07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubugorozi bwateraga imbere buhoro buhoro mu mujyi wa Zurich. Abanzi babwo<br />

barakangutse maze bahagurukira <strong>ku</strong>burwanya bivuye inyuma. Mu mwaka umwe mbere<br />

y’icyo gihe ni ho umupadiri w’i Wittenberg yari yaravugiye i Worms imbere ya Papa<br />

n’umwami w’abami ati: ” Oya”, none ibyagaragaraga byose byasaga n’ibyereka<strong>na</strong> <strong>ku</strong>rwanya<br />

amabwiriza ya Papa <strong>ku</strong>giye <strong>ku</strong>ba i Zurich nk’uko byagenze i Worms. Zwingle yatewe incuro<br />

nyinshi. Aho ubupapa bwabaga bwiganje uko ibihe byagiye biha ibindi, abantu bayobotse<br />

ubutumwa bwiza bajyaba bicwa urupfu rubi, ariko ibyo ntibyari bihagije. Uwigishaga ibyo<br />

bitaga ubuyobe yagombaga gucecekeshwa. Muri ubwo buryo umwepisikopi w’i Constance<br />

yohereje intumwa eshatu mu <strong>na</strong>ma y’i Zurich zirega Zwingli ko yigisha abantu kwica<br />

amategeko y’itorero, bityo bikaba biteza amahoro make n’imvururu mu bantu. Uwo<br />

mwepisikopi yongeyeho ko niba ubutegetsi bw’itorero busuzuguwe, ingaruka yaba iy’uko<br />

abantu bose baba ibyigenge. Zwingli yasubije yiregura avuga ko yigishije ubutumwa bwiza i<br />

Zurich mu gihe cy’imyaka ine bityo “uwo mujyi wa Zurich ukaba ari wo wari utuje kandi<br />

urimo amahoro <strong>ku</strong>rusha indi mijyi yose y’izo ntara. Yaravuze ati: “None se ntabwo Ubukristo<br />

ari bwo murinzi ukomeye utuma muri rusange habaho umutekano?” 162<br />

Izo ntumwa zasabye abajya<strong>na</strong>ma gukomeza <strong>ku</strong>ba mu itorero zikavuga ko hanze yaryo nta<br />

gakiza gahari. Zwingli yavuze <strong>ku</strong>ri ayo magambo y’izo ntumwa ati: “Iki kirego cye<br />

<strong>ku</strong>batangaza! Urufatiro rw’<strong>Itorero</strong> ni cya Gitare, Kristo, We wahaye Petero izi<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ko<br />

yamuhamije nk’uko ari. Umuntu uwo ariwe wese wo mu mahanga yose wizera Umwami<br />

Yesu n’umutima we wose Ima<strong>na</strong> iramwemera. Mu by’u<strong>ku</strong>ri aha ni ho hari itorero kandi hirya<br />

yaryo nta muntu ubasha <strong>ku</strong>hakirizwa.” 163<br />

Umusaruro wavuye muri iyo <strong>na</strong>ma wabaye uwo uko umwe mu ntumwa, wa mukaridi<strong>na</strong>ri<br />

yari yohereje yemeye iby’ukwizera <strong>ku</strong>vuguruye.<br />

Abari muri iyo <strong>na</strong>ma banze <strong>ku</strong>gira icyo bakora kirwanya Zwingli, bityo Roma itegura<br />

igitero gikaze. Ubwo Zwingli yamenyaga ubugambanyi bw’abanzi be yaravuze ati:<br />

“Nimubareke baze; mbatinya nk’uko ibitare byo <strong>ku</strong> nkombe bitinya imivumba iza<br />

ibyisukaho.” 164<br />

Umuhati w’abo banyadini nta kindi wagezeho uretse gutuma umurimo bashakaga gusenya<br />

waguka. U<strong>ku</strong>ri kwakomeje gukwira hose. Mu Budage aho abari barayobotse u<strong>ku</strong>ri bakaba<br />

bari baraciwe intege n’urupfu rwa Luteri, ubwo babo<strong>na</strong>ga iterambere ry’ubutumwa bwiza mu<br />

Busuwisi, bongeye <strong>ku</strong>garura ubuyanja.<br />

Uko ubugorozi bwarushagaho gushinga imizi mu mujyi wa Zurich, imbuto zabwo<br />

zarushijeho <strong>ku</strong>garagara neza mu <strong>ku</strong>gabanuka kw’ingeso mbi no gushyigikirwa kwa gahunda<br />

n’umutekano mu bantu. Zwingli yaranditse ati: “Amahoro atuye mu mujyi wacu, nta<br />

ntonganya ziharangwa, nta buryarya, nta shyari nta n’urugomo. Mbese ubumwe nk’ubwo<br />

bubasha gukomoka he uretse <strong>ku</strong>ri Kristo no <strong>ku</strong> nyigisho zacu zitwuzuza imbuto z’amahoro<br />

n’ubutungane?” 165<br />

128

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!