Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo Luteri yari ageze i Worms, imbaga y’abantu benshi yaje ku marembo y’uwo mujyi. Imbaga nk’iyo ntiyari yarigeze iteranira gusanganira n’umwami w’abami ubwe. Hari ubwoba bwinshi cyane, kandi muri iyo mbaga y’abantu havaga ijwi rito ry’umuntu uririmba indirimbo yo gushyingura nk’umuburo uri guhabwa Luteri kubera urwari rumutegereje. Ubwo yavaga mu igare ryari rimutwaye, yaravuze ati: “Imana niyo izandengera.” Ntabwo abayoboke ba Papa bari barizeye ko Luteri abasha guhangara kuboneka i Worms maze kuhagera kwe kubuzuza ubwoba bwinshi. Umwami w’abami yahise atumiza abajyanama be ngo barebe icyo bakora. Umwe mu bisonga bye bikomeye wari ukomeye ku mahame y’ubupapa yaravuze ati: “Twamaze igihe kirekire tuvuga kuri iki kibazo. Nyakubahwa icyo wakora ni uguhita wikiza uriya muntu. Mbese Sigismond ntiyatwikishije Huse? Ntabwo turebwa no gutanga cyangwa kubahiriza urwandiko rw’inzira rw’umuhakanyi.” Umwami w’abami arasubiza ati: “Oya, tugomba gukora ibyo twasezeranye.” 124 Bityo hafashwe icyemezo ko Luteri yategwa amatwi. Abo mu mujyi bose bari bafite amatsiko yo kubona uwo muntu w’akataraboneka maze bidatinze abashyitsi benshi baje kumureba buzura aho yari acumbitse. Luteri yari atarakira neza indwara yari aherutse kurwara; yari ananijwe n’urugendo yari amazemo ibyumweru bibiri byuzuye. Yagombaga kwitegura uko yari kuzifata muri gahunda y’umunsi ukurikiyeho bityo yari akeneye gutuza no kuruhuka. Ariko abantu benshi bifuzaga kumubona ku buryo yari aruhutse amasaha make cyane ubwo abakomeye, abapadiri na rubanda bateraniye aho ari bafite amatsiko. Muri abo bantu harimo benshi bo mu bakomeye bari barasabye umwami w’abami ko habaho ivugurura ku bintu bibi bikorwa mu itorero kandi nk’uko Luteri abivuga, “bari baraheshejwe umudendezo n’ubutumwa bwe.” 125 Abanzi kimwe n’incuti bose baje kureba uwo mupadiri utagira ubwoba; ariko yabakiranye gutuza atajegajega, agasubizanya bose ikinyabupfura n’ubwenge. Kwihangana kwe kwari gushikamye kurimo ubutwari. Mu maso he hari hananutse hari ibimenyetso by’umunaniro n’uburwayi nyamara kandi hagaragaraga ubugwaneza n’ibyishimo. Uburemere no kudakebakeba by’amagambo ye byamuhaye imbaraga n’abanzi be batashoboraga gutsinda. Incuti ze n’abanzi be buzurwaga no gutangara. Bamwe bemeraga ko akoreshwa n’imbaraga mvajuru, abandi bakavuga nk’uko Abafarisayo bavugaga kuri Kristo bati: “Arimo dayimoni.” Umunsi wakurikiyeho, Luteri yarahamagawe ngo aze imbere y’inama y’abategetsi bakuru. Umusirikari mukuru w’ibwami yari yashyinzwe kumuzana mu cyumba cy’inama ariko yahageze biruhanyije kuko ahantu hose mu nzira hari huzuye abantu bashakaga kureba uwo mupadiri watinyutse kurwanya ubutegetsi bwa Papa. Igihe Luteri yari agiye kwinjira ngo ajye imbere y’abamuciraga urubanza, umusirikare mukuru wari ushaje wari warabaye intwari mu ntambara nyinshi, yamubwiranye ubwitonzi ati: “Nyabusa Padiri, nyabusa padiri, ubu ugiye kunyura mu bikomeye yaba njye ubwanjye cyangwa abandi basirikare bakuru bose batigeze banyuramo mu ntambara zisesa amaraso 108
