07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

“Niringira ko, ibyo <strong>na</strong>vuze neruye byereka<strong>na</strong> ko <strong>na</strong>genzuranye ubwitonzi kandi<br />

nsesengura akaga niyemeje kwishyiramo. Ariko aho <strong>ku</strong>gira ngo mbe mfite ubwoba, nk’uko<br />

byabaye mu bihe byahise, nshimishwa no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko ubu butumwa bwiza ari bwo ntandaro<br />

y’ama<strong>ku</strong>ba no gutanduka<strong>na</strong>. Iyi ni yo miterere y’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ari <strong>na</strong> ryo herezo ryaryo.<br />

Yesu Kristo yaravuze ati: ‘Si<strong>na</strong>zanye amahoro mu isi keretse inkota. ‘Mu <strong>na</strong>ma zayo, Ima<strong>na</strong><br />

iratangaje kandi irakomeye. None mwitonde mudatoteza ijambo ryera ry’Ima<strong>na</strong> kandi<br />

muki<strong>ku</strong>rurira akaga gateye ubwoba k’ingorane mudashobora gusimbuka z’ibyago byababaho<br />

ubu no <strong>ku</strong>rimbuka kw’iteka ryose byaterwa no kwibwira ko mugamije guhosha amaca<strong>ku</strong>biri.<br />

Natanga ingero nyinshi zivuye mu byo Ima<strong>na</strong> yandikishije. Navuga ibya ba Farawo, abami<br />

b’i Babuloni n’abo mu Isiraheli batigeze bakora ibibazanira <strong>ku</strong>rimbuka nk’igihe batekerezaga<br />

ko bari gukomeza ubwami bwabo bakoresheje i<strong>na</strong>ma zasaga n’aho zuzuye ubushishozi.<br />

‘Ima<strong>na</strong> ya<strong>ku</strong>yeho imisozi <strong>na</strong>bo ntibabimenya.’” 133<br />

Luteri yari yavuze mu Kidage noneho bamusaba gusubira mu byo yavuze mu Kiratini.<br />

Nubwo yari a<strong>na</strong>nijwe n’ibyo yari amaze <strong>ku</strong>vuga, yakoze ibyo asabwe maze asubira muri ya<br />

magambo mu mvugo yumvika<strong>na</strong> neza n’imbaraga nk’izo yakoresheje mbere. Ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bwamuyoboye muri iki kibazo. Ibitekerezo bya benshi mu bikomangoma byari<br />

byarahumishijwe n’amakosa no kwemera mu buhumyi <strong>ku</strong> buryo ubwo yavugaga bwa mbere<br />

batabashije <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> imbaraga z’imitekerereze ya Luteri ariko ubwo yabisubiragamo nibwo<br />

bashoboye gusobanukirwa neza n’ingingo yavugaga.<br />

Abahumye amaso yabo ngo batabo<strong>na</strong> umucyo <strong>ku</strong>bwo kwi<strong>na</strong>ngira kandi bakaba bari<br />

bari<strong>na</strong>ngiye ngo batemera u<strong>ku</strong>ri, nibo barakajwe cyane n’imbaraga y’amagambo ya Luteri.<br />

Ubwo yari amaze <strong>ku</strong>vuga, umuvugizi w’i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru yavuganye ubuka<strong>na</strong> ati:<br />

“Ntiwasubije ikibazo wababajijwe. . . Usabwa gutanga igisubizo cyumvika<strong>na</strong> kandi<br />

cyahuranyije. Mbese urisubiraho cyangwa nturisubiraho?”<br />

Umugorozi Luteri yarasubije ati: “Nk’uko nya<strong>ku</strong>bahwa umwami <strong>na</strong>we mutware munsaba<br />

igisubizo cyumvika<strong>na</strong>, cyoroshye kandi cyahuranyije, ndabaha igisubizo kimwe gusa, ari cyo<br />

iki: “Sinshobora <strong>ku</strong>reka kwizera kwanjye <strong>ku</strong> bwa Papa cyangwa <strong>ku</strong>bwo i<strong>na</strong>ma, <strong>ku</strong>ko<br />

bigaragara neza yuko akenshi bagiye bakora amakosa kandi bakavuguruzanya. Nuko rero<br />

keretse gusa nibanyemeza bakoresheje ubuhamya bwo mu Byanditswe Byera cyangwa<br />

ingingo yumvika<strong>na</strong> neza, keretse kandi gusa ninemezwa n’amwe mu magambo <strong>na</strong>nditse<br />

ndetse ba<strong>ku</strong>mvisha umutima wanjye bakoresheje Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, <strong>na</strong>ho ubundi sinshobora<br />

kandi sinzigera nisubiraho, <strong>ku</strong>ko umukristo watura ibinyuranyije n’iby’umutima<strong>na</strong>ma<br />

umwemeza, aba yishyize mu kaga. Dore mpagaze hano, nta kindi mbasha gukora; Ima<strong>na</strong><br />

imfashe. Ami<strong>na</strong>!” - 134<br />

Nguko uko uwo mukiranutsi yahagaze ashikamye <strong>ku</strong> rufatiro nya<strong>ku</strong>ri rw’Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>. Umucyo wo mu ijuru warasiye mu maso he. Ugukomera kwe n’ubutungane<br />

bw’imico ye, amahoro n’ibyishimo yari afite mu mutima we byagaragariye bose ubwo<br />

yahinyuzaga imbaraga kandi agahamya isumbwe ry’uko kwizera <strong>ku</strong>nesha isi.<br />

112

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!