Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo Luteri yari ageze i Worms, imbaga y’abantu benshi yaje ku marembo y’uwo mujyi. Imbaga nk’iyo ntiyari yarigeze iteranira gusanganira n’umwami w’abami ubwe. Hari ubwoba bwinshi cyane, kandi muri iyo mbaga y’abantu havaga ijwi rito ry’umuntu uririmba indirimbo yo gushyingura nk’umuburo uri guhabwa Luteri kubera urwari rumutegereje. Ubwo yavaga mu igare ryari rimutwaye, yaravuze ati: “Imana niyo izandengera.” Ntabwo abayoboke ba Papa bari barizeye ko Luteri abasha guhangara kuboneka i Worms maze kuhagera kwe kubuzuza ubwoba bwinshi. Umwami w’abami yahise atumiza abajyanama be ngo barebe icyo bakora. Umwe mu bisonga bye bikomeye wari ukomeye ku mahame y’ubupapa yaravuze ati: “Twamaze igihe kirekire tuvuga kuri iki kibazo. Nyakubahwa icyo wakora ni uguhita wikiza uriya muntu. Mbese Sigismond ntiyatwikishije Huse? Ntabwo turebwa no gutanga cyangwa kubahiriza urwandiko rw’inzira rw’umuhakanyi.” Umwami w’abami arasubiza ati: “Oya, tugomba gukora ibyo twasezeranye.” 124 Bityo hafashwe icyemezo ko Luteri yategwa amatwi. Abo mu mujyi bose bari bafite amatsiko yo kubona uwo muntu w’akataraboneka maze bidatinze abashyitsi benshi baje kumureba buzura aho yari acumbitse. Luteri yari atarakira neza indwara yari aherutse kurwara; yari ananijwe n’urugendo yari amazemo ibyumweru bibiri byuzuye. Yagombaga kwitegura uko yari kuzifata muri gahunda y’umunsi ukurikiyeho bityo yari akeneye gutuza no kuruhuka. Ariko abantu benshi bifuzaga kumubona ku buryo yari aruhutse amasaha make cyane ubwo abakomeye, abapadiri na rubanda bateraniye aho ari bafite amatsiko. Muri abo bantu harimo benshi bo mu bakomeye bari barasabye umwami w’abami ko habaho ivugurura ku bintu bibi bikorwa mu itorero kandi nk’uko Luteri abivuga, “bari baraheshejwe umudendezo n’ubutumwa bwe.” 125 Abanzi kimwe n’incuti bose baje kureba uwo mupadiri utagira ubwoba; ariko yabakiranye gutuza atajegajega, agasubizanya bose ikinyabupfura n’ubwenge. Kwihangana kwe kwari gushikamye kurimo ubutwari. Mu maso he hari hananutse hari ibimenyetso by’umunaniro n’uburwayi nyamara kandi hagaragaraga ubugwaneza n’ibyishimo. Uburemere no kudakebakeba by’amagambo ye byamuhaye imbaraga n’abanzi be batashoboraga gutsinda. Incuti ze n’abanzi be buzurwaga no gutangara. Bamwe bemeraga ko akoreshwa n’imbaraga mvajuru, abandi bakavuga nk’uko Abafarisayo bavugaga kuri Kristo bati: “Arimo dayimoni.” Umunsi wakurikiyeho, Luteri yarahamagawe ngo aze imbere y’inama y’abategetsi bakuru. Umusirikari mukuru w’ibwami yari yashyinzwe kumuzana mu cyumba cy’inama ariko yahageze biruhanyije kuko ahantu hose mu nzira hari huzuye abantu bashakaga kureba uwo mupadiri watinyutse kurwanya ubutegetsi bwa Papa. Igihe Luteri yari agiye kwinjira ngo ajye imbere y’abamuciraga urubanza, umusirikare mukuru wari ushaje wari warabaye intwari mu ntambara nyinshi, yamubwiranye ubwitonzi ati: “Nyabusa Padiri, nyabusa padiri, ubu ugiye kunyura mu bikomeye yaba njye ubwanjye cyangwa abandi basirikare bakuru bose batigeze banyuramo mu ntambara zisesa amaraso 108

