07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Mu <strong>ku</strong>rangiza yerekanye agasuzuguro afitiye abayobotse ukwizera gushya agira ati: “Abo<br />

bayoboke ba Luteri bose ni bantu ki? Ako gatsiko k’abigisha b’abanyagasuzuguro, abapadiri<br />

bataye umurongo, abanyamategeko b’abaswa n’abakomeye bitesheje agaciro ndetse <strong>na</strong><br />

rubanda bayobeje bakabateshura inzira. Mbega uburyo abayoboke b’itorero Gatorika<br />

babaruta haba mu bwinshi, mu bushobozi ndetse n’imbaraga! Icyemezo kirafatwa n’imbaga<br />

nyamwinshi kiramurikira aboroheje, kibere umuburo abafata ibyemezo bahubutse,<br />

abadashikamye kibatere gufata icyemezo kandi kiraha imbaraga abari bafite intege nke.” 115<br />

Abaharaniye u<strong>ku</strong>ri mu bihe byose byabayeho bagiye barwanishwa intwaro nk’izo. Ingingo<br />

nk’izo ziracyakoreshwa mu <strong>ku</strong>rwanya abantu bose batinyuka <strong>ku</strong>vuga inyigisho zumvika<strong>na</strong><br />

kandi zidakebakeba z’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> zivuguruza ibinyoma byashinze umuzi. Abifuza idini<br />

yogeye hose baravuga bati: “Abo babwiriza b’inyigisho nshya ni bantu ki? Ntabwo bize, ni<br />

bake kandi ni n’abakene. Nyamara bavuga ko bafite u<strong>ku</strong>ri kandi ko ari ubwoko bwatoranyijwe<br />

n’Ima<strong>na</strong>! Ntacyo bazi kandi barashutswe. Mbega u<strong>ku</strong>ntu itorero ryacu rigizwe n’abantu<br />

benshi <strong>ku</strong>barusha kandi rikabarusha n’ubushobozi! Mbega u<strong>ku</strong>ntu muri twe hari abantu<br />

benshi bakomeye kandi b’abahanga! Mbega uburyo uruhande rwacu rubarusha imbaraga!”<br />

Ngizo imvugo zifite ijambo mu batuye isi, ariko ubu ntabwo ari izo gushingirwaho <strong>ku</strong>ruta<br />

uko byari bimeze mu gihe cya Luteri.<br />

Ubugorozi ntibwarangiranye <strong>na</strong> Luteri nk’uko bamwe babitekereza. Bugomba gukomeza<br />

gukorwa <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> iherezo ry’amateka y’isi. Luteri yari afite umurimo ukomeye wo <strong>ku</strong>geza<br />

<strong>ku</strong> bandi umucyo Ima<strong>na</strong> yari yaramumurikishirije, nyamara ntiyahawe umucyo wose<br />

wagombaga guhabwa abatuye isi. Kuva icyo gihe <strong>ku</strong>geza ubu, umucyo mushya wakomeje<br />

<strong>ku</strong>jya umurika <strong>ku</strong> Byanditswe Byera kandi u<strong>ku</strong>ri gushya gukomeza <strong>ku</strong>jya guhishurwa.<br />

Imvugo y’intumwa ya Papa yatangaje cyane abagize i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru.<br />

Luteri ntiyari ari aho ngo avuguruze iyo ntumwa ya Papa y’akataraboneka akoresheje u<strong>ku</strong>ri<br />

<strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> kandi kwemeza imitima ko mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Nta muntu n’umwe wagerageje<br />

<strong>ku</strong>rengera umugorozi Luteri. Muri rusange hagaragaye umwuka utari uwo <strong>ku</strong>muciraho iteka<br />

ndetse n’inyigisho yigishaga gusa ahubwo wari uwo <strong>ku</strong>randura ubuyobe bibaye bishobotse.<br />

Roma yari yabonye uburyo bwiza bwo <strong>ku</strong>rengera uruhande rwayo. Ibyo yashoboraga <strong>ku</strong>vuga<br />

byose ngo yirengere byari byavuzwe, nyamara ibyo byasaga n’insinzi byari ikimenyetso cyo<br />

gutsindwa. Kuva icyo gihe, itandukaniro hagati y’u<strong>ku</strong>ri n’ikinyoma ryari <strong>ku</strong>rushaho<br />

<strong>ku</strong>garagara neza ubwo u<strong>ku</strong>ri n’ibinyoma byari guhanga<strong>na</strong> mu rugamba <strong>ku</strong> mugaragaro. Kuva<br />

icyo gihe Roma ntiyari <strong>ku</strong>zagira umutekano nka mbere.<br />

Nubwo umubare munini w’abari bateraniye muri iyo <strong>na</strong>ma bari biteguye gutanga Luteri<br />

ngo Roma imwihimureho; benshi muri bo babonye kandi bababazwa cyane n’ubuhenebere<br />

bwari mu itorero, kandi bifuzaga ko havaho ibyababazaga Abadage byaterwaga no<br />

gushayisha mu bibi n’umururumba wo kwirundanyaho ubutunzi byarangaga abayobozi<br />

ba<strong>ku</strong>ru b’itorero. Intumwa ya Papa yari yerekanye igitugu cy’ubutegetsi bwa Papa mu buryo<br />

bugaragara. Ubwo ni bwo Uhoraho yakoze <strong>ku</strong> mutima w’umwe mu bagize iyo <strong>na</strong>ma<br />

104

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!