07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

In<strong>ku</strong>ru z’uko Luteri yageze Augsburg yashimishije cyane intumwa ya Papa. Uwitwaga<br />

umuyobe wababujije amahwemo agahagurutsa isi yose noneho yasaga n’uri mu maboko<br />

y’ubushobozi bwa Roma bityo intumwa ya Papa yiyemeza ko adakwiriye <strong>ku</strong>muva mu<br />

maboko. Umugorozi Luteri yari yara<strong>na</strong>niwe kwishakira urwandiko rw’inzira rumurinda.<br />

Incuti ze zamusabye <strong>ku</strong>tajya imbere y’intumwa ya Papa adafite urwandiko rw’inzira maze izo<br />

ncuti ubwazo zifata gahunda yo <strong>ku</strong>rumusabira umwami w’abami. Intumwa ya Papa yari<br />

yagambiriye ko bishobotse yahatira Luteri kwisubiraho kandi bitashoboka igatuma ajyanwa i<br />

Roma <strong>ku</strong>gira ngo agenzwe nk’uko Huse <strong>na</strong> Yoramu bagenjwe. Nicyo cyatumye iyo ntumwa<br />

yifashisha abakozi bayo, yashishikariye gushuka Luteri ngo amwitabe atitwaje urwandiko<br />

rw’inzira amwiringiza ko amufitiye impuhwe. Luteri yanze rwose gukora atyo.<br />

Ntiyashoboraga <strong>ku</strong>jya kwitaba intumwa ya Papa atarabo<strong>na</strong> urwandiko rumusezeranya ko<br />

arinzwe n’umwami w’abami.<br />

Abayobozi b’itorero ry’i Roma bari biyemeje <strong>ku</strong>gerageza kwigarurira Luteri bakoresheje<br />

<strong>ku</strong>mugaragariza ubugwaneza. Mu kiganiro yagiranye <strong>na</strong> we, ya ntumwa ya Papa yagaragaje<br />

ko amufitiye uru<strong>ku</strong>ndo rutangaje, ariko isaba Luteri ko yumvira ibyo ubutegetsi bw’itorero<br />

bumubwira atazuyaje kandi akemera buri ngingo yose nta gitekerezo <strong>na</strong> kimwe atanze<br />

cyangwa ngo agire ikibazo abaza. Mu gukora atyo, intumwa ya Papa yari yibeshye <strong>ku</strong> mico<br />

y’umuntu yavuga<strong>na</strong>ga <strong>na</strong>we. Mu gisubizo cya Luteri, yagaragaje uko yubaha itorero, uko<br />

yifuza u<strong>ku</strong>ri, uko yiteguye kwisobanura <strong>ku</strong>byo aregwa byerekeranye n’inyigisho yigishije<br />

ndetse no gushyikiriza amahame za kaminuza zimwe zikomeye ngo ziyafatire icyemezo.<br />

Ariko muri uwo mwanya kandi yanenze cyane imikorere y’uwo mukaridi<strong>na</strong>li wari watumwe<br />

<strong>na</strong> Papa wamusabaga kwisubiraho atabanje <strong>ku</strong>mwereka ikosa rye.<br />

Igisubizo cyonyine yahawe ni iki ngo: “Isubireho, isubireho!” Umugorozi Luteri<br />

yerekanye ko uruhande arimo rushyigikiwe <strong>na</strong> Bibiliya kandi avuga ashikamye ko atabasha<br />

<strong>ku</strong>reka u<strong>ku</strong>ri. Ya ntumwa ya Papa ibonye idashoboye kwisobanura <strong>ku</strong> ngingo zivuzwe <strong>na</strong><br />

Luteri, yamucecekesheje amucyaha, amukankamira kandi aka<strong>na</strong>mushyeshyenga avangamo<br />

amagambo a<strong>ku</strong>ye mu miziririzo n’ibyavuzwe n’Abapadiri ba<strong>ku</strong>ru ntiyigere aha Luteri<br />

umwanya wo <strong>ku</strong>vuga. Luteri abonye ko icyo kiganiro nigikomeza gityo kiri bube impfabusa,<br />

amaherezo yasabye uburenganzira bwo gutanga igisubizo cye mu nyandiko.<br />

Ubwo Luteri yandikiraga incuti ye yaravuze ati: “Mu gukora ntyo, urenganywa yunguka<br />

mu buryo bubiri: ubwa mbere ibyanditswe bibasha gushyirwa imbere y’abandi <strong>na</strong>bo bakagira<br />

icyo babivugaho. Icya kabiri, umuntu agira amahirwe yo gutsinda ubwoba, ndetse no <strong>ku</strong>gera<br />

<strong>ku</strong> mutima<strong>na</strong>ma w’umunyagitugu wirata kandi uvuga <strong>na</strong>bi wabashaga <strong>ku</strong>murusha ubushobozi<br />

akoresheje imvugo ye y’ubwirasi.” 96<br />

Ku munsi w’ikiganiro-mpaka wa<strong>ku</strong>rikiyeho, Luteri yavuze ibitekerezo bye mu buryo<br />

bwumvika<strong>na</strong> neza, bwahuranyije kandi burimo imbaraga kandi akabishyigikiza amagambo<br />

ya<strong>ku</strong>ye mu Byanditswe byera. Amaze gusoma urwo rupapuro aranguruye, yaruhereje uwo<br />

mukaridi<strong>na</strong>li nyamara we arujugunya hasi n’umujinya mwinshi, avuga ko rwuzuyemo<br />

95

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!