Itorero na Leta ku Rugamba twarwanye. Ariko niba uzi ko urwanira ukuri kandi ukaba ubizi neza, jya mbere mu izina ry’Imana, ntugire icyo utinya. Ntabwo Imana izagutererana.” 126 Amaherezo Luteri yahagaze imbere y’inama y’abategetsi bakuru. Umwami w’abami yari yicaye ku ntebe y’ubwami. Yari akikijwe n’abakomeye bo mu bwami bwe. Nta wundi muntu wari warigeze yitaba imbere y’inama ikomeye itangaje nk’iyo Luteri yari ahagaritswe imbere kugira ngo asobanure ibyo kwizera kwe. “Uko kuboneka aho ubwabyo byari ikimenyetso cyo gutsindwa k’ubupapa. Papa yari yaramaze kumuciraho iteka, none ubu yari ahagaze imbere y’urukiko rurusha Papa ubushobozi. Papa yari yaramuciye , kandi yari yaramugize ruvumwa mu bantu bose. Ariko noneho yari yahamagawe mu mvugo imwubaha kandi yakirwa imbere y’imbaga y’abanyacyubahiro bakomeye kuruta abandi ku isi. Papa yari yaramuciriye urubanza ko agomba gucecekeshwa burundu none yari agiye kuvugira imbere y’abantu benshi bamuteze amatwi bafite amatsiko bari bavuye mu bihugu byose bya Gikristo. Ibikorwa bya Luteri byari byateje impinduramatwara ikomeye. Roma yari yamaze kumanuka iva ku ntebe yayo y’ubwami kandi ijwi ry’umupadiri ni ryo ryateye uko gucishwa bugufi.” 127 Imbere y’iyo nteko y’abakomeye, umugorozi Luteri wari waravukiye mu muryango woroheje cyane, yasaga n’ufite ipfunwe kandi yabuze amahwemo. Ibikomangoma byinshi bibonye inkeke afite ku mutima, byaramwegereye maze umwe muri bo aramwongorera ati: “Ntutinye abica umubiri badashobora kwica ubugingo.” Undi yaravuze ati: “Nibakujyana imbere y’abategeka n’abami ku bwanjye, Mwuka wa So niwe uzaguha ibyo uzahavugira. ” Uko niko amagambo ya Kristo yavuzwe n’abakomeye bo mu isi kugira ngo bakomeze umugaragu we mu isaha yo gucirwa urubanza. Luteri yajyanywe imbere y’intebe y’umwami w’abami. Habayeho guceceka gukomeye muri iyo mbaga yari iteraniye aho. Bityo umusirikare mukuru w’ibwami yarahagurutse atunga urutoki imizingo y’inyandiko za Luteri maze asaba Luteri gusubiza ibibazo bibiri abajijwe. Icya mbere, yabajijwe niba yemera ko izo nyandiko ari ize, icya kabiri, niba yemera kwivuguruza akareka ibitekerezo yanditse muri ibyo bitabo. Imitwe y’ibyo bitabo yari yasomwe, maze ku kibazo cya mbere Luteri asubiza ko yemera ko ibyo bitabo ari ibye. Yaravuze ati: “Ku kibazo cya kabiri, kubera ko ari ikibazo kirebana no kwizera n’agakiza k’abantu, kandi kikaba kinibasiye Ijambo ry’Imana ryo butunzi bukomeye kandi buruta ubundi haba mu ijuru no mu isi, ndamutse nsubije ntabanje gutekereza naba mpubutse. Kuko nihandagaje bishoboka ko navuga bike ku bisabwa cyangwa ibirenze ibyo ukuri gusaba bityo nkaba nshumuye ku cyo Kristo yavuze ati: “Ariko uzanyihakanira imbere y’abantu wese, nanjye nzamwihakanira imbere ya Data uri mu ijuru.” 128 Kubera iyo mpamvu, mu kwicisha bugufi kose, ndagusaba nyakubahwa mwami w’abami ngo umpe umwanya kugira ngo mbashe gusubiza ntatukishije Ijambo ry’Imana.” 129 Mu gusaba atyo Luteri yabikoranye ubwenge. Abari bateraniye aho bahise bemera ko Luteri adahubuka mu byo akora atabanje gutekereza. Ubwo bwitonzi no kwitegeka bitari byitezwe mu muntu wari waragaragaje ko adakangishwa kandi ntagamburure, 109

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubwo Luteri yari ageze i Worms, imbaga y’abantu benshi yaje <strong>ku</strong> marembo y’uwo mujyi.<br />

Imbaga nk’iyo ntiyari yarigeze iteranira gusanganira n’umwami w’abami ubwe. Hari ubwoba<br />

bwinshi cyane, kandi muri iyo mbaga y’abantu havaga ijwi rito ry’umuntu uririmba indirimbo<br />

yo gushyingura nk’umuburo uri guhabwa Luteri <strong>ku</strong>bera urwari rumutegereje. Ubwo yavaga<br />

mu igare ryari rimutwaye, yaravuze ati: “Ima<strong>na</strong> niyo izandengera.”<br />

