07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nubwo byari bimeze bityo, Luteri yari ataragira ubwoba. Roma yari yaramuciye kandi<br />

abatuye isi bari bategereje ko yicwa cyangwa agahatirwa kwisubiraho. Ariko mu mbaraga<br />

ikomeye, Luteri yabwiye Roma ko ari yo iciriweho iteka kandi avugira <strong>ku</strong> mugaragaro ko<br />

yiyemeje gutanduka<strong>na</strong> <strong>na</strong>yo by’iteka. Luteri afata inyandiko z’amategeko y’idini n’iryo<br />

tangazo rimuca mu itorero ndetse n’izindi nyandiko zishyigikira ubutegetsi bwa Papa maze<br />

abitwikira mu ruhame rw’imbaga y’abanyeshuri, intiti zigisha muri kaminuza ndetse <strong>na</strong><br />

rubanda rwo mu nzego zose. Yaravuze ati: “Kubwo gutwika ibitabo byanjye, abanzi banjye<br />

babashije gutesha agaciro umurimo w’u<strong>ku</strong>ri mu ntekerezo za rubanda kandi barimbura<br />

imitima yabo. None <strong>ku</strong>bera iyo mpamvu <strong>na</strong>njye ntwitse ibitabo byabo. Urugamba rukaze<br />

rwamaze gutangira. Kugeza none icyo <strong>na</strong>koze kwari uguki<strong>na</strong> <strong>na</strong> papa gusa. Natangiye uyu<br />

murimo mu izi<strong>na</strong> ry’Ima<strong>na</strong>, kandi uzarangira ntahari ahubwo uzarangizwa n’imbaraga zayo.”<br />

108<br />

Ku magambo yo <strong>ku</strong>nnyega yavuzwe n’abanzi be bamukwe<strong>na</strong>ga ndetse n’intege nke ziri<br />

mu murimo we, Luteri yarashubije ati: “Ni nde uzi niba Ima<strong>na</strong> yarantoranyije kandi<br />

ikampamagara? Basuzugura Ima<strong>na</strong> ubwayo. Mose yari wenyine ubwo bavaga mu Misiri,<br />

Eliya yari wenyine mu ngoma y’umwami Ahabu, Yesaya <strong>na</strong>we yari wenyine muri<br />

Yerusalemu <strong>na</strong> Ezekeli yari wenyine muri Babuloni...Ntabwo Ima<strong>na</strong> yigeze itoranya<br />

umutambyi mu<strong>ku</strong>ru cyangwa undi muntu ukomeye ngo babe abahanuzi. Ahubwo yatoranyije<br />

abantu baciye bugufi kandi b’insuzugurwa, ndetse rimwe yatoranyije Amosi wari<br />

umushumba. Mu bihe byose byabayeho, intungane zagiye zihara amagara yazo maze<br />

zigacyaha abakomeye, abami, ibikomangoma, abatambyi ndetse n’abanyabwenge. . .Ntabwo<br />

mvuga ko ndi umuhanuzi, ahubwo ndavuga ko bakwiriye gutinya babitewe gusa n’uko ndi<br />

umwe bo bakaba ari benshi. Ibi mbizi neza ko Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> riri <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>njye kandi ko<br />

ritari <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>bo.” 109<br />

Nyamara ntabwo Luteri yafashe umwanzuro wo kwitandikanya burundu n’itorero nta<br />

rugamba rukomeye arwanye n’intekerezo ze. Muri icyo gihe niho yanditse ati: “Buri munsi<br />

ndushaho <strong>ku</strong>mva uko bikomeye ibyo umuntu yatojwe <strong>ku</strong>genderamo akiri umwa<strong>na</strong>. Nubwo<br />

<strong>ku</strong> ruhande rwanjye <strong>na</strong>ri mfite Ibyanditswe, mbega uburyo byanteye umubabaro mwinshi<br />

kwiyumvisha ko nkwiriye guhangara guhagarara njyenyine nkarwanya Papa kandi nkavuga<br />

ko ari antikristo! Mbega imibabaro umutima wanjye wagize utari warigeze ugira! Mbega<br />

uburyo incuro nyinshi ntabuze <strong>ku</strong>jya nibaza iki kibazo mbabaye, ari <strong>na</strong>cyo akenshi abayoboke<br />

ba Papa bambazaga bati: ‘Mbese ni wowe munyabwenge wenyine?’ Mbese abandi bose<br />

bamaze iki icyo gihe cyose bari mu buyobe? None se amaherezo niba ari wowe wibeshya<br />

kandi ukaba uri gushora abantu benshi mu buyobe bwawe maze amaherezo bakazazimira<br />

by’iteka?’ Uko ni ko <strong>na</strong>rwa<strong>na</strong>ga n’ibitekerezo byanjye ndetse <strong>na</strong> Satani <strong>ku</strong>geza igihe Kristo,<br />

<strong>ku</strong>bw’ijambo rye ritibeshya, yakomeje umutima wanjye imbere y’uko gushidikanya.” 110<br />

Papa yari yarakangishije Luteri ko <strong>na</strong>tisubiraho azacibwa mu itorero maze noneho icyo<br />

gihano gishyirwa mu bikorwa. Hasohotse irindi tangazo rivuga ko Luteri yitandukanyije<br />

n’itorero ry’i Roma ubuheruka. Iryo tangazo ryaramurwanyaga rikavuga ko yavumwe n’Ijuru<br />

100

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!