Itorero na Leta ku Rugamba twarwanye. Ariko niba uzi ko urwanira ukuri kandi ukaba ubizi neza, jya mbere mu izina ry’Imana, ntugire icyo utinya. Ntabwo Imana izagutererana.” 126 Amaherezo Luteri yahagaze imbere y’inama y’abategetsi bakuru. Umwami w’abami yari yicaye ku ntebe y’ubwami. Yari akikijwe n’abakomeye bo mu bwami bwe. Nta wundi muntu wari warigeze yitaba imbere y’inama ikomeye itangaje nk’iyo Luteri yari ahagaritswe imbere kugira ngo asobanure ibyo kwizera kwe. “Uko kuboneka aho ubwabyo byari ikimenyetso cyo gutsindwa k’ubupapa. Papa yari yaramaze kumuciraho iteka, none ubu yari ahagaze imbere y’urukiko rurusha Papa ubushobozi. Papa yari yaramuciye , kandi yari yaramugize ruvumwa mu bantu bose. Ariko noneho yari yahamagawe mu mvugo imwubaha kandi yakirwa imbere y’imbaga y’abanyacyubahiro bakomeye kuruta abandi ku isi. Papa yari yaramuciriye urubanza ko agomba gucecekeshwa burundu none yari agiye kuvugira imbere y’abantu benshi bamuteze amatwi bafite amatsiko bari bavuye mu bihugu byose bya Gikristo. Ibikorwa bya Luteri byari byateje impinduramatwara ikomeye. Roma yari yamaze kumanuka iva ku ntebe yayo y’ubwami kandi ijwi ry’umupadiri ni ryo ryateye uko gucishwa bugufi.” 127 Imbere y’iyo nteko y’abakomeye, umugorozi Luteri wari waravukiye mu muryango woroheje cyane, yasaga n’ufite ipfunwe kandi yabuze amahwemo. Ibikomangoma byinshi bibonye inkeke afite ku mutima, byaramwegereye maze umwe muri bo aramwongorera ati: “Ntutinye abica umubiri badashobora kwica ubugingo.” Undi yaravuze ati: “Nibakujyana imbere y’abategeka n’abami ku bwanjye, Mwuka wa So niwe uzaguha ibyo uzahavugira. ” Uko niko amagambo ya Kristo yavuzwe n’abakomeye bo mu isi kugira ngo bakomeze umugaragu we mu isaha yo gucirwa urubanza. Luteri yajyanywe imbere y’intebe y’umwami w’abami. Habayeho guceceka gukomeye muri iyo mbaga yari iteraniye aho. Bityo umusirikare mukuru w’ibwami yarahagurutse atunga urutoki imizingo y’inyandiko za Luteri maze asaba Luteri gusubiza ibibazo bibiri abajijwe. Icya mbere, yabajijwe niba yemera ko izo nyandiko ari ize, icya kabiri, niba yemera kwivuguruza akareka ibitekerezo yanditse muri ibyo bitabo. Imitwe y’ibyo bitabo yari yasomwe, maze ku kibazo cya mbere Luteri asubiza ko yemera ko ibyo bitabo ari ibye. Yaravuze ati: “Ku kibazo cya kabiri, kubera ko ari ikibazo kirebana no kwizera n’agakiza k’abantu, kandi kikaba kinibasiye Ijambo ry’Imana ryo butunzi bukomeye kandi buruta ubundi haba mu ijuru no mu isi, ndamutse nsubije ntabanje gutekereza naba mpubutse. Kuko nihandagaje bishoboka ko navuga bike ku bisabwa cyangwa ibirenze ibyo ukuri gusaba bityo nkaba nshumuye ku cyo Kristo yavuze ati: “Ariko uzanyihakanira imbere y’abantu wese, nanjye nzamwihakanira imbere ya Data uri mu ijuru.” 128 Kubera iyo mpamvu, mu kwicisha bugufi kose, ndagusaba nyakubahwa mwami w’abami ngo umpe umwanya kugira ngo mbashe gusubiza ntatukishije Ijambo ry’Imana.” 129 Mu gusaba atyo Luteri yabikoranye ubwenge. Abari bateraniye aho bahise bemera ko Luteri adahubuka mu byo akora atabanje gutekereza. Ubwo bwitonzi no kwitegeka bitari byitezwe mu muntu wari waragaragaje ko adakangishwa kandi ntagamburure, 109
- Page 65 and 66: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu.
