07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kwiyambaza Mariya cyangwa abatagatifu bishobora <strong>ku</strong>bahesha ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>? . . . Mbese<br />

amagambo menshi dukoresha dusenga amaze iki? Mbese ibitambaro bishashagira<strong>na</strong> bipfutse<br />

umutwe, umutwe utagira umusatsi, amakanzu maremare kandi atatswe indabo, cyangwa<br />

inkweto zitatswe izahabu <strong>ku</strong> misozo bimaze iki? . . . Ima<strong>na</strong> ireba <strong>ku</strong> mutima kandi imitima<br />

yacu iri <strong>ku</strong>re yayo.” Yaravuze ati: “Kristo wabambwe <strong>ku</strong> musaraba ni we gitambo cy’ibyaha<br />

by’abizera <strong>ku</strong>geza iteka ryose.” 154<br />

Abantu benshi bumvise ayo magambo ntibayakiriye neza. Byari urucantege rukomeye<br />

<strong>ku</strong>ri bo <strong>ku</strong>bwirwa ko urugendo ru<strong>na</strong>nije bakoze barukoreye ubusa. Ntabwo bashoboraga<br />

gusobanukirwa n’imbabazi bahererwa ubuntu muri Kristo. Bari banyuzwe n’inzira ya kera<br />

iga<strong>na</strong> mu ijuru, iyo Roma yari yaraberetse. Banze guhangayikishwa no gushaka ikindi<br />

cyarushaho <strong>ku</strong>babera cyiza. Byari biboroheye cyane kwiringira abapadiri <strong>na</strong> Papa mu<br />

by’agakiza kabo aho gushaka gutunga<strong>na</strong> k’umutima.<br />

Nyamara hari irindi tsinda ryakiranye ibyishimo in<strong>ku</strong>ru yo gucungurwa <strong>ku</strong>bonerwa muri<br />

Kristo. Ibyo Roma yabasabaga <strong>ku</strong>bahiriza ntibyari byarabazaniye amahoro yo mu mutima,<br />

maze mu kwizera, bemera ko amaraso y’Umukiza ari yo abezaho ibyaha byabo. Abangaba<br />

basubiye iwabo bajya guhishurira abandi umucyo utangaje bari barakiriye. Uko ni ko u<strong>ku</strong>ri<br />

kwavaga mu mudugudu <strong>ku</strong>kagera mu wundi, <strong>ku</strong>kava mu mujyi <strong>ku</strong>kajya mu wundi bityo<br />

umubare w’abantu bazaga gusura ingoro ya Mariya uragabanyuka cyane. Ha<strong>na</strong>bayeho<br />

<strong>ku</strong>gabanyuka kw’amaturo maze ingaruka iba <strong>ku</strong>gabanyuka k’umushahara wa Zwingli wavaga<br />

muri ayo maturo. Nyamara ibi byamuteye ibyishimo ubwo yabo<strong>na</strong>ga ko imbaraga zo gukabya<br />

mu myizerere no gutwarwa n’imigenzo zigenda zicika.<br />

Abayobozi b’<strong>Itorero</strong> ntibaburaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umurimo Zwingli yakoraga; ariko icyo gihe<br />

barihanganye ntibawurogoya. Biringiraga ko bazamwigarurira akajya mu ruhande rwabo,<br />

bashatse <strong>ku</strong>mwigarurira bakoresheje <strong>ku</strong>musheshya ariko muri icyo gihe u<strong>ku</strong>ri kwarimo<br />

gucengera mu mitima y’abantu.<br />

Imirimo Zwingli yakoreye i Einsiedeln yamuteguriye gukora umurimo wagutse <strong>ku</strong>rutaho<br />

kandi ni wo yaje kwinjiramo bidatinze. Amaze imyaka itatu i Einsiedeln yaje guhamagarwa<br />

<strong>ku</strong>jya gukora umurimo wo <strong>ku</strong>bwiriza muri kiriziya nini cyane y’i Zurich. Zurich niwo wari<br />

umujyi ukomeye cyane mu Busuwisi kandi ibyajyaga <strong>ku</strong>va aho byagombaga gukwira hose.<br />

Nyamara kandi, abanyamadini bari bamutumiye i Zurich, bashakaga ko nta nyigisho nshya<br />

zihigishwa bityo bibatera guha Zwingli amabwiriza ajya<strong>na</strong> n’inshingano yari imuzanye.<br />

Baramubwiye bati: “Uzakore ibishoboka byose <strong>ku</strong>gira ngo umugabane w’icyigisho<br />

wigishijwe ugire umusaruro winjiza kandi ntukagire icyo usubiza inyuma. Uzashishikariza<br />

abizera bose, waba uri <strong>ku</strong>bwiririza <strong>ku</strong>ri aritari cyangwa uri kwakira abicuza ibyaha, ko<br />

bagomba gutanga icyacumi cyose n’ibindi basabwa, kandi bakerekanisha amaturo yabo<br />

batanga ko ba<strong>ku</strong>nda itorero. Uzita cyane <strong>ku</strong> kongera inyungu zituruka <strong>ku</strong> barwayi, muri za<br />

misa n’indi mihango yose ikorwa.” Abamuhaga amabwiriza bongeyeho bati: “Ku<br />

byerekeranye no gutanga amasakaramentu, <strong>ku</strong>bwiriza ndetse no kwita <strong>ku</strong> mu<strong>ku</strong>mbi, ibyo<br />

124

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!