Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba 120

Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 9 – Umugorozi W’Umusuwisi Mu gutoranya abakozi bo kuvugurura itorero, hagaragara ya gahunda y’Imana yakoreshejwe mu kuritangiza. Umwigisha waturutse mu ijuru yirengagije abantu bakomeye bo ku isi, abanyacyubahiro n’abakire bari bamenyereye gusingizwa no guhabwa icyubahiro nk’abayobozi b’abandi. Bari abantu bibona cyane kandi buzuwemo no kwiyiringira mu ikuzo bari bafite ryuzuye ubwirasi ku buryo batashoboraga guhinduka ngo bifatanye na bagenzi babo kandi bafatanye n’Umunyanazareti wicishaga bugufi. Abantu batashoboye kwiga n’abarobyi bamenyereye umuruho b’i Galilaya ni bo bagejejweho uyu muhamagaro ngo: “Nimunkurikire, nzabagira abarobyi b’abantu.” Matayo 4:19. Abo bigishwa bicishaga bugufi kandi bakemera kwigishwa. Kuba batari barandujwe cyane n’inyigisho z’ibinyoma zo muri icyo gihe, byatumye Kristo ashobora kubigisha no kubatoza gukora umurimo we maze birushaho kugenda neza. Uko ni nako byagenze mu gihe cy’Ubugorozi bukomeye. Abagorozi bari bari ku ruhembe rw’imbere bari abantu bafite imibereho yoroheje, babaye abantu mu gihe cyabo badafite ubwibone buterwa n’imyanya y’icyubahiro kandi ntibari baratwawe n’urwikekwe n’uburiganya bwarangaga abapadiri. Ni umugambi w’Imana gukoresha abantu boroheje kugira ngo bagere ku bintu bikomeye. Bityo rero, ntabwo abantu ari bo bazahabwa ikuzo, ahubwo rizahabwa Imana yo ibakoreramo ikabatera gushaka no gukora ibyo yishimira. Nyuma y’ibyumweru bike Luteri amaze kuvukira mu kigonyi cy’abacukuzi b’ubutare i Saxony, nibwo Ulric Zwingli nawe yavutse mu rugo rworoheje rw’umworozi wo mu misozi miremire ya Alps. Ahari hakikije Zwingli mu bwana bwe ndetse n’uburere yahawe akiri muto byari ibyo kumutegurira umurimo we w’ahazaza. Yarerewe hagati y’ibyaremwe bitangaje, byuzuye ubwiza, bituma intekerezo ze zitwarwa no gusobanukirwa gukomera, imbaraga n’igitinyiro by’Imana akiri muto. Amateka y’ibikorwa bitangaje byakorewe muri iyo misozi yavukiyemo yamurikiye imigambi ye ya gisore. Yicaraga iruhande rwa nyirakuru wari inyangamugayo maze agategera amatwi ibitekerezo bike bitangaje byo muri Bibiliya uwo mukecuru yari yarakusanyije abikuye mu mateka avuga ibikorwa by’indengakamere n’inyigisho byaranze itorero. Zwingle yabaga afite amatsiko cyane mu gihe yumvaga iby’ibikorwa bikomeye by’abakurambere n’abahanuzi ndetse n’iby’abashumba barindaga imikumbi yabo ku misozi ya Palesitina aho abamarayika bavuganiye nabo bakababwira iby’umwana wavukiye i Beterehemu n’umuntu w’i Karuvali. Nk’uko byabaye kuri Luteri, se wa Zwingli yifuzaga ko umwana we yiga, maze uwo muhungu akiri muto ava mu kibaya cy’iwabo aho yavukiye. Ubwenge bwe bwagwiraga vuba vuba ku buryo bidatinze byaje kuba ikibazo niba haboneka abarimu bashobora kumwigisha. Amaze kugira imyaka cumi n’itatu yagiye ahitwa i Bern, habarizwaga ishuri riruta ayandi mu Busuwisi. Ariko ageze yo, haje kuvuka ingorane yari igambiriye gukoma mu nkokora ibyiringiro yari afite mu buzima bwe. Abapadiri bakoze uko bashoboye kose kugira ngo 121

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

120

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!