Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba agatera umugongo intumwa yoherejwe n’ijuru, ni ko umwami Charles wa V yiyemeje kwanga umucyo w’ukuri agakurikiza ubwibone bw’ab’isi na gahunda yabo. Inkuru z’impuha zivuga ko hari imigambi yo kwica Luteri zakwiragizwaga hose maze zitera imidugararo mu mujyi wose. Umugorozi Luteri yari afite incuti nyinshi zari zizi ubugome bukomeye Roma yagiriraga abantu bose batinyukaga gushyira ahagaragara ibibi byayo, bityo ziyemeza ko atagomba kwicwa. Abantu amagana menshi bo mu bakomeye biyemeje kumurinda. Abandi benshi banengaga ku mugaragaro ubutumwa bw’umwami bwagaragazaga intege nke mu kumvira imbaraga yategekaga ya Roma. Ku miryango y’amazu n’ahagaragara hose hamanitswe ibyapa byinshi bimwe byanditsweho amagambo aciraho iteka Luteri naho ibindi bimushyigikira. Kimwe muri ibyo byapa cyari cyanditsweho amagambo asobanutse y’umunyabwenge wagize ati: “Ugushije ishyano wa gihugu we gitegekwa n’umwami w’umusore, kikagira abatware birirwa mu birori!” 140 Urukundo rubanda rwo mu Budage bwose rwari rufitiye Luteri rwemeje umwami w’abami n’inama y’abategetsi bakuru ko guhohotera Luteri uko ari ko kose kwahungabanya amahoro y’igihugu cyose ndetse no gutekana kw’ubwami. Ferederiko w’i Saxony yagiraga kwifata, agahishanya ubwitonzi imyumvire ye nyakuri ku byerekeye umugorozi Luteri ariko kandi na none agakomeza kumurinda amwitayeho ubudacogora, agakurikirana ibyo akora byose n’ibyo abanzi be bakora. Nyamara habayeho abandi benshi batigeze bagerageza guhisha impuhwe bafitiye Luteri. Yasurwaga n’ibikomangoma, abakomeye ndetse n’abandi bo mu rwego rwo hejuru baba abarayiki n’abayobozi mu idini. Uwitwa Spalatin yaranditse ati: “Icyumba gito cya dogoteri Luteri nticyashoboraga gukwirwamo abashyitsi bose bazaga.” 141 Abantu bamwitegerezaga nk’aho ari umuntu w’indengakamere. N’abatarizeraga inyigisho ze ntibaburaga gutangarira ubwo budahemuka bwe bukomeye bwatumaga yemera gupfa nk’intwari aho kugira ngo anyuranye n’umutimanama we. Hakoreshejwe umuhati ukomeye kugira ngo Luteri yemere kumvikana na Roma. Ibikomangoma n’abakomeye mu bwami bamwerekaga ko nakomeza ibitekerezo binyuranyije n’iby’itorero n’inama z’abategetsi bakuru, azacibwa mu gihugu bidatinze kandi ntazagire kirengera. Luteri yashubije uko kumwinginga agira ati : “Ntabwo ubutumwa bwiza bwa Kristo bushobora kubwirizwa ngo bubure kurwanywa. . . Byashoboka bite rero ko ubwoba cyangwa kumenya akaga kabasha kumbaho byantandukanya n’Umukiza n’Ijambo ry’Imana ryo kuri rukumbi? Reka da! Nahitamo gutanga umubiri wanjye, amaraso yanjye n’ubuzima bwanjye!” 142 Bongeye kumwingingira kumvira ibyo umwami w’abami yavuze bityo akabasha kutagira icyo atinya. Luteri yarasubije ati: “Nemera n’umutima wanjye wose ko umwami w’abami, ibikomangoma ndetse n’abakristo baciye bugufi bose bagenzura kandi bagacira urubanza ibitabo byanjye; ariko bagashingira ku ngingo imwe y’uko babigereranya n’Ijambo ry’Imana. 116