- Page 67 and 68: Itorero na Leta ku Rugamba ni jye n
- Page 69 and 70: Itorero na Leta ku Rugamba murimo w
- Page 71 and 72: Itorero na Leta ku Rugamba “Nta m
- Page 73 and 74: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyandit
- Page 75 and 76: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 77 and 78: Itorero na Leta ku Rugamba by’igi
- Page 79 and 80: Itorero na Leta ku Rugamba bwabo ha
- Page 81 and 82: Itorero na Leta ku Rugamba urupfu r
- Page 83 and 84: Itorero na Leta ku Rugamba Kristo i
- Page 85 and 86: Itorero na Leta ku Rugamba bwashege
- Page 87 and 88: Itorero na Leta ku Rugamba baranyeg
- Page 89 and 90: Itorero na Leta ku Rugamba kigabwa.
- Page 91 and 92: Itorero na Leta ku Rugamba Nk’uko
- Page 93 and 94: Itorero na Leta ku Rugamba n’iby
- Page 95 and 96: Itorero na Leta ku Rugamba Luteri y
- Page 97 and 98: Itorero na Leta ku Rugamba mahoro n
- Page 99 and 100: Itorero na Leta ku Rugamba icyo gih
- Page 101 and 102: Itorero na Leta ku Rugamba wiringir
- Page 103 and 104: Itorero na Leta ku Rugamba Inkuru z
- Page 105 and 106: Itorero na Leta ku Rugamba yakoresh
- Page 107 and 108: Itorero na Leta ku Rugamba yiyitiri
- Page 109 and 110: Itorero na Leta ku Rugamba kandi ko
- Page 111 and 112: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo ink
- Page 113 and 114: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 115: Itorero na Leta ku Rugamba Imbaga y
- Page 119 and 120: Itorero na Leta ku Rugamba amasomo
- Page 121 and 122: Itorero na Leta ku Rugamba Abari ba
- Page 123 and 124: Itorero na Leta ku Rugamba gusukwam
- Page 125 and 126: Itorero na Leta ku Rugamba Nta kint
- Page 127 and 128: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo yar
- Page 129 and 130: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 131 and 132: Itorero na Leta ku Rugamba bwenge b
- Page 133 and 134: Itorero na Leta ku Rugamba nabyo ni
- Page 135 and 136: Itorero na Leta ku Rugamba I Zurich
- Page 137 and 138: Itorero na Leta ku Rugamba Insinzi
- Page 139 and 140: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 141 and 142: Itorero na Leta ku Rugamba y’Iman
- Page 143 and 144: Itorero na Leta ku Rugamba ubutware
- Page 145 and 146: Itorero na Leta ku Rugamba soko y
- Page 147 and 148: Itorero na Leta ku Rugamba bushoboz
- Page 149 and 150: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyo byi
- Page 151 and 152: Itorero na Leta ku Rugamba ibihumbi
- Page 153 and 154: Itorero na Leta ku Rugamba azatwitw
- Page 155 and 156: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 157 and 158: Itorero na Leta ku Rugamba Ntabwo a
- Page 159 and 160: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 161 and 162: Itorero na Leta ku Rugamba (guhabwa
- Page 163 and 164: Itorero na Leta ku Rugamba rwarakom
- Page 165 and 166: Itorero na Leta ku Rugamba rwibagir
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Ubwo Luteri yari ageze i Worms, imbaga y’abantu benshi yaje <strong>ku</strong> marembo y’uwo mujyi.<br />
Imbaga nk’iyo ntiyari yarigeze iteranira gusanganira n’umwami w’abami ubwe. Hari ubwoba<br />
bwinshi cyane, kandi muri iyo mbaga y’abantu havaga ijwi rito ry’umuntu uririmba indirimbo<br />
yo gushyingura nk’umuburo uri guhabwa Luteri <strong>ku</strong>bera urwari rumutegereje. Ubwo yavaga<br />
mu igare ryari rimutwaye, yaravuze ati: “Ima<strong>na</strong> niyo izandengera.”<br />
