07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

byamwongereye imbaraga bituma nyuma y’aho abasha gusubizanya ubwitonzi, yafashe<br />

icyemezo kandi agifatanye ubwenge ndetse agaragaza n’icyubahiro byatangaje kandi bica<br />

intege abamurwanyaga, ndetse bigacyaha agasuzuguro n’ubwibone byabo.<br />

Bukeye bwaho, yagombaga kwitaba <strong>ku</strong>gira ngo atange igisubizo cye giheruka. Igihe<br />

yatekerezaga imbaraga zari zibumbiye hamwe ngo zirwanye u<strong>ku</strong>ri, umutima we<br />

waramusimbukaga. Kwizera kwe kwarahungabanye maze agira gutinya, ahinda umushyitsi<br />

maze ubwoba bwinshi buramutaha. Akaga karushagaho kwiyongera imbere ye, abanzi be<br />

basaga n’abenda gutsinda kandi imbaraga z’umwijima zisa n’izenda <strong>ku</strong>nesha. Ibicu<br />

by’umwijima byari bimugose kandi byasaga n’ibimutandukanyije n’Ima<strong>na</strong>. Yumvaga<br />

akeneye ibyiringiro ko Uhoraho nyiringabo azaba<strong>na</strong> <strong>na</strong>we. Muri ako gahinda, yubamye hasi<br />

maze asuka amaganya no gutaka kwe bitagiraga umuntu wabashaga <strong>ku</strong>bisobanukirwa uretse<br />

Ima<strong>na</strong> yonyine.<br />

Yaringinze ati: “Ayi, Ma<strong>na</strong> ishobora byose! Ma<strong>na</strong> ihoraho! Mbega u<strong>ku</strong>ntu isi ari ingome!<br />

Dore yasamuye akanwa kayo ngo imire, kandi mfite ibyiringiro bike muri Wowe!. . . Niba<br />

ngomba kwiringira imbaraga z’ab’iyi isi, urwanjye rwaba rwushe!. . . Isaha yanjye ya nyuma<br />

irageze, <strong>na</strong>maze gucirwa urubanza. . . Ma<strong>na</strong>!, Ma<strong>na</strong>!. . . Mfasha ngo nsinde abanyabwenge<br />

bose bo <strong>ku</strong> isi. Bikore Ma<strong>na</strong>,.. Wowe wenyine;...<strong>ku</strong>ko uyu atari umurimo wanjye, ahubwo ni<br />

uwawe. Ntacyo mfite <strong>na</strong>kora aha, ntacyo mfite <strong>ku</strong>vuga<strong>na</strong> n’abakomeye b’isi. . . Ariko<br />

umurimo ni uwawe, . . . kandi ni umurimo utunganye kandi w’iteka ryose! Nyagasani,<br />

mfasha! Ma<strong>na</strong> ikiranuka kandi idahinduka! Siniringiye umuntu uwo ari we wese. . .<br />

Iby’umuntu byose ntibyizerwa; ikimukomokaho cyose kiragwaguza. Wampisemo ngo nkore<br />

uyu murimo. . . Ma<strong>na</strong> mba iruhande, <strong>ku</strong>bw’Umwa<strong>na</strong> wawe u<strong>ku</strong>nda Yesu Kristo, we<br />

murengezi wanjye, ingabo inkingira n’igihome gikomeye.”130<br />

Ima<strong>na</strong> nyiri ubwenge bwose yatumye Luteri asobanukirwa n’akaga kamutegereje <strong>ku</strong>gira<br />

ngo atiringira imbaraga ze bwite kandi ngo agire amakenga ye kwishora mu kaga. Nyamara<br />

gutinya umubabaro yari <strong>ku</strong>gira, ubwoba bw’iyicarubozo cyangwa urupfu byasaga<br />

nibimutegereje ntabwo ari byo byatumye ubwoba bwinshi bumutaha. Ahubwo yari ageze mu<br />

gihe gikomeye cyane kandi yumvaga adafite imbaraga zihagije zo guhanga<strong>na</strong> <strong>na</strong>cyo.<br />

Umurimo w’u<strong>ku</strong>ri wajyaga gutsindwa bitewe n’intege nke ze. Yakiranije Ima<strong>na</strong> asenga<br />

adaharanira umutekano we bwite ahubwo agamije insinzi y’Ubutumwa bwiza. Umubabaro<br />

n’intambara byari mu mutima we byari bimeze nk’ibya Isiraheli muri rya joro <strong>ku</strong> nkengero<br />

z’akagezi ari wenyine. Nk’uko byabaye <strong>ku</strong>ri Isiraheli <strong>na</strong>we yatsinze urwo rugamba rwo<br />

gukira<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong>. Mu ntege nke ze, ukwizera kwe kwagundiriye Kristo we Murengezi<br />

ukomeye. Yakomejwe n’ubwishingizi yahawe ko atazahagarara imbere y’urukiko wenyine.<br />

Amahoro yagarutse mu bugingo bwe kandi ashimishwa n’uko yemerewe kwerereza Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> imbere y’abategetsi b’ibihugu.<br />

Intekerezo ze yakomeje <strong>ku</strong>zihanga Ima<strong>na</strong> maze yitegura urugamba rwari rumuri imbere.<br />

Yatekereje uko ari busubize, asesengura ibyanditswe mu nyandiko ze maze atoranya<br />

110

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!