Itorero na Leta ku Rugamba Nta kintu abantu bagomba gukora uretse kuryumvira. Ntimuhohotere umutimanama wanjye kuko womatanye kandi ukaba uboheranye n’Ibyanditswe Byera.” 143 Bongeye kumwoherereza izindi ntumwa yarabasubije ati: “Ndemera kureka urwandiko rwanjye rw’inzira. Nshyize umubiri wanjye n’ubugingo bwanjye mu maboko y’umwami w’abami, ariko ntibishoboka ko mwegurira Ijambo ry’Imana!” Yavuze ko afite ubushake bwo kumvira umwanzuro inama rusange iri bufate ariko ibyo bikaba mu gihe gusa iyo nama isabwe gufata umwanzuro ikurikije Ibyanditswe Byera. Yongeyeho ati: “Ku byerekeye Ijambo ry’Imana no kwizera, buri Mukristo wese ni umucamanza mwiza nk’uko Papa ari, nubwo Papa yaba ashyigikiwe n’inama nyinshi cyane.” 144 Ari incuti ze, ari n’abanzi be bose bageze aho bemera ko gukomeza kumwingingira kwiyunga n’ubutegetsi bwa papa ntacyo bimaze. Iyo umugorozi Luteri yemera n’ingingo imwe gusa, Satani n’ingabo ze baba baratsinze. Ariko gushikama kwe kutadohoka kwari uburyo bwo guha itorero umudendezo no gutangira ikindi igihe gishya kandi kirushijeho kuba cyiza. Ibyakozwe n’uyu mugabo umwe rukumbi, watinyutse gutekereza no gukora mu nzira ye bwite mu byerekeye iyobokamana, byagombaga kuzateza impinduka itorero ndetse n’isi yose, atari mu gihe cye gusa, ahubwo no mu bisekuru byose byari kuzakurikiraho. Ugushikama kwe n’ubudahemuka bwe byari kuzakomeza abantu bose bari kuzanyura mu bisa n’ibyo yanyuzemo kugeza ku iherezo ry’ibihe. Ubushobozi n’igitinyiro by’Imana byaruse inama z’abantu ndetse birenga n’imbaraga ikomeye ya Satani. Bidatinze Luteri aza guhabwa itegeko n’umwami w’abami ryo gusubira iwe, kandi yari azi ko iryo tegeko rigiye guhita rikurikirwa no gucirwaho iteka. Ibiteye ubwoba byari bikikije aho yanyuraga; ariko ubwo yavaga i Worms, umutima we wari wuzuye ibyishimo no gushima. Yaravuze ati: “Satani ubwe niwe wari urinze igihome cya Papa; ariko Kristo yaciyemo icyanzu bityo Satani yemera ko Kristo amurusha imbaraga.” 145 Amaze kugenda, yanashakaga ko gushikama kwe ku byo yizera bitafatwa nko kwigomeka, bityo bituma Luteri yandikira umwami w’abami. Yaravuze ati: “Imana yo igenzura imitima, imbere umugabo yuko niteguye kukubaha nimazeyo nyakubahwa mwami w’abami, haba mu cyubahiro cyangwa mu gusuzugurwa, haba mu buzima cyangwa mu rupfu ariko ntagize ikindi ndutisha Ijambo ry’Imana kuko ari ryo ribeshejeho umuntu. Mu bikorwa byose muri ubu buzima bwa none, ubudahemuka bwanjye ntibuzanyeganyezwa, kuko kuko muri ubu buzima inyungu cyangwa igihombo nta gaciro bifite ubigereranyije n’agakiza. Ariko mu birebana n’inyungu z’iteka ryose, ntabwo Imana ishaka ko hagira umuntu wumvira undi kubera ko kumvira nk’uko mu byerekeye iby’umwuka niko kuramya nyakuri, kandi nta wundi kugenewe uretse Umuremyi wenyine.” 146 Ari mu rugendo ava i Worms, Luteri yakiriwe neza cyane kuruta uko yakiwe agezeyo. Ibikomangoma byo mu itorero byakiriye uwo mupadiri waciwe mu itorero, kandi abayobozi bo mu butegetsi bwa Leta bubashye uwo muntu wari wahawe akato n’umwami w’abami. 117

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nta kintu abantu bagomba gukora uretse <strong>ku</strong>ryumvira. Ntimuhohotere umutima<strong>na</strong>ma wanjye<br />

<strong>ku</strong>ko womatanye kandi ukaba uboheranye n’Ibyanditswe Byera.” 143<br />

Bongeye <strong>ku</strong>mwoherereza izindi ntumwa yarabasubije ati: “Ndemera <strong>ku</strong>reka urwandiko<br />

rwanjye rw’inzira. Nshyize umubiri wanjye n’ubugingo bwanjye mu maboko y’umwami<br />

w’abami, ariko ntibishoboka ko mwegurira Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>!” Yavuze ko afite ubushake bwo<br />

