07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

I Zurich, Zwingli yahabwirizanyije umwete mwinshi yamaga<strong>na</strong> ubucuruzi bw’imbabazi<br />

z’ibyaha; maze igihe Samusoni yari ageze hafi yaho ahura n’intumwa yoherejwe n’abagize<br />

i<strong>na</strong>ma y’ubutegetsi imubuza kwinjira muri uwo mujyi. Amaherezo yaje gushobora kwinjira<br />

yiyoberanyije nyamara yaje kwirukanwa atabashije <strong>ku</strong>gurisha n’icyangombwa <strong>na</strong> kimwe<br />

gihesha imbabazi maze nyuma y’aho bidatinze ahita ava mu Busuwisi.<br />

Ubugorozi bwahawe imbaraga nyinshi no kwaduka kw’icyorezo gikaze cyahitanye abantu<br />

benshi mu Busuwisi mu mwaka wa 1519. Uko muri ubwo buryo abantu babo<strong>na</strong>ga urupfu<br />

rubugarije, benshi babashije <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uburyo imbabazi bari bamaze igihe gito baguze zari<br />

imfabusa ndetse ntizigire n’akamaro. Bityo byatumye bashaka <strong>ku</strong>gira urufatiro nya<strong>ku</strong>ri rwo<br />

kwizera kwabo. Zwingli <strong>na</strong>we ari i Zurich yafashwe n’iyo ndwara iramurembya cyane <strong>ku</strong><br />

buryo icyizere cyose cyo gukira kwe cyashiraga mu bantu, bityo in<strong>ku</strong>ru ikwira hose ko yaba<br />

yapfuye. Muri icyo gihe gikomeye, ntabwo ibyiringiro bye n’ubutwari byacogoye. Afite<br />

kwizera, yahanze amaso ye umusaraba w’i Karuvali, yiringira ko igitambo cya Kristo gihagije<br />

giha<strong>na</strong>gura abantu ho ibyaha. Ubwo yari akirutse avuye <strong>ku</strong> munwa w’urupfu, cyari igihe cyo<br />

<strong>ku</strong>bwirizanya ubutumwa bwiza umuhati mwinshi <strong>ku</strong>rusha uko yigeze abikora; kandi<br />

amagambo ye yari afite imbaraga idasanzwe. Abantu bakiranye ibyishimo umushumba wabo<br />

ba<strong>ku</strong>nda wari ubagaruriwe a<strong>ku</strong>we <strong>ku</strong> munwa w’urupfu. Abo bantu ubwabo bari bavuye mu<br />

ngorane zo kwita <strong>ku</strong> barwayi n’abasambaga bityo bituma babasha guha agaciro ubutumwa<br />

bwiza <strong>ku</strong>ruta mbere.<br />

Zwingli yari amaze gusobanukirwa neza n’u<strong>ku</strong>ri k’ubutumwa bwiza kandi yari amaze<br />

kwiyumvamo imbaraga yako ihindura umuntu akaba mushya. Yibandaga <strong>ku</strong> ngingo zivuga<br />

ibyo <strong>ku</strong>gwa k’umuntu n’iby’i<strong>na</strong>ma y’agakiza. Yaravuze ati: “Twese twapfiriye muri Adamu,<br />

kandi twarohamye mu bibi no gucirwaho iteka.” 160 “Kristo yaturonkeye gucungurwa<br />

kw’iteka. . . Umubabaro yagize ni igitambo gihoraho kandi gifite ubushobozi bwo gukiza<br />

by’iteka ryose. Cyuzuza ibyo ubutabera bw’Ima<strong>na</strong> busaba by’iteka ryose mu cyimbo<br />

cy’abantu bose bishingikiriza <strong>ku</strong>ri icyo gitambo bafite kwizera gushikamye kandi<br />

<strong>ku</strong>tanyeganyega.” Nyamara kandi yigishije neza ko ubuntu bwa Kristo budahesha abantu<br />

umudendezo wo gukomeza gukora ibyaha. Yaravugaga ati: “Ahantu hose hari ukwizera<br />

Ima<strong>na</strong>, Ima<strong>na</strong> irahaba; kandi aho Ima<strong>na</strong> iri, haba umwete ukangura abantu ukabahatira gukora<br />

imirimo myiza.”- 161<br />

Ibibwirizwa bya Zwingli byabaga bishimishije abantu <strong>ku</strong> buryo kiziya nini (Katederari)<br />

yuzuraga igasaguka imbaga y’abantu bazaga <strong>ku</strong>mutega amatwi. Zwingli yabwiraga<br />

abamuteze amatwi u<strong>ku</strong>ri buhoro buhoro a<strong>ku</strong>rikije uko yabo<strong>na</strong>ga bashobora <strong>ku</strong>kwakira.<br />

Yitonderaga cyane <strong>ku</strong>ba yahita ababwira ingingo zishobora <strong>ku</strong>bakangaranya cyangwa ngo<br />

zibazanemo urwikekwe. Umurimo we wari uwo gushyikiriza imitima yabo inyigisho za<br />

Kristo, gutuma ituza <strong>ku</strong>bw’uru<strong>ku</strong>ndo rwe no <strong>ku</strong>bereka urugero rwa Kristo; bityo uko<br />

barushagaho kwakira amahame y’ubutumwa bwiza, ni ko bagendaga bacika <strong>ku</strong> myizerere<br />

yabo n’imigenzo bya gipagani.<br />

127

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!