07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

twarwanye. Ariko niba uzi ko urwanira u<strong>ku</strong>ri kandi ukaba ubizi neza, jya mbere mu izi<strong>na</strong><br />

ry’Ima<strong>na</strong>, ntugire icyo utinya. Ntabwo Ima<strong>na</strong> izaguterera<strong>na</strong>.” 126<br />

Amaherezo Luteri yahagaze imbere y’i<strong>na</strong>ma y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru. Umwami w’abami yari<br />

yicaye <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami. Yari akikijwe n’abakomeye bo mu bwami bwe. Nta wundi muntu<br />

wari warigeze yitaba imbere y’i<strong>na</strong>ma ikomeye itangaje nk’iyo Luteri yari ahagaritswe imbere<br />

<strong>ku</strong>gira ngo asobanure ibyo kwizera kwe. “Uko <strong>ku</strong>boneka aho ubwabyo byari ikimenyetso cyo<br />

gutsindwa k’ubupapa. Papa yari yaramaze <strong>ku</strong>muciraho iteka, none ubu yari ahagaze imbere<br />

y’urukiko rurusha Papa ubushobozi. Papa yari yaramuciye , kandi yari yaramugize ruvumwa<br />

mu bantu bose. Ariko noneho yari yahamagawe mu mvugo imwubaha kandi yakirwa imbere<br />

y’imbaga y’abanyacyubahiro bakomeye <strong>ku</strong>ruta abandi <strong>ku</strong> isi. Papa yari yaramuciriye<br />

urubanza ko agomba gucecekeshwa burundu none yari agiye <strong>ku</strong>vugira imbere y’abantu benshi<br />

bamuteze amatwi bafite amatsiko bari bavuye mu bihugu byose bya Gikristo. Ibikorwa bya<br />

Luteri byari byateje impinduramatwara ikomeye. Roma yari yamaze <strong>ku</strong>manuka iva <strong>ku</strong> ntebe<br />

yayo y’ubwami kandi ijwi ry’umupadiri ni ryo ryateye uko gucishwa bugufi.” 127<br />

Imbere y’iyo nteko y’abakomeye, umugorozi Luteri wari waravukiye mu muryango<br />

woroheje cyane, yasaga n’ufite ipfunwe kandi yabuze amahwemo. Ibikomangoma byinshi<br />

bibonye inkeke afite <strong>ku</strong> mutima, byaramwegereye maze umwe muri bo aramwongorera ati:<br />

“Ntutinye abica umubiri badashobora kwica ubugingo.” Undi yaravuze ati: “Niba<strong>ku</strong>jya<strong>na</strong><br />

imbere y’abategeka n’abami <strong>ku</strong> bwanjye, Mwuka wa So niwe uzaguha ibyo uzahavugira. ”<br />

Uko niko amagambo ya Kristo yavuzwe n’abakomeye bo mu isi <strong>ku</strong>gira ngo bakomeze<br />

umugaragu we mu isaha yo gucirwa urubanza.<br />

Luteri yajyanywe imbere y’intebe y’umwami w’abami. Habayeho guceceka gukomeye<br />

muri iyo mbaga yari iteraniye aho. Bityo umusirikare mu<strong>ku</strong>ru w’ibwami yarahagurutse atunga<br />

urutoki imizingo y’inyandiko za Luteri maze asaba Luteri gusubiza ibibazo bibiri abajijwe.<br />

Icya mbere, yabajijwe niba yemera ko izo nyandiko ari ize, icya kabiri, niba yemera<br />

kwivuguruza akareka ibitekerezo yanditse muri ibyo bitabo. Imitwe y’ibyo bitabo yari<br />

yasomwe, maze <strong>ku</strong> kibazo cya mbere Luteri asubiza ko yemera ko ibyo bitabo ari ibye.<br />

Yaravuze ati: “Ku kibazo cya kabiri, <strong>ku</strong>bera ko ari ikibazo kireba<strong>na</strong> no kwizera n’agakiza<br />

k’abantu, kandi kikaba kinibasiye Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryo butunzi bukomeye kandi buruta<br />

ubundi haba mu ijuru no mu isi, ndamutse nsubije ntabanje gutekereza <strong>na</strong>ba mpubutse. Kuko<br />

nihandagaje bishoboka ko <strong>na</strong>vuga bike <strong>ku</strong> bisabwa cyangwa ibirenze ibyo u<strong>ku</strong>ri gusaba bityo<br />

nkaba nshumuye <strong>ku</strong> cyo Kristo yavuze ati: “Ariko uzanyihakanira imbere y’abantu wese,<br />

<strong>na</strong>njye nzamwihakanira imbere ya Data uri mu ijuru.” 128 Kubera iyo mpamvu, mu kwicisha<br />

bugufi kose, ndagusaba nya<strong>ku</strong>bahwa mwami w’abami ngo umpe umwanya <strong>ku</strong>gira ngo<br />

mbashe gusubiza ntatukishije Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>.” 129<br />

Mu gusaba atyo Luteri yabikoranye ubwenge. Abari bateraniye aho bahise bemera ko<br />

Luteri adahubuka mu byo akora atabanje gutekereza. Ubwo bwitonzi no kwitegeka bitari<br />

byitezwe mu muntu wari waragaragaje ko adakangishwa kandi ntagamburure,<br />

109

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!