<strong>ku</strong>mvira umwanzuro i<strong>na</strong>ma rusange iri bufate ariko ibyo bikaba mu gihe gusa iyo <strong>na</strong>ma<br />

isabwe gufata umwanzuro i<strong>ku</strong>rikije Ibyanditswe Byera. Yongeyeho ati: “Ku byerekeye<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> no kwizera, buri Mukristo wese ni umucamanza mwiza nk’uko Papa ari,<br />

nubwo Papa yaba ashyigikiwe n’i<strong>na</strong>ma nyinshi cyane.” 144<br />

Ari incuti ze, ari n’abanzi be bose bageze aho bemera ko gukomeza <strong>ku</strong>mwingingira<br />

kwiyunga n’ubutegetsi bwa papa ntacyo bimaze.<br />

Iyo umugorozi Luteri yemera n’ingingo imwe gusa, Satani n’ingabo ze baba baratsinze.<br />

Ariko gushikama kwe <strong>ku</strong>tadohoka kwari uburyo bwo guha itorero umudendezo no gutangira<br />

ikindi igihe gishya kandi kirushijeho <strong>ku</strong>ba cyiza. Ibyakozwe n’uyu mugabo umwe ru<strong>ku</strong>mbi,<br />

watinyutse gutekereza no gukora mu nzira ye bwite mu byerekeye iyobokama<strong>na</strong>, byagombaga<br />

<strong>ku</strong>zateza impinduka itorero ndetse n’isi yose, atari mu gihe cye gusa, ahubwo no mu bise<strong>ku</strong>ru<br />

byose byari <strong>ku</strong>za<strong>ku</strong>rikiraho. Ugushikama kwe n’ubudahemuka bwe byari <strong>ku</strong>zakomeza abantu<br />

bose bari <strong>ku</strong>zanyura mu bisa n’ibyo yanyuzemo <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> iherezo ry’ibihe. Ubushobozi<br />

n’igitinyiro by’Ima<strong>na</strong> byaruse i<strong>na</strong>ma z’abantu ndetse birenga n’imbaraga ikomeye ya Satani.<br />

Bidatinze Luteri aza guhabwa itegeko n’umwami w’abami ryo gusubira iwe, kandi yari<br />

azi ko iryo tegeko rigiye guhita ri<strong>ku</strong>rikirwa no gucirwaho iteka. Ibiteye ubwoba byari bikikije<br />

aho yanyuraga; ariko ubwo yavaga i Worms, umutima we wari wuzuye ibyishimo no<br />

gushima. Yaravuze ati: “Satani ubwe niwe wari urinze igihome cya Papa; ariko Kristo<br />

yaciyemo icyanzu bityo Satani yemera ko Kristo amurusha imbaraga.” 145<br />

Amaze <strong>ku</strong>genda, ya<strong>na</strong>shakaga ko gushikama kwe <strong>ku</strong> byo yizera bitafatwa nko kwigomeka,<br />

bityo bituma Luteri yandikira umwami w’abami. Yaravuze ati: “Ima<strong>na</strong> yo igenzura imitima,<br />

imbere umugabo yuko niteguye <strong>ku</strong><strong>ku</strong>baha nimazeyo nya<strong>ku</strong>bahwa mwami w’abami, haba mu<br />

cyubahiro cyangwa mu gusuzugurwa, haba mu buzima cyangwa mu rupfu ariko ntagize ikindi<br />

ndutisha Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ko ari ryo ribeshejeho umuntu. Mu bikorwa byose muri ubu<br />

buzima bwa none, ubudahemuka bwanjye ntibuzanyeganyezwa, <strong>ku</strong>ko <strong>ku</strong>ko muri ubu buzima<br />

inyungu cyangwa igihombo nta gaciro bifite ubigereranyije n’agakiza. Ariko mu bireba<strong>na</strong><br />

n’inyungu z’iteka ryose, ntabwo Ima<strong>na</strong> ishaka ko hagira umuntu wumvira undi <strong>ku</strong>bera ko<br />

<strong>ku</strong>mvira nk’uko mu byerekeye iby’umwuka niko <strong>ku</strong>ramya nya<strong>ku</strong>ri, kandi nta wundi<br />

<strong>ku</strong>genewe uretse Umuremyi wenyine.” 146<br />

Ari mu rugendo ava i Worms, Luteri yakiriwe neza cyane <strong>ku</strong>ruta uko yakiwe agezeyo.<br />

Ibikomangoma byo mu itorero byakiriye uwo mupadiri waciwe mu itorero, kandi abayobozi<br />

bo mu butegetsi bwa <strong>Leta</strong> bubashye uwo muntu wari wahawe akato n’umwami w’abami.<br />

117

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!