07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gusukwamo ivu rye nk’uko rwakiriye ivu rya Yohani Huse mu myaka ija<strong>na</strong> ishize.” Ariko<br />

ibikomangoma byo mu Budage nubwo <strong>na</strong>byo byari mu ruhande rwa Papa, bikaba byari abanzi<br />

bakomeye ba Luteri banze kwemera <strong>ku</strong>renga <strong>ku</strong> kwizera kw’abantu, babo<strong>na</strong> ko ari igitotsi<br />

gishyizwe <strong>ku</strong> cyubahiro cy’igihugu cyabo. Bagaragaje ibyago bya<strong>ku</strong>rikiye urupfu rwa Huse<br />

maze bavuga ko batakongera gutinyuka guteza akaga gakomeye nk’ako igihugu cy’Ubudage<br />

ndetse n’umwami w’abami wabo ukiri muto.<br />

Umwami Charles ubwe aza gusubiza icyo gitekerezo cy’ubugome ati: “Nubwo icyubahiro<br />

no kwizera byacibwa mu isi yose, bigomba <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubuhungiro mu mitima y’ibikomangoma.”<br />

Yakomeje gusabwa n’abanzi gica bo <strong>ku</strong> ruhande rwa Papa barwanyaga Luteri, bamusaba<br />

<strong>ku</strong>genza uwo mugorozi nk’uko Sigismond yagenje Huse akamugabiza itorero. Ariko umwami<br />

yibutse ibyabaye ubwo Huse yereka<strong>na</strong>ga iminyururu yari imuboshye, akibutsa umwami<br />

kwizera yarahiriye, umwami Charles wa V yaravuze ati: “Ntabwo ndagaragaza uburakari<br />

bukaze nka Sigismond.”- 137<br />

Nyamara umwami Charles abyihitiyemo, yari yaranze u<strong>ku</strong>ri kwavugwaga <strong>na</strong> Luteri.<br />

Yaranditse ati: “Niyemeje gu<strong>ku</strong>rikiza urugero rw’aba<strong>ku</strong>rambere nshikamye.” 138 Yari<br />

yariyemeje <strong>ku</strong>tazareka inzira y’imigenzo nubwo byaba gushaka gu<strong>ku</strong>rikira inzira y’u<strong>ku</strong>ri<br />

n’ubutungane. Bitewe n’uko ba se<strong>ku</strong>ruza ari ko babikoze, yagombaga gushyigikira ubupapa<br />

n’ubwicanyi no gusayisha mu bibi byabwo. Bityo yafashe icyemezo yanga kwakira umucyo<br />

uwo ari wo wose uruta uwo aba<strong>ku</strong>rambere be bari barakiriye, kandi yanga no <strong>ku</strong>gira icyo ari<br />

cyo cyose yakora batigeze bakora.<br />

Hari benshi bameze batyo no muri iki gihe bakomeza kwihambira <strong>ku</strong> migenzo n’imihango<br />

by’aba<strong>ku</strong>rambere babo. Iyo Umukiza aboherereje umucyo mushya, banga <strong>ku</strong>wemera bitewe<br />

n’uko utigeze uhabwa aba<strong>ku</strong>rambere babo. Nyamara ntabwo turi mu bihe bihwanye n’ibya<br />

ba sogo<strong>ku</strong>ruza, <strong>ku</strong>bw’ibyo rero, ntabwo inshingano zacu zihwanye n’izabo. Ntabwo<br />

tuzemerwa n’Ima<strong>na</strong> nidufatira urugero <strong>ku</strong> ba<strong>ku</strong>rambere bacu <strong>ku</strong>gira ngo turushingireho<br />

duhamya inshingano yacu ubu aho <strong>ku</strong>gira ngo twe ubwacu twishakire ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri.<br />

Inshingano yacu ni nini cyane <strong>ku</strong>ruta iy’aba<strong>ku</strong>rambere bacu. Tuzabazwa iby’umucyo bakiriye<br />

bakawudusigira nk’umurage, nyamara kandi tuza<strong>na</strong>bazwa umucyo mushya uturasira ubu<br />

uturuka mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

Yesu Kristo yabwiye Abayuda banze kwizera ati: “Iyaba ntaje ngo mvugane <strong>na</strong> bo, ntibaba<br />

bafite icyaha: ariko noneho ntibafite uko biregura icyaha cyabo.” 139 Imbaraga y’Ima<strong>na</strong> yari<br />

yavuganye n’umwami w’abami n’ibikomangoma by’Ubudage inyuze muri Luteri. Kandi uko<br />

umucyo wamurikaga uva mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> niko Mwuka wayo yingingaga ubuheruka<br />

abantu benshi bari bateraniye muri iyo nteko. Nk’uko mu binyeja<strong>na</strong> byinshi byari bishize<br />

Pilato yari yaratumye ubwibone no <strong>ku</strong>ba ikirangirire bi<strong>na</strong>ngira umutima we ntiyakire<br />

Umucunguzi w’isi; nk’uko Feliki wahindaga umushyitsi yasabye intumwa yigishaga u<strong>ku</strong>ri<br />

ati: “None genda, nimbo<strong>na</strong> uburyo, nzagutumira”; nk’uko Agripa wari umwibone yatuye<br />

akavuga ati: “Ubuze hato ukanyemeza <strong>ku</strong>ba Umukristo” (Ibyak. 24:25; 26:28); nyamara<br />

115

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!