07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

maze bamwingingira <strong>ku</strong>dashyira ubuzima bwe mu kaga. Yarabasubije ati: “Abayoboke ba<br />

Papa ntibifuza ko ngera i Worms, ahubwo bashaka ko nshirwaho iteka kandi ngapfa. Ariko<br />

ntacyo bitwaye. Ntimunsabire ahubwo musabire Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Kristo azampa Mwuka we<br />

<strong>ku</strong>gira ngo mbashe gutsinda abo bakozi barwanira ikinyoma. Sinzigera nemera ibyabo kandi<br />

nzabatsindisha urupfu rwanjye. Bari gukora hirya no hino i Worms bashaka uko bampatira<br />

kwisubiraho, ariko dore kwisubiraho kwanjye uko ari ko: Nigeze mvuga ko Papa ari<br />

umusimbura wa Kristo; ariko noneho ubu mvuze ko Papa ari umwanzi wa Kristo ahubwo ni<br />

intumwa ya Satani.” 118<br />

Ntabwo Luteri yajyaga gukora urwo rugendo rurimo akaga wenyine. Uretse intumwa<br />

y’umwami, hari n’abandi bantu batatu b’incuti ze magara biyemeje <strong>ku</strong>muherekeza. Uwitwa<br />

Melanchthon yifuje cyane <strong>ku</strong>jya<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo. Umutima we wari womatanye n’uwa Luteri bityo<br />

yifuza <strong>ku</strong>mu<strong>ku</strong>rikira byaba ngombwa bakajya<strong>na</strong> muri gereza cyangwa bagapfa<strong>na</strong>. Nyamara<br />

Luteri yanze kwinginga kwe. Iyo Luteri aza gupfa , ibyiringiro by’Ubugorozi byagombaga<br />

<strong>ku</strong>zashingira <strong>ku</strong>ri uwo bakora<strong>na</strong>ga wari ukiri umusore. Ubwo Luteri yasezeraga <strong>ku</strong>ri<br />

Melanchthon yaravuze ati: “Nindamuka ntagarutse maze abanzi banjye bakanyica,<br />

uzakomeze kwigisha kandi uzashikame mu <strong>ku</strong>ri. Kora mu cyimbo cyanjye...Wowe nurokoka,<br />

urupfu rwanjye ntacyo ruzaba ruvuze.” 119<br />

Abanyeshuri benshi n’abaturage bari bateranyijwe no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uko Luteri ari bugende<br />

bagize agahinda kenshi. Imbaga y’abantu benshi bari barakozwe <strong>ku</strong> mutima n’ubutumwa<br />

bwiza bamusezeyeho barira. Uko ni ko Umugorozi n’abamuherekeje bafashe urugendo bava<br />

i Wittenberg.<br />

Mu rugendo Luteri babo<strong>na</strong>ga ko intekerezo z’abantu ziremerewe n’ubwoba. Mu mijyi<br />

imwe, ntibigeze babacira akari urutega. Ubwo bahagararaga ngo bacumbike, umupadiri<br />

wamu<strong>ku</strong>ndaga yagaragaje ubwoba afite akoresheje kwereka Luteri igishushanyo<br />

cy’umugorozi w’Umutaliyani wari warishwe azize kwizera kwe. Umunsi wa<strong>ku</strong>rikiyeho baje<br />

<strong>ku</strong>menya ko inyandiko za Luteri zaciwe i Worms. Intumwa ziturutse i bwami zagendaga<br />

zamamaza iteka ry’umwami w’abami kandi zikararikira abantu <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> izo nyandiko zaciwe<br />

bakazishyikiriza abacamanza. Wa muherekeza w’intwari aza gutinya ko Luteri atari bugirire<br />

umutekano muri iyo <strong>na</strong>ma bagiyemo kandi atekereje ko Luteri yabasha <strong>ku</strong>gamburura <strong>ku</strong><br />

mwanzuro we, yamubajije niba acyifuza gukomeza urugendo. Luteri yaramusubije ati:<br />

“Nubwo <strong>na</strong>maganwe mu mijyi yose, ndakomeza ngende.” 120<br />

Ageze ahitwa Erfurt, yakiranwe icyubahiro. Yakikijwe n’imbaga y’abantu<br />

yamwishimiraga, yanyuze mu nzira yari yaranyuzemo kenshi yitwaje isakoshi yakoreshaga<br />

asabiriza. Yasuye aho yari yarabaye mu kigo cy’abihaye Ima<strong>na</strong> kandi yibuka intambara<br />

yanyuzemo mbere y’uko mu mutima we yakira u<strong>ku</strong>ri kwakwiraga mu Budage hose muri icyo<br />

gihe. Bamurarikiye <strong>ku</strong>bwiriza kandi yari yarabibujijwe; ariko umuherekeza we yamuhaye<br />

uruhusa rwo <strong>ku</strong>bikora maze umupadiri wari warigeze <strong>ku</strong>ba umukozi ukora imirimo y’agahato<br />

kandi isuzuguritse mu kigo cy’abihaye Ima<strong>na</strong> noneho ajya <strong>ku</strong>ri aritari (uruhimbi).<br />

106

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!