07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’abirasi basuzugura ubwenge bwariho muri icyo gihe, ndetse n’uko baza<strong>na</strong>ga amatwara<br />

mashya batabanje kwicisha bugufi ngo bagishe abazi ubwenge bwo mu bihe byashize.”<br />

Yongeye <strong>ku</strong>vuga ati: “Ibyo nkora byose bizakorwa, atari <strong>ku</strong>bw’ubushishozi bw’abantu<br />

ahubwo ari <strong>ku</strong>bwo i<strong>na</strong>ma y’Ima<strong>na</strong>. Niba uyu murimo ari uw’Ima<strong>na</strong>, ni nde uzawuhagarika?<br />

Niba atari uwayo, ni nde ubasha <strong>ku</strong>wukomeza? Si ubushake bwanjye, cyangwa ubwabo,<br />

cyangwa ubwacu, ahubwo ni ubwawe Data Wera uri mu ijuru.” 90<br />

Nubwo Luteri yari yarahagurukijwe <strong>na</strong> Mwuka w’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo atangire umurimo<br />

we, ntabwo yabashaga <strong>ku</strong>wuteza imbere adahuye n’intambara zikomeye. Ibirego by’abanzi<br />

be, guharabika imigambi ye, ndetse no gutekereza <strong>na</strong>bi imico ye n’impamvu yamuhagurukije<br />

byamwisutseho nk’umwuzure kandi ntibyaburaga <strong>ku</strong>mugiraho ingaruka. Yari yarumvise afite<br />

icyizere cy’uko abayobozi b’abantu haba mu itorero no mu mashuri bazifatanya <strong>na</strong>we mu<br />

muhati wo <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> ivugurura. Amagambo yo <strong>ku</strong>mutera ubutwari yavaga <strong>ku</strong> bari mu myanya<br />

yo hejuru mu buyobozi yamuteye ibyishimo amwuzuza n’ibyiringiro. Mu bitekerezo bye yari<br />

yaramaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umuseke urabagira<strong>na</strong> w’itorero. Ariko ya mvugo yo <strong>ku</strong>mutera ubutwari<br />

yaje <strong>ku</strong>vamo <strong>ku</strong>muveba no <strong>ku</strong>muciraho iteka. Abanyacyubahiro benshi baba abo mu itorero<br />

<strong>na</strong> leta bari baremeye ko ingingo ze zifite u<strong>ku</strong>ri; ariko bidatinze baza <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko kwemera uko<br />

<strong>ku</strong>ri byari guteza impinduka zikomeye. Kujijura no <strong>ku</strong>vugurura abantu byari gushegesha<br />

ubutegetsi bw’i Roma, bigahagarika amasoko menshi yisukaga mu butunzi bw’i Roma bityo<br />

bigahungabanya imibereho myiza y’abayobozi b’itorero riyoborwa <strong>na</strong> papa. Byongeye kandi,<br />

kwigisha abantu gutekereza no gukora nk’ibiremwa bifite umudendezo, <strong>ku</strong>bigisha guhanga<br />

amaso Kristo wenyine <strong>ku</strong>gira ngo babone agakiza byari guhirika intebe y’ubutware bwa Papa<br />

ndetse bikaba byasenya n’ubutegetsi bwabo. Kubera iyo mpamvu bahakanye rwose <strong>ku</strong><br />

mugaragaro ubwenge bahishuriwe n’Ima<strong>na</strong> maze bahitamo <strong>ku</strong>jya mu ruhande rurwanya<br />

Kristo n’u<strong>ku</strong>ri bakoresheje <strong>ku</strong>rwanya uwo Ima<strong>na</strong> yari yabatumyeho ngo abamurikire.<br />

Luteri yahinze umushyitsi ubwo yibo<strong>na</strong>ga ari we muntu wenyine uhanganye n’ububasha<br />

buruta ubundi <strong>ku</strong> isi. Rimwe <strong>na</strong> rimwe yajyaga ashidikanya akibaza niba koko yarashorewe<br />

n’Ima<strong>na</strong> ngo ahangane n’ubutegetsi bw’itorero. Yaranditse ati: “Nari iki jyewe wo guhanga<strong>na</strong><br />

n’ubutware bwa Papa, uwo abami bo <strong>ku</strong> isi ndetse n’isi yose bahindira umushyitsi imbere?<br />

...Nta muntu wabasha <strong>ku</strong>menya uko umutima wanjye wababaye muri iyo myaka ibiri ya<br />

mbere, ndetse n’akangaratete no kwiheba <strong>na</strong>guyemo.” 91<br />

Nyamara Luteri ntiyaretswe ngo acike intege bikomeye. Igihe ubufasha bw’abantu bwari<br />

butakiriho, yakomeje guhanga amaso Ima<strong>na</strong> yonyine maze amenya ko akwiriye kwibera mu<br />

mahoro atagira impinduka akishingikiriza <strong>ku</strong>ri kwa <strong>ku</strong>boko kw’Ishobora byose.<br />

Luteri yandikiye umuntu wa<strong>ku</strong>ndaga ivugurura agira ati: “Ntabwo dushobora <strong>ku</strong>gera aho<br />

dusobanukirwa Ibyanditswe <strong>ku</strong>bwo kwiga cyangwa ubwenge. Inshingano yawe ya mbere ni<br />

ugutangiza isengesho. Inginga Ima<strong>na</strong> ngo mu mbabazi zayo nyinshi iguhe ubusobanuro<br />

nya<strong>ku</strong>ri bw’Ijambo ryayo. Nta wundi musobanuzi w’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> uruta<br />

Uwaryandikishije nk’uko ubwe yivugiye ati: ‘Bose bazigishwa n’Ima<strong>na</strong>.’ Ntukagire icyo<br />

92

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!