Ntabwo abayoboke ba Papa bari barizeye ko Luteri abasha guhangara <strong>ku</strong>boneka i Worms<br />
maze <strong>ku</strong>hagera kwe <strong>ku</strong>buzuza ubwoba bwinshi. Umwami w’abami yahise atumiza<br />
abajya<strong>na</strong>ma be ngo barebe icyo bakora. Umwe mu bisonga bye bikomeye wari ukomeye <strong>ku</strong><br />
mahame y’ubupapa yaravuze ati: “Twamaze igihe kirekire tuvuga <strong>ku</strong>ri iki kibazo.<br />
Nya<strong>ku</strong>bahwa icyo wakora ni uguhita wikiza uriya muntu. Mbese Sigismond ntiyatwikishije<br />
Huse? Ntabwo turebwa no gutanga cyangwa <strong>ku</strong>bahiriza urwandiko rw’inzira<br />
rw’umuhakanyi.” Umwami w’abami arasubiza ati: “Oya, tugomba gukora ibyo<br />
twasezeranye.” 124 Bityo hafashwe icyemezo ko Luteri yategwa amatwi.<br />
Abo mu mujyi bose bari bafite amatsiko yo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uwo muntu w’akataraboneka maze<br />
bidatinze abashyitsi benshi baje <strong>ku</strong>mureba buzura aho yari acumbitse. Luteri yari atarakira<br />
neza indwara yari aherutse <strong>ku</strong>rwara; yari a<strong>na</strong>nijwe n’urugendo yari amazemo ibyumweru<br />
bibiri byuzuye. Yagombaga kwitegura uko yari <strong>ku</strong>zifata muri gahunda y’umunsi u<strong>ku</strong>rikiyeho<br />
bityo yari akeneye gutuza no <strong>ku</strong>ruhuka. Ariko abantu benshi bifuzaga <strong>ku</strong>mubo<strong>na</strong> <strong>ku</strong> buryo<br />
yari aruhutse amasaha make cyane ubwo abakomeye, abapadiri <strong>na</strong> rubanda bateraniye aho ari<br />
bafite amatsiko. Muri abo bantu harimo benshi bo mu bakomeye bari barasabye umwami<br />
w’abami ko habaho ivugurura <strong>ku</strong> bintu bibi bikorwa mu itorero kandi nk’uko Luteri abivuga,<br />
“bari baraheshejwe umudendezo n’ubutumwa bwe.” 125 Abanzi kimwe n’incuti bose baje<br />
<strong>ku</strong>reba uwo mupadiri utagira ubwoba; ariko yabakiranye gutuza atajegajega, agasubizanya<br />
bose ikinyabupfura n’ubwenge. Kwihanga<strong>na</strong> kwe kwari gushikamye <strong>ku</strong>rimo ubutwari. Mu<br />
maso he hari ha<strong>na</strong>nutse hari ibimenyetso by’umu<strong>na</strong>niro n’uburwayi nyamara kandi<br />
hagaragaraga ubugwaneza n’ibyishimo. Uburemere no <strong>ku</strong>dakebakeba by’amagambo ye<br />
byamuhaye imbaraga n’abanzi be batashoboraga gutsinda. Incuti ze n’abanzi be buzurwaga<br />
no gutangara. Bamwe bemeraga ko akoreshwa n’imbaraga mvajuru, abandi bakavuga nk’uko<br />
Abafarisayo bavugaga <strong>ku</strong>ri Kristo bati: “Arimo dayimoni.”<br />
Umunsi wa<strong>ku</strong>rikiyeho, Luteri yarahamagawe ngo aze imbere y’i<strong>na</strong>ma y’abategetsi<br />
ba<strong>ku</strong>ru. Umusirikari mu<strong>ku</strong>ru w’ibwami yari yashyinzwe <strong>ku</strong>muza<strong>na</strong> mu cyumba cy’i<strong>na</strong>ma<br />
ariko yahageze biruhanyije <strong>ku</strong>ko ahantu hose mu nzira hari huzuye abantu bashakaga <strong>ku</strong>reba<br />
uwo mupadiri watinyutse <strong>ku</strong>rwanya ubutegetsi bwa Papa.<br />
Igihe Luteri yari agiye kwinjira ngo ajye imbere y’abamuciraga urubanza, umusirikare<br />
mu<strong>ku</strong>ru wari ushaje wari warabaye intwari mu ntambara nyinshi, yamubwiranye ubwitonzi<br />
ati: “Nyabusa Padiri, nyabusa padiri, ubu ugiye <strong>ku</strong>nyura mu bikomeye yaba njye ubwanjye<br />
cyangwa abandi basirikare ba<strong>ku</strong>ru bose batigeze banyuramo mu ntambara zisesa amaraso<br />
108