07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 9 – Umugorozi W’Umusuwisi<br />

Mu gutoranya abakozi bo <strong>ku</strong>vugurura itorero, hagaragara ya gahunda y’Ima<strong>na</strong><br />

yakoreshejwe mu <strong>ku</strong>ritangiza. Umwigisha waturutse mu ijuru yirengagije abantu bakomeye<br />

bo <strong>ku</strong> isi, abanyacyubahiro n’abakire bari bamenyereye gusingizwa no guhabwa icyubahiro<br />

nk’abayobozi b’abandi. Bari abantu bibo<strong>na</strong> cyane kandi buzuwemo no kwiyiringira mu i<strong>ku</strong>zo<br />

bari bafite ryuzuye ubwirasi <strong>ku</strong> buryo batashoboraga guhinduka ngo bifatanye <strong>na</strong> bagenzi<br />

babo kandi bafatanye n’Umunya<strong>na</strong>zareti wicishaga bugufi. Abantu batashoboye kwiga<br />

n’abarobyi bamenyereye umuruho b’i Galilaya ni bo bagejejweho uyu muhamagaro ngo:<br />

“Nimun<strong>ku</strong>rikire, nzabagira abarobyi b’abantu.” Matayo 4:19. Abo bigishwa bicishaga bugufi<br />

kandi bakemera kwigishwa. Kuba batari barandujwe cyane n’inyigisho z’ibinyoma zo muri<br />

icyo gihe, byatumye Kristo ashobora <strong>ku</strong>bigisha no <strong>ku</strong>batoza gukora umurimo we maze<br />

birushaho <strong>ku</strong>genda neza.<br />

Uko ni <strong>na</strong>ko byagenze mu gihe cy’Ubugorozi bukomeye. Abagorozi bari bari <strong>ku</strong> ruhembe<br />

rw’imbere bari abantu bafite imibereho yoroheje, babaye abantu mu gihe cyabo badafite<br />

ubwibone buterwa n’imyanya y’icyubahiro kandi ntibari baratwawe n’urwikekwe<br />

n’uburiganya bwarangaga abapadiri. Ni umugambi w’Ima<strong>na</strong> gukoresha abantu boroheje<br />

<strong>ku</strong>gira ngo bagere <strong>ku</strong> bintu bikomeye. Bityo rero, ntabwo abantu ari bo bazahabwa i<strong>ku</strong>zo,<br />

ahubwo rizahabwa Ima<strong>na</strong> yo ibakoreramo ikabatera gushaka no gukora ibyo yishimira.<br />

Nyuma y’ibyumweru bike Luteri amaze <strong>ku</strong>vukira mu kigonyi cy’abacu<strong>ku</strong>zi b’ubutare i<br />

Saxony, nibwo Ulric Zwingli <strong>na</strong>we yavutse mu rugo rworoheje rw’umworozi wo mu misozi<br />

miremire ya Alps. Ahari hakikije Zwingli mu bwa<strong>na</strong> bwe ndetse n’uburere yahawe akiri muto<br />

byari ibyo <strong>ku</strong>mutegurira umurimo we w’ahazaza. Yarerewe hagati y’ibyaremwe bitangaje,<br />

byuzuye ubwiza, bituma intekerezo ze zitwarwa no gusobanukirwa gukomera, imbaraga<br />

n’igitinyiro by’Ima<strong>na</strong> akiri muto. Amateka y’ibikorwa bitangaje byakorewe muri iyo misozi<br />

yavukiyemo yamurikiye imigambi ye ya gisore. Yicaraga iruhande rwa nyira<strong>ku</strong>ru wari<br />

inyangamugayo maze agategera amatwi ibitekerezo bike bitangaje byo muri Bibiliya uwo<br />

mukecuru yari yara<strong>ku</strong>sanyije abi<strong>ku</strong>ye mu mateka avuga ibikorwa by’indengakamere<br />

n’inyigisho byaranze itorero. Zwingle yabaga afite amatsiko cyane mu gihe yumvaga<br />

iby’ibikorwa bikomeye by’aba<strong>ku</strong>rambere n’abahanuzi ndetse n’iby’abashumba barindaga<br />

imi<strong>ku</strong>mbi yabo <strong>ku</strong> misozi ya Palesiti<strong>na</strong> aho abamarayika bavuganiye <strong>na</strong>bo bakababwira<br />

iby’umwa<strong>na</strong> wavukiye i Beterehemu n’umuntu w’i Karuvali.<br />

Nk’uko byabaye <strong>ku</strong>ri Luteri, se wa Zwingli yifuzaga ko umwa<strong>na</strong> we yiga, maze uwo<br />

muhungu akiri muto ava mu kibaya cy’iwabo aho yavukiye. Ubwenge bwe bwagwiraga vuba<br />

vuba <strong>ku</strong> buryo bidatinze byaje <strong>ku</strong>ba ikibazo niba haboneka abarimu bashobora <strong>ku</strong>mwigisha.<br />

Amaze <strong>ku</strong>gira imyaka cumi n’itatu yagiye ahitwa i Bern, habarizwaga ishuri riruta ayandi mu<br />

Busuwisi. Ariko ageze yo, haje <strong>ku</strong>vuka ingorane yari igambiriye gukoma mu nkokora<br />

ibyiringiro yari afite mu buzima bwe. Abapadiri bakoze uko bashoboye kose <strong>ku</strong>gira ngo<br />

121

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!