isi <strong>ku</strong>gira ngo<br />

tumugarurire abantu bamwifuza.” 170<br />

Itegeko ry’umwami w’abami ryasaga n’iritagifite imbaraga. Intumwa za Papa zakozwe<br />

n’isoni ubwo zabo<strong>na</strong>ga ko itegeko ry’umwami w’abami ryari ryitaweho buhoro aho <strong>ku</strong>gira<br />

ngo rigene iherezo rya Luteri.<br />

In<strong>ku</strong>ru zivuga ko Luteri ari amahoro nubwo yari imfungwa zatumye ubwoba abantu bari<br />

bafite butuza ariko <strong>na</strong> none bituma abantu barushaho <strong>ku</strong>mugirira uru<strong>ku</strong>mbuzi. Inyandiko ze<br />

zarushijeho gusomwa <strong>ku</strong>ruta mbere. Abantu benshi barushaho kwiyongera bajya mu ruhande<br />

rw’uwo mugabo w’intwari wari warashyigikiye ijambo ry’Ima<strong>na</strong> mu kaga gakomeye gatyo.<br />

Ubugorozi bwahoraga burushaho <strong>ku</strong>gira imbaraga. Imbuto Luteri yari yarabibye yameraga<br />

ahantu henshi. Kutaboneka kwe byakoze umurimo utarabashije gukorwa igihe yabonekaga<br />

ahibereye. Igihe umuyobozi wabo ukomeye yaba<strong>ku</strong>rwagamo, abandi bakozi bumvise bafite<br />

inshingano nshya. Bafite kwizera gushya n’umuhati barushijeho <strong>ku</strong>jya mbere <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bakore n’imbaraga zabo zose ngo umurimo watangiye neza udakomwa mu nkokora.<br />

Ariko Satani ntiyari yicaye ubusa. Yagerageje gukora ibyo yari yarakoze mu gihe<br />

cy’ubugorozi bwose bwagiye bubaho. Yagiye abeshya kandi akarimbura abantu akoresheje<br />

umurimo bw’ibyiga<strong>na</strong>no mu mwanya w’umurimo nya<strong>ku</strong>ri. Nk’uko mu kinyeja<strong>na</strong> cya mbere<br />

cy’itorero rya Gikristo habayeho ba kristo b’ibinyoma, niko no mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong><br />

gatandatu hahagarutse abahanuzi b’ibinyoma.<br />

Abantu bamwe bamaze gukorwa <strong>ku</strong> mutima no gukanguka kwabayeho mu<br />

by’iyobokama<strong>na</strong>, bibwiye ko bahawe uguhishurirwa <strong>ku</strong>dasanzwe <strong>ku</strong>vuye mu ijuru, maze<br />

bavuga ko Ima<strong>na</strong> yabahaye inshingano yo gukomeza ubugorozi Luteri yari yaratangiranye<br />

imbaraga nke nk’uko babivugaga. Mu by’u<strong>ku</strong>ri, basenyaga umurimo Luteri yari yarakoze.<br />

131

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!