07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

amasomo amwe muri Bibiliya akwiriye gushyigikira imitekerereze ye. Bityo, yarambitse<br />

ikiganza cye cy’ibumoso <strong>ku</strong>ri icyo Gitabo Cyera (Bibiliya) cyari kirambuye imbere ye maze<br />

azamura ikiganza cy’iburyo agitunga mu ijuru arahira ko “azakomeza <strong>ku</strong>ba indahemuka <strong>ku</strong><br />

butumwa bwiza kandi ko azahamya kwizera kwe nubwo byaba ngombwa ko abihamisha<br />

<strong>ku</strong>me<strong>na</strong> amaraso ye.” 131<br />

Yongeye <strong>ku</strong>garurwa imbere y’i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru, mu maso he ntihagaragaraga<br />

ubwoba cyangwa guhangayika. Yari atuje, afite amahoro, ubutwari no gukomera maze<br />

ahagarara nk’umuhamya w’Ima<strong>na</strong> hagati y’abakomeye b’isi. Umusirikare mu<strong>ku</strong>ru w’ibwami<br />

yamubajije umwanzuro we niba yifuza <strong>ku</strong>reka inyigisho ze. Luteri yamusubizanyije ijwi<br />

ryoroheje ryicishije bugufi, atarakaye cyangwa ababaye. Imyitwarire ye yari ituje kandi<br />

arangwa no <strong>ku</strong>baha, nyamara yereka<strong>na</strong>ga ibyiringiro n’umunezero byatangaje abari muri iyo<br />

<strong>na</strong>ma.<br />

Luteri yaravuze ati: “Nya<strong>ku</strong>bahwa mwami w’abami, bikomangoma, ba<strong>ku</strong>ru b’ubutegetsi!<br />

Mpagaze imbere yanyu uyu munsi n<strong>ku</strong>rikije itegeko <strong>na</strong>hawe ejo, kandi <strong>ku</strong>bw’imbabazi<br />

z’Ima<strong>na</strong> ndabinginga nya<strong>ku</strong>bahwa <strong>na</strong>mwe abakomeye ngo mwumve neza uko nisobanura <strong>ku</strong><br />

byerekeye umurimo nzi neza ko utunganye kandi ari u<strong>ku</strong>ri. Ndabiseguraho ngo <strong>ku</strong>bwo<br />

<strong>ku</strong>tabimenya, nindamuka nishe amabwiriza y’imvugo ikoreshwa mu nkiko, ndabinginze<br />

mumbabarire; <strong>ku</strong>ko ntarerewe mu bikari by’abami, ahubwo <strong>na</strong>rerewe ahantu hiherereye mu<br />

kigo cy’abihaye Ima<strong>na</strong>.” - 132<br />

Bityo avuga <strong>ku</strong> kibazo yabajijwe maze avuga ko ibitabo yanditse byose bidahuje. Muri<br />

bimwe, yari yaranditse ibyerekeranye no kwizera n’imirimo myiza kandi n’abanzi be<br />

ntibavuze gusa ko ibyo bitabo ntacyo bitwaye ko ahubwo bi<strong>na</strong>fitiye abantu akamaro.<br />

Kwisubiraho akavuguruza ibyo bitabo byaba ari uguciraho iteka u<strong>ku</strong>ri abantu bose bemeye.<br />

Umugabane wa kabiri w’ibitabo bye wari ugendereye <strong>ku</strong>garagaza gushayisha mu bibi ndetse<br />

n’amahano yakorwaga n’ubuyobozi bw’ubupapa. Gu<strong>ku</strong>raho izo nyandiko byaba ari ugutera<br />

imbaraga iterabwoba rya Roma kandi bigakingurira amarembo magari ibibi byinshi kandi<br />

bikomeye. Naho mu mugabane wa gatatu w’ibitabo bye, yemera ko yarwanyije abantu <strong>ku</strong> giti<br />

cyabo bari barashyigikiye ibibi byariho. Ku byerekeye ibi uwo mugabane wa gatatu, yemeye<br />

adahatwa ko yabatonetse cyane <strong>ku</strong>renza uko byari ngombwa. Ntabwo yigiraga intungane;<br />

ariko kandi n’ibyo bitabo ntiyashoboraga <strong>ku</strong>vuga ko byavaho <strong>ku</strong>ko iyo akora atyo byari gutera<br />

ishema abanzi b’u<strong>ku</strong>ri, bityo bari <strong>ku</strong>boneraho urwaho rwo <strong>ku</strong>rimbura ubwoko bw’Ima<strong>na</strong><br />

babakorera ubugome bukomeye cyane.<br />

Yakomeje agira ati: “Nyamara njye ndi umuntu usanzwe, ntabwo ndi Ima<strong>na</strong>. Kubw’ibyo,<br />

ndisobanura nk’uko Kristo yabigenje: ‘Niba hari ikibi <strong>na</strong>vuze, abe ari cyo munshinja.’ . . .<br />

Kubw’imbabazi z’Ima<strong>na</strong>, ndabasabye nya<strong>ku</strong>bahwa mwami w’abami <strong>na</strong>mwe bikomangoma,<br />

<strong>na</strong>mwe mwese buri wese mu banyacyubahiro cye <strong>ku</strong>gira ngo munyereke aho nibeshye<br />

mukoresheje inyandiko z’intumwa n’abahanuzi. Nimara kwemezwa ibyo, ndahita ndeka ayo<br />

makosa kandi ndaba uwa mbere mu gufata ibitabo byanjye no <strong>ku</strong>bijugunya mu muriro.<br />

111

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!