07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubwo yari muri uwo mutekano i Wartbourg, Luteri yamaze igihe yishimiye <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><br />

akanya ko <strong>ku</strong>ruhuka amakimbirane. Ariko ntiyajyaga <strong>ku</strong>nyurwa no kwigumira mu kiruhuko<br />

gusa atuje. Kubera ko yari amenyereye ubuzima bwo gukora no <strong>ku</strong>nyura mu makimbirane,<br />

ntiyashoboraga kwihanganira <strong>ku</strong>baho ntacyo akora. Muri iyo minsi yo <strong>ku</strong>ba wenyine,<br />

imibereho y’itorero yamuzaga imbere maze akaboroga yihebye ati: “Mbega! Muri iyi minsi<br />

ya nyuma y’umujinya w’Ima<strong>na</strong> nta muntu n’umwe utinyutse guhaguruka ngo abe uru<strong>ku</strong>ta<br />

imbere y’Uhoraho, bityo ngo akize Isiraheli.” 149<br />

Yongeye kwitekerezaho maze atinya <strong>ku</strong>ba yaregwa ubugwari <strong>ku</strong>ko yahunze urugamba.<br />

Yigayaga ubunebwe no <strong>ku</strong>damarara. Nyamara kandi buri munsi yakoraga ibirenze ibyo<br />

umuntu umwe yabasha gukora. Ikaramu ye ntiyigeze ihwema kwandikishwa. Mu gihe abanzi<br />

be bishyeshyaga bavuga ko bamucecekesheje, baje gutangazwa kandi bagwa <strong>ku</strong> kayubi ko<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> igihamya gifatika cyereka<strong>na</strong> ko agikora. Impapuro nyinshi cyane zanditswe <strong>na</strong>we<br />

zakwirakwiraga mu Budage. Ya<strong>na</strong>koreye umurimo w’ingenzi cyane abo mu gihugu cye<br />

asobanura Isezerano Rishya mu rurimi rw’Ikidage. Aho yari yihishe yahakomereje<br />

kwamamaza ubutumwa bwiza no kwamaga<strong>na</strong> ibyaha n’amakosa byakorwaga muri ibyo bihe,<br />

abikora mu gihe kijya <strong>ku</strong>nga<strong>na</strong> n’umwaka.<br />

Ntabwo rero <strong>ku</strong>ba Ima<strong>na</strong> yara<strong>ku</strong>ye umugaragu wayo mu mibereho yo <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong> n’abandi<br />

bantu kwari u<strong>ku</strong>rinda Luteri umujinya w’abanzi be gusa cyangwa <strong>ku</strong>muha igihe gituje <strong>ku</strong>gira<br />

ngo abashe gukora iyo mirimo y’ingirakamaro. Hari hariho ibindi byiza birusha ibyo agaciro<br />

byagombaga <strong>ku</strong>gerwaho. Mu <strong>ku</strong>ba wenyine n’umwijima w’aho yari aruhukiye mu misozi,<br />

Luteri yari atandukanyijwe n’ibyashoboraga <strong>ku</strong>mushyigikira biboneka mu isi kandi akaba<br />

arinzwe gusingizwa n’abantu. Uko ni ko yakize ubwibone no kwiyemera bi<strong>ku</strong>nze akenshi<br />

guterwa no <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> nsinzi. Kubabazwa no gucishwa bugufi byamuteguriye <strong>ku</strong>manuka<strong>na</strong><br />

umutuzo ako gacuri yari yazamuriwe huti huti.<br />

Iyo abantu bishimiye umudendezo bazanirwa n’u<strong>ku</strong>ri, usanga bagira umutima wo<br />

gusingiza abantu Ima<strong>na</strong> yakoresheje mu guca iminyururu y’ubuyobe n’imihango ya gipagani.<br />

Satani aharanira <strong>ku</strong>yobya intekerezo z’abantu n’ibyo ba<strong>ku</strong>nda bakabi<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> maze<br />

bakabyerekeza <strong>ku</strong> bantu. Abatera <strong>ku</strong>baha abantu boroheje Ima<strong>na</strong> ikoresha ariko bagasuzugura<br />

u<strong>ku</strong>boko kw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bayobora mu byo bakora byose. Kenshi cyane abayobozi mu by’idini<br />

bahabwa i<strong>ku</strong>zo kandi ba<strong>ku</strong>bahwa muri ubwo buryo, bibagirwa ko babikesha Ima<strong>na</strong>, bityo<br />

bikabatera kwiyiringira. Ingaruka ivamo ni uko bageraho bagashaka <strong>ku</strong>yobora intekerezo<br />

n’imitima by’abantu baba biteguye <strong>ku</strong>bahanga amaso ngo babayobore aho guhanga amaso<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Akenshi umurimo w’ivugurura (ubugorozi) ugenda udindira bitewe n’uyu<br />

mwuka uranga abashyigikiye uyu murimo. Ima<strong>na</strong> yifuza <strong>ku</strong>rinda umurimo w’ivugurura ako<br />

kaga. Yifuzaga ko uwo murimo utashyirwaho ikimenyetso cy’umuntu ahubwo ugashyirwaho<br />

icy’Ima<strong>na</strong>. Abantu bari barahanze amaso yabo Luteri <strong>ku</strong>ko ari we wasobanuraga u<strong>ku</strong>ri. Bityo<br />

yabaye a<strong>ku</strong>we hagati yabo <strong>ku</strong>gira ngo amaso yose yerekezwe <strong>ku</strong> Mwanditsi uhoraho w’u<strong>ku</strong>ri.<br />

119

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!