07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bitangaza incuti ze kimwe n’abanzi be. Mwuka w’Ima<strong>na</strong> yari ari muri iyo <strong>na</strong>ma, agakabakaba<br />

imitima y’abayobozi b’igihugu. Benshi mu bikomangoma batuye rwose yuko ibyo Luteri<br />

avuga ari iby’u<strong>ku</strong>ri. Benshi baratsinzwe bemera u<strong>ku</strong>ri, ariko <strong>ku</strong> bandi uko gufatwa<br />

kwababayeho ntikwamaze igihe kirekire. Na none hariho irindi tsinda ry’abantu batahise<br />

bagaragaza ukwemera kwabo ahubwo bo ubwabo bamaze gusesengura Ibyanditswe, baje<br />

guhinduka abashyigikiye ubugorozi batarangwa n’ubwoba.<br />

Igikomangoma Frederiko yari yarategerezanyije amatsiko <strong>ku</strong>zaboneka kwa Luteri mbere<br />

y’i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru bityo atega amatwi ibyo Luteri yavugaga ahagaritse umutima.<br />

Yitegereje ubutwari, ugushikama no kwigengesera Luteri afite, ibyishimo n’ishema, bityo<br />

<strong>na</strong>we yiyemeza <strong>ku</strong>murengera no <strong>ku</strong>murinda amaramaje. Frederiko yagereranyije Luteri<br />

n’abamurwanyaga maze abo<strong>na</strong> ubwenge bwa Papa, abami n’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru mu idini<br />

bwahinduwe ubusa n’imbaraga z’u<strong>ku</strong>ri. Ubupapa bwari butsinzwe kandi ibi byajyaga<br />

<strong>ku</strong>garagara mu bihugu byose no mu bihe byose.<br />

Ubwo intumwa ya Papa yabo<strong>na</strong>ga umusaruro uvuye mu magambo ya Luteri, yagiriye<br />

impungenge cyane ubutegetsi bwa Roma birenze uko yigeze azigira maze yiyemeza<br />

gukoresha ubushobozi bwe bwose ngo a<strong>ku</strong>reho umugorozi. Yakoresheje ubuhanga bwose<br />

bwo <strong>ku</strong>vuga n’uburyarya yari afite <strong>ku</strong>rusha abandi benshi maze yereka umwami w’abami<br />

wari ukiri muto ubupfapfa n’akaga ko <strong>ku</strong>reka ubucuti no gushyigikirwa n’ububasha<br />

bukomeye bwa Roma akabisimbuza kwemera umurimo w’umupadiri udafite agaciro.<br />

Ayo magambo ye ntiyasize ubusa. Ku munsi u<strong>ku</strong>rikira uwo Luteri yitabyeho, umwami<br />

w’abami yohereje ubutumwa bwagombaga <strong>ku</strong>bwirwa abagize i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru,<br />

bwavugaga ko yiyemeje gushyira mu bikorwa gahunda y’abamubanjirije yo gushyigikira no<br />

<strong>ku</strong>rinda itorero Gatorika. Kubera ko Luteri yari yanze <strong>ku</strong>reka amakosa ye, hagombaga<br />

gukoreshwa ingamba zikomeye cyane zo <strong>ku</strong>murwanya ndetse n’inyigisho z’ubuyobe<br />

yigishaga. “Umupadiri umwe, wayobejwe n’ubupfapfa bwe, yarahagurutse ngo arwanye<br />

ukwizera kw’abakristo! Nzatanga ubwami bwanjye bwose, umutungo wanjye, incuti zanjye,<br />

umubiri, amaraso, umwuka n’ubugingo bwanjye <strong>ku</strong>gira ngo mpagarike ayo marorerwa. Ngiye<br />

<strong>ku</strong>re<strong>ku</strong>ra Luteri ariko mubuze kongera guteza akaduruvayo mu bantu, hanyuma<br />

nza<strong>ku</strong>rikizaho <strong>ku</strong>murwanya n’abayoboke be <strong>ku</strong>ko ari abahakanyi batumvira. Nzabarwanya<br />

nkoresheje <strong>ku</strong>baca mu itorero, <strong>ku</strong>bimisha amasakaramentu n’ibindi itorero ribagomba ndetse<br />

n’uburyo bwose bushoboka <strong>ku</strong>gira ngo bitsembwe. Ndasaba abagize ubutegetsi bose<br />

kwitwara nk’abakristo b’indahemuka.” 136<br />

Nubwo byagenze bityo, Umwami w’abami yavuze ko urwandiko rw’inzira rwa Luteri<br />

rugomba <strong>ku</strong>bahirizwa, kandi ko mbere yo <strong>ku</strong>muhagurukira bagomba <strong>ku</strong>mureka akabanza<br />

<strong>ku</strong>gera iwe amahoro.<br />

Ibitekerezo bibiri bihanganye byagaragaye ubwo mu bagize i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru.<br />

Intumwa zikorera mu bwihisho (ba maneko) n’abahagarariye Papa bongeye gusaba ko<br />

urwandiko rw’inzira rwahawe Luteri rutitabwaho. Baravuze bati: “Uruzi rwa Rhine rugomba<br />

114

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!