Ntabwo abayoboke ba Papa bari barizeye ko Luteri abasha guhangara <strong>ku</strong>boneka i Worms<br />

maze <strong>ku</strong>hagera kwe <strong>ku</strong>buzuza ubwoba bwinshi. Umwami w’abami yahise atumiza<br />

abajya<strong>na</strong>ma be ngo barebe icyo bakora. Umwe mu bisonga bye bikomeye wari ukomeye <strong>ku</strong><br />

mahame y’ubupapa yaravuze ati: “Twamaze igihe kirekire tuvuga <strong>ku</strong>ri iki kibazo.<br />

Nya<strong>ku</strong>bahwa icyo wakora ni uguhita wikiza uriya muntu. Mbese Sigismond ntiyatwikishije<br />

Huse? Ntabwo turebwa no gutanga cyangwa <strong>ku</strong>bahiriza urwandiko rw’inzira<br />

rw’umuhakanyi.” Umwami w’abami arasubiza ati: “Oya, tugomba gukora ibyo<br />

twasezeranye.” 124 Bityo hafashwe icyemezo ko Luteri yategwa amatwi.<br />

Abo mu mujyi bose bari bafite amatsiko yo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uwo muntu w’akataraboneka maze<br />

bidatinze abashyitsi benshi baje <strong>ku</strong>mureba buzura aho yari acumbitse. Luteri yari atarakira<br />

neza indwara yari aherutse <strong>ku</strong>rwara; yari a<strong>na</strong>nijwe n’urugendo yari amazemo ibyumweru<br />

bibiri byuzuye. Yagombaga kwitegura uko yari <strong>ku</strong>zifata muri gahunda y’umunsi u<strong>ku</strong>rikiyeho<br />

bityo yari akeneye gutuza no <strong>ku</strong>ruhuka. Ariko abantu benshi bifuzaga <strong>ku</strong>mubo<strong>na</strong> <strong>ku</strong> buryo<br />

yari aruhutse amasaha make cyane ubwo abakomeye, abapadiri <strong>na</strong> rubanda bateraniye aho ari<br />

bafite amatsiko. Muri abo bantu harimo benshi bo mu bakomeye bari barasabye umwami<br />

w’abami ko habaho ivugurura <strong>ku</strong> bintu bibi bikorwa mu itorero kandi nk’uko Luteri abivuga,<br />

“bari baraheshejwe umudendezo n’ubutumwa bwe.” 125 Abanzi kimwe n’incuti bose baje<br />

<strong>ku</strong>reba uwo mupadiri utagira ubwoba; ariko yabakiranye gutuza atajegajega, agasubizanya<br />

bose ikinyabupfura n’ubwenge. Kwihanga<strong>na</strong> kwe kwari gushikamye <strong>ku</strong>rimo ubutwari. Mu<br />

maso he hari ha<strong>na</strong>nutse hari ibimenyetso by’umu<strong>na</strong>niro n’uburwayi nyamara kandi<br />

hagaragaraga ubugwaneza n’ibyishimo. Uburemere no <strong>ku</strong>dakebakeba by’amagambo ye<br />

byamuhaye imbaraga n’abanzi be batashoboraga gutsinda. Incuti ze n’abanzi be buzurwaga<br />

no gutangara. Bamwe bemeraga ko akoreshwa n’imbaraga mvajuru, abandi bakavuga nk’uko<br />

Abafarisayo bavugaga <strong>ku</strong>ri Kristo bati: “Arimo dayimoni.”<br />

Umunsi wa<strong>ku</strong>rikiyeho, Luteri yarahamagawe ngo aze imbere y’i<strong>na</strong>ma y’abategetsi<br />

ba<strong>ku</strong>ru. Umusirikari mu<strong>ku</strong>ru w’ibwami yari yashyinzwe <strong>ku</strong>muza<strong>na</strong> mu cyumba cy’i<strong>na</strong>ma<br />

ariko yahageze biruhanyije <strong>ku</strong>ko ahantu hose mu nzira hari huzuye abantu bashakaga <strong>ku</strong>reba<br />

uwo mupadiri watinyutse <strong>ku</strong>rwanya ubutegetsi bwa Papa.<br />

Igihe Luteri yari agiye kwinjira ngo ajye imbere y’abamuciraga urubanza, umusirikare<br />

mu<strong>ku</strong>ru wari ushaje wari warabaye intwari mu ntambara nyinshi, yamubwiranye ubwitonzi<br />

ati: “Nyabusa Padiri, nyabusa padiri, ubu ugiye <strong>ku</strong>nyura mu bikomeye yaba njye ubwanjye<br />

cyangwa abandi basirikare ba<strong>ku</strong>ru bose batigeze banyuramo mu ntambara zisesa amaraso<br />

108

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!