07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bwenge bw’abantu, ahubwo yabo<strong>na</strong>ga ko ari inshingano ye gusesengura icyo ryigisha mu<br />

buryo butaziguye. Yageragezaga kwifashisha ibishoboka byose <strong>ku</strong>gira ngo abone<br />

ubusobanuro bwabyo bwuzuye kandi butuganye, ndetse yasabaga gufashwa <strong>na</strong> Mwuka<br />

Muziranenge wabashaga <strong>ku</strong>bihishurira abantu bose babyigaga babishimikiriye kandi basenga.<br />

Zwingli yaravuze ati: “Ibyanditswe Byera bikomoka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> ntibikomoka <strong>ku</strong> muntu,<br />

kandi Ima<strong>na</strong> imurikira abantu izabaha gusobanukirwa ko iri jambo rikomoka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. . .<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ntirihinyuka; ni umucyo, ririgisha, kandi rikisobanura ubwaryo, rimurikira<br />

ubugingo <strong>ku</strong>bw’agakiza n’ubuntu, rikabukomereza mu Ma<strong>na</strong>, ribucisha bugufi <strong>ku</strong> buryo<br />

yiyibagirwa akomata<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong>.” Zwingli ubwe yari amaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>ri kw’ayo magambo.<br />

Ubwo yavugaga ibyamubayeho muri icyo gihe, nyuma y’aho yaranditse ati: “Igihe<br />

<strong>na</strong>tangiraga kwirundurira mu Byanditswe Byera, ubucurabwenge n’inyigisho z’iyobokama<strong>na</strong><br />

byahoraga binteza impagarara. Amaherezo <strong>na</strong>geze <strong>ku</strong>ri ibi, ndatekereza nti: ‘Ngomba <strong>ku</strong>reka<br />

biriya binyoma maze nkiga ubusobanuro Ima<strong>na</strong> itanga mbu<strong>ku</strong>ye mu ijambo ryayo ryoroheje.’<br />

Bityo <strong>na</strong>tangiye gusaba Ima<strong>na</strong> ngo imurikire maze Ibyanditswe Byera bitangira <strong>ku</strong>rushaho<br />

<strong>ku</strong>nsobanukira mu buryo bworoshye.” 151<br />

Ntabwo inyigisho Zwingli yabwirizaga yari yarazikomoye <strong>ku</strong>ri Luteri. Yari yazihawe <strong>na</strong><br />

Kristo. Uwo mugorozi w’Umusuwisi yaravuze ati: “Niba Luteri abwiriza ibya Kristo, akora<br />

ibyo <strong>na</strong>njye nkora. Abantu yazanye <strong>ku</strong>ri Kristo ni benshi <strong>ku</strong>ruta abo <strong>na</strong>zanye. Nyamara ibyo<br />

ntacyo bitwaye. Nta rindi zi<strong>na</strong> nzitirirwa uretse irya Kristo <strong>ku</strong>ko ndi umusirikari we, kandi ni<br />

we Mugaba wanjye wenyine. Nta jambo <strong>na</strong> rimwe nigeze <strong>na</strong>ndikira Luteri cyangwa <strong>na</strong>we<br />

agire iryo anyandikira. Ibyo ni u<strong>ku</strong>bera iki? . . . Ni u<strong>ku</strong>gira ngo bigaragare uburyo Mwuka<br />

w’Ima<strong>na</strong> ativuguruza <strong>ku</strong>bera ko twembi twigisha inyigisho ya Kristo tugahuza muri ubwo<br />

buryo kandi tutarahuye. 152<br />

Mu mwaka wa 1516, Zwingli yararikiwe <strong>ku</strong>bwiriza mu kigo cy’abapadiri cya Einsiedeln.<br />

Ahongaho yagombaga <strong>ku</strong>habonera neza ugusaya mu bibi kwa Roma kandi yagombaga <strong>ku</strong>gira<br />

icyo akora nk’umugorozi cyari <strong>ku</strong>zamenyeka<strong>na</strong> kikarenga mu misozi ya Alps yavukiyemo.<br />

Mu bintu bikomeye bya<strong>ku</strong>ruraga amaso y’abantu by’aho Einsiedeln harimo ishusho ya<br />

Mariya bavugaga ko ifite imbaraga yo gukora ibitangaza. Ku muryango w’icyo kigo<br />

cy’abapadiri hari handitswe ngo: “Ahangaha hashobora gubonerwa imbabazi z’ibyaha.” 153<br />

Ibihe byose by’umwaka abantu benshi bafataga urugendo baje <strong>ku</strong>ri ya shusho ya Mariya,<br />

ariko <strong>ku</strong> munsi mu<strong>ku</strong>ru wabaga buri mwaka wo kwibuka gutoramywa kw’iyo shusho, abantu<br />

ibihumbi byinshi baturukaga mu bice byose by’Ubusuwisi ndetse abandi bakava mu<br />

Bufaransa no mu Budage. Zwingli abibonye atyo agira agahinda kenshi, bityo ba bantu<br />

babaye imbohe z’imihango, aboneraho umwanya wo <strong>ku</strong>bigisha iby’umudendezo uva mu<br />

butumwa bwiza.<br />

Yaravuze ati: “Ntimugatekereze ko Ima<strong>na</strong> iri muri iyi ngoro <strong>ku</strong>ruta uko iba ahandi hantu<br />

hose haremwe. Igihugu mwaba mutuyemo cyose, Ima<strong>na</strong> iri hafi yanyu kandi<br />

irabumva...Mbese imirimo itabaha inyungu, gukora ingendo ndende, amaturo, amashusho,<br />

123

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!