07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kugeza icyo gihe Luteri yari yaritandukanyije n’amakosa y’itorero ry’i Roma by’igice.<br />

Ariko uko yagereranyaga Ibyanditswe Byera n’amategeko n’amateka yashyizweho <strong>na</strong> papa,<br />

yarushagaho gutangara. Yanditse agira ati: “Ubu ndi gusoma amategeko ya Papa,...Ntabwo<br />

nzi niba Papa atari we urwanya Kristo (antikristo) cyangwa niba ari intumwa ye, <strong>ku</strong>ko ayo<br />

mategeko abambisha Kristo kandi akamugaragaza uko atari.” 100 Nyamara, <strong>ku</strong>geza icyo gihe<br />

Luteri yari agishyigikiye itorero Gatolika ry’i Roma, kandi nta gitekerezo cyo kwitandukanya<br />

<strong>na</strong>ryo yari afite.<br />

Inyandiko z’umugorozi Luteri ndetse n’inyigisho ze byakwiraga mu bihugu byose<br />

birangwamo ubukristo. Umurimo we wakwiriye mu Busuwisi n’Ubuholandi. Amakopi<br />

y’inyandiko ze yagejejwe mu Bufaransa no muri Esipanye. Mu Bwongereza ho bakiriye<br />

inyigisho ze nk’ijambo ry’ubugingo. Mu Bubiligi no mu Butariyani <strong>na</strong> ho hakwiriye uko <strong>ku</strong>ri.<br />

Abantu ibihumbi byinshi barakangukaga bakava mu iroro rimeze nk’urupfu bakinjira mu<br />

byishimo n’ibyiringiro byo <strong>ku</strong>gira imibereho yo kwizera.<br />

Roma yarushijeho guhangayikishwa n’ibitero bya Luteri, bityo bamwe mu bamurwanyaga<br />

n’ishyaka ryinshi ndetse n’intiti zigishaga muri kaminuza z’itorero Gatolika ziza gutangaza<br />

ko umuntu uzabasha kwica uwo mupadiri wigometse nta cyaha azabarwaho. Umunsi umwe,<br />

umuntu utazwi wari witwaje imbunda ntoya ayihishe mu mwambaro we yegereye Luteri maze<br />

amubaza impamvu agenda wenyine. Luteri aramusubiza ati: “Ndi mu maboko y’Ima<strong>na</strong>, ni Yo<br />

mbaraga zanjye n’ingabo inkingira. Umuntu yabasha <strong>ku</strong>ntwara iki?” 101<br />

Wa muntu yumvise ayo magambo yagize ubwoba bwinshi maze ahunga nk’uwari imbere<br />

y’abamarayika bo mu ijuru.<br />

Roma yari ishishikajwe no kwica Luteri, ariko Ima<strong>na</strong> ni yo yamurindaga. Inyigisho ze<br />

zumvika<strong>na</strong>ga ahantu hose- haba mu ngo z’aboroheje, iz’abakomeye, mu bigo by’abihaye<br />

Ima<strong>na</strong>,...muri za kaminuza ndetse no mu ngoro z’abami;” kandi hirya no hino abantu<br />

b’abanyacyubahiro barahagurukaga <strong>ku</strong>gira ngo bamushyigikire. 102<br />

Muri icyo gihe ubwo Luteri yasomaga ibyo Huse yanditse,ni bwo yavumbuye ko u<strong>ku</strong>ri<br />

gukomeye ko <strong>ku</strong>girwa intungane <strong>ku</strong>bwo kwizera we ubwe yashakaga kwerereza no kwigisha,<br />

kwari kwarakomeweho n’umugorozi w’i Boheme (Huse). Luteri yaravuze ati: “Twese, yaba<br />

Pawulo, Augustine <strong>na</strong> njye ubwanjye, twabaye abayoboke ba Huse tutabizi!” Yakomeje agira<br />

ati: “Ima<strong>na</strong> Izamenyesha abatuye isi bose ko babwirijwe u<strong>ku</strong>ri hakaba hashize ikinyeja<strong>na</strong>,<br />

nyamara bakaba baragutwitse!” 103<br />

Mu byo yamenyesheje umwami w’abami n’abatware bo mu Budage ashyigikira<br />

ivugururwa mu Bukristo, Luteri yanditse ibya Papa agira ati: “Ni ikintu kibabaje cyane<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umuntu wiyita umusimbura wa Kristo yigaragazaho gukomera n’icyubahiro bitagirwa<br />

n’umwami w’abami uwo ari we wese. Mbese ibyo niko gusa <strong>na</strong> Yesu wari umukene cyangwa<br />

<strong>na</strong> Petero wicishaga bugufi? Bavuga ko ari umutware w’isi! Nyamara Kristo uwo Papa<br />

98

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!