07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Imbaga y’abantu yari iteraniye aho yayibwiye amagambo ya Kristo ati: “Amahoro abe<br />

muri mwe.” Yakomeje agira ati: “Abacurabwenge, intiti n’abanditsi bakoze ibishoboka byose<br />

ngo bigishe abantu uburyo bwo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubugingo buhoraho nyamara ntibageze <strong>ku</strong> ntego.<br />

Nyamara njyeweho ndababwira ubwo buryo:...Hari Uwo Ima<strong>na</strong> yazuye mu bapfuye <strong>ku</strong>gira<br />

ngo arimbure urupfu, abe impongano y’icyaha kandi afunge amarembo y’i<strong>ku</strong>zimu; uwo ni<br />

Umwami Yesu Kristo. Uyu ni wo murimo w’agakiza ...Kristo yaratsinze! Iyi ni in<strong>ku</strong>ru<br />

ishimishije; kandi twakijijwe n’umurimo yakoze ntabwo ari umurimo wacu ubwacu.<br />

...Umwami wacu Yesu Kristo yaravuze ati, ‘Amahoro abe muri mwe; nimurebe ibiganza<br />

byanjye.’ Ibyo ni u<strong>ku</strong>vuga ngo; ‘Yewe muntu, reba! Ni jye, jye jyenyine wa<strong>ku</strong>yeho ibyaha<br />

byawe, ndagucungura none ubu ufite amahoro. Ni ko Umwami avuga.’”<br />

Yakomeje yereka<strong>na</strong> ko ukwizera nya<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>zagaragazwa n’imibereho itunganye.<br />

Yaravuze ati: ” Kuva Ima<strong>na</strong> yaradukijije, ni mutyo dushyire ibikorwa byacu <strong>ku</strong>ri gahunda<br />

<strong>ku</strong>gira ngo bibashe <strong>ku</strong>ba ibiyishimisha. Mbese waba ukize? Reka ibyo utunze bigirire abakene<br />

akamaro. Mbese waba uri umukene? Reka ibyo ukorera umukire bimushimishe. Niba<br />

umurimo wawe ari wowe wenyine ufitiye akamaro, umurimo wibwira ko ukorera Ima<strong>na</strong> ni<br />

ikinyoma.” 121<br />

Abantu bamuteze amatwi batwawe rwose. Umutsima w’ubugingo wamanyaguriwe abo<br />

bashonji. Kristo ni we wererejwe imbere yabo kandi arutishwa ba Papa, ibisonga byabo,<br />

abami b’abami ndetse n’abami bose. Ntabwo Luteri yigeze abahishurira ko ari mu kaga.<br />

Ntabwo yashatse ko bamutekerezaho cyangwa ko bamugirira impuhwe. Kubera Kristo<br />

yariyibagiwe ubwe. Yihishe inyuma y’Uwabambwe i Karuvali agendereye gusa kwereka<strong>na</strong><br />

ko Yesu wenyine ari we Mucunguzi w’umunyabyaha.<br />

Ubwo Luteri yakomezaga urugendo rwe, aho yanyuraga hose bamureba<strong>na</strong>ga amatsiko<br />

menshi. Abantu benshi bazaga <strong>ku</strong>muzenguruka bazanywe no <strong>ku</strong>muburira iby’imigambi<br />

abayoboke ba Roma bamufitiye. Bamwe baravugaga bati: “Bazagutwika ba<strong>ku</strong>gire ivu nk’uko<br />

batwitse Huse.” Luteri yarabasubizaga: “Nubwo baca<strong>na</strong> umuriro mu nzira yose <strong>ku</strong>va i Worms<br />

<strong>ku</strong>gera Wittenberg, ndetse ibirimi byawo bikaba bigera <strong>ku</strong> ijuru, nzawunyuramo mu izi<strong>na</strong> rya<br />

Yesu-Umukiza, nzagera imbere yabo. Nzinjira mu mikaka y’iki gikoko maze n<strong>ku</strong>re amenyo<br />

yacyo mpamya Umwami Yesu Kristo.” 122<br />

In<strong>ku</strong>ru ivuga ko ari hafi <strong>ku</strong>gera i Worms yateye abantu ubwoba bwinshi. Incuti ze<br />

zahindaga umushitsi <strong>ku</strong>bwo umutekano we <strong>na</strong>ho abanzi be bo bari batewe ubwoba n’uko<br />

umurimo wabo utaragera <strong>ku</strong> ntego yawo. Hakoreshejwe imbaraga nyinshi cyane <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bamwumvishe ko adakwiriye kwinjira muri uwo mujyi. Biteguwe n’abari mu ruhande rwa<br />

Papa, bamugiriye i<strong>na</strong>ma yo kwemera ko yaruhukira mu nzu y’umusirikare w’incuti ye aho<br />

bibwiraga ko ibibazo bikwiriye gukemurirwa aho mu bwumvikane. Incuti za Luteri zihatiye<br />

<strong>ku</strong>mutera ubwoba zimubwira ibyago bimutegereje. Umuhati wose bakoresheje wabaye<br />

imfabusa. Luteri wari utaracika intege yaravuze ati: “Nubwo i Worms haba abadayimoni<br />

banga<strong>na</strong> n’amategura y’ibisenge by’amazu yaho, uko byagenda kose nzahinjira.” 123<br />

107

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!