07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kandi ko iteka aciriwe rireba n’abantu bose bashobora kwakira inyigisho ze. Urugamba<br />

rukomeye rwari rwaratangiye rwose.<br />

Kurwanywa niwo mugabane w’abantu bose Ima<strong>na</strong> igenda ikoresha <strong>ku</strong>gira ngo bageze<br />

u<strong>ku</strong>ri kwihariye <strong>ku</strong>reba abo mu bihe byabo. Mu gihe cya Luteri hari hariho u<strong>ku</strong>ri kw’ingenzi<br />

<strong>ku</strong>genewe ab’icyo gihe. Muri iki gihe <strong>na</strong>ho, hari u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>genewe itorero. Ima<strong>na</strong> yo ikora<br />

ibintu byose i<strong>ku</strong>rikije ubushake bwayo, yagiye inezezwa no gucisha abantu mu bintu<br />

bitandukanye ndetse no <strong>ku</strong>baha inshingano zihariye zireba<strong>na</strong> n’igihe barimo n’imibereho<br />

bafite. Nibaha agaciro umucyo bahawe, bazabo<strong>na</strong> imbere yabo u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>rushaho gusobanuka.<br />

Nyamara muri iki gihe, abantu benshi ntibacyifuza u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>ruta uko byari biri <strong>ku</strong> bayoboke<br />

ba Papa barwanyaga Luteri. Nyamara nk’uko byabaye mu bihe bya kera, haracyariho wa<br />

mwuka wo kwemera inyigisho n’imigenzo by’abantu mu mwanya wo kwemera Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>. Abantu bigisha u<strong>ku</strong>ri gukwiriye iki gihe ntibagomba kwitega ko bazakirwa neza<br />

<strong>ku</strong>ruta uko byagendekeye abagorozi bo mu bihe byashize.<br />

Intambara ikomeye hagati y’u<strong>ku</strong>ri n’ikinyoma, hagati ya Kristo <strong>na</strong> Satani izarushaho<br />

gukaza umurego <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> iherezo ry’amateka y’isi.<br />

Yesu yabwiye abigishwa be ati: “Iyo muba ab’isi, ab’isi baba baba<strong>ku</strong>nze: ariko <strong>ku</strong>ko<br />

mutari ab’isi, ahubwo <strong>na</strong>batoranyije mu b’isi, ni cyo gituma ab’isi babanga. Mwibuke ijambo<br />

<strong>na</strong>babwiye nti: ‘Umugaragu ntaruta shebuja.’ Niba bandenganyije, <strong>na</strong>mwe bazabarenganya,<br />

niba bitondeye ijambo ryanjye, n’iryanyu <strong>na</strong>ryo bazaryitondera.” Yoha<strong>na</strong> 15:19, 20. Ku rundi<br />

ruhande <strong>na</strong>ho, Umwami wacu yavuze yeruye ati: “Muzabo<strong>na</strong> ishyano abantu nibabavuga<br />

neza; <strong>ku</strong>ko ari ko ba se<strong>ku</strong>ruza banyu bagenje abahanuzi b’ibinyoma.” Luka 6:26.<br />

Muri iyi minsi, umwuka w’ab’isi ntugihuje n’umwuka wa Kristo <strong>ku</strong>ruta uko byari bimeze<br />

mu bihe bya kera, kandi ababwiriza Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> batarigoretse muri iki gihe, ntibashobora<br />

<strong>ku</strong>zakiranwa ineza iruta iyagiriwe aba kera. Uburyo bwo <strong>ku</strong>rwanya u<strong>ku</strong>ri bushobora<br />

guhindura isura, urwango rushobora <strong>ku</strong>ba rutagaragara cyane bitewe n’uko ruhishwe cyane,<br />

ariko <strong>ku</strong>rwanywa biracyariho kandi bizakomeza <strong>ku</strong>baho <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> iherezo ry’ibihe.<br />

101

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!