duka nziza mu Itorero ryacu Urakaza neza - epr

duka nziza mu Itorero ryacu Urakaza neza - epr duka nziza mu Itorero ryacu Urakaza neza - epr

28.06.2013 Views

Usibye ibikorwa by’iterambere mu by’umwuka hatekerejwe n’ibikorwa by’iterambere mu byo dukenera mu buzima bwa buri munsi. Hari aho batangiye gukora ibyo kugurira umuntu itungo, abandi batekereza ku bimina bishingiye kuri za Korari barimo. Hari abahinze umurima w’inanasi n’abandi bagenda batekereza kubindi bitandukanye. Muri Paruwase zimwe hari abagiye bakusanya amafaranga bakagurira ibikoresho by’ibanze byoroheje kuri bagenzi babo batishoboye. IBITEGANYWA IBIKORWA BY’ITERAMBERE Kwagura Umuryango ukagera no muzindi Region( Ku rwego rw’igihugu) Gukora igiterane ngaruka mwaka kirimo inyigisho zo gufasha abanyamuryango kumenya ibyo twizera, kubafasha guhangana n’isi y’iki gihe no kubashishikariza kwitangira umurimo mu Itorero. Turateganya guha ingufu ibimina bigamije kwiteza imbere Kurushaho kwiga uburyo ubworozi bw’amatungo magufi bwafasha abafite ibibazo kurusha abandi. Gushishikariza abantu batandukanye gutera inkunga ibitekerezo by’abanyamuryango bigamije iterambere Gushaka uburyo abarangije kwiga bo muri Paruwase bajya bafasha nibura bake mu bana babura uko biga kubera ubushobozi buke. Gukomeza gushishikariza abanyamuryango guhuza ibyo bize n’umurimo w’Imana. Abayobozi b’itorero bitabiriye ibiterane byo mu biruhuko Uvuye i Bumoso: Pst Jonas Musengimana, M. Jean Sauveur Masabo, Pst JMV Mukeshimana, Pst Jerome BIZIMANA(Pres. Region Remera) Igiterane cyabereye i Rukoma Ukuboza 2010 cyatewe inkunga 60% n’a- Korari zasusurutsaga igiterane I Remera-Rukoma 2010 Contact Association de Réveil Estudiantin et Post-scolarisés Présbyteriens.(AREPP). Presbyterian Students and Post-school Revival Association (PSPRA) BP 56 Kigali, Rwanda/ Tel Mob 0788740489/0728740489 E-mail:arepp98.@yahoo.fr UMURYANGO W’UBUBYUTSE MU BANYESHURI N’ABARANGIJE KWIGA B’ABAPRESIBITERIYENE ASSOCIATION DE REVEIL ESTUDIANTIN ET POST-SCOLARISES PRESBYTERIENS (AREPP) Nyuma y’igiterane cyo mu kiruhuko I Remera– Rukoma 2009 Nawe Ushobora gufatanya natwe kwamamaza Ubwami bw’Imana hano ku isi no kuzana impinduka nziza mu Itorero ryacu Urakaza neza VISION DE L’EPR Construire une Eglise solide dont les fidèles sont spirituellement murs, capables de témoigner du Royaume de Dieu dans le monde et dont l’environnement social est pleinement épanoui. THE VISION OF EPR Build up a solid church of which the believers ones are spiritually mature, able to take the stand for the Kingdom of God in the world and of which the social environment is fully blossomed.

Usibye ibikorwa by’iterambere <strong>mu</strong> by’umwuka hatekerejwe<br />

n’ibikorwa by’iterambere <strong>mu</strong> byo dukenera <strong>mu</strong> buzima bwa<br />

buri <strong>mu</strong>nsi.<br />

Hari aho batangiye gukora ibyo kugurira u<strong>mu</strong>ntu itungo,<br />

abandi batekereza ku bimina bishingiye kuri za Korari barimo.<br />

Hari abahinze u<strong>mu</strong>rima w’inanasi n’abandi bagenda batekereza<br />

kubindi bitan<strong>duka</strong>nye.<br />

Muri Paruwase zimwe hari abagiye bakusanya amafaranga<br />

bakagurira ibikoresho by’ibanze byoroheje kuri bagenzi babo<br />

batishoboye.<br />

IBITEGANYWA<br />

IBIKORWA BY’ITERAMBERE<br />

Kwagura U<strong>mu</strong>ryango ukagera no <strong>mu</strong>zindi Region( Ku<br />

rwego rw’igihugu)<br />

Gukora igiterane ngaruka mwaka kirimo inyigisho zo gufasha<br />

abanya<strong>mu</strong>ryango kumenya ibyo twizera, kubafasha<br />

guhangana n’isi y’iki gihe no kubashishikariza kwitangira<br />

u<strong>mu</strong>rimo <strong>mu</strong> <strong>Itorero</strong>.<br />

Turateganya guha ingufu ibimina bigamije kwiteza imbere<br />

Kurushaho kwiga uburyo ubworozi bw’amatungo magufi<br />

bwafasha abafite ibibazo kurusha abandi.<br />

Gushishikariza abantu batan<strong>duka</strong>nye gutera inkunga ibitekerezo<br />

by’abanya<strong>mu</strong>ryango bigamije iterambere<br />

Gushaka uburyo abarangije kwiga bo <strong>mu</strong>ri Paruwase bajya<br />

bafasha nibura bake <strong>mu</strong> bana babura uko biga kubera<br />

ubushobozi buke.<br />

Gukomeza gushishikariza abanya<strong>mu</strong>ryango guhuza ibyo<br />

bize n’u<strong>mu</strong>rimo w’Imana.<br />

Abayobozi b’itorero bitabiriye ibiterane byo <strong>mu</strong> biruhuko<br />

Uvuye i Bumoso: Pst Jonas Musengimana, M. Jean Sauveur Masabo,<br />

Pst JMV Mukeshimana, Pst Jerome BIZIMANA(Pres. Region Remera)<br />

Igiterane cyabereye i Rukoma Ukuboza 2010 cyatewe inkunga 60% n’a-<br />

Korari zasusurutsaga igiterane I Remera-Rukoma 2010<br />

Contact<br />

Association de Réveil Estudiantin et Post-scolarisés Présbyteriens.(AREPP).<br />

Presbyterian Students and Post-school Revival Association (PSPRA)<br />

BP 56 Kigali, Rwanda/ Tel Mob 0788740489/0728740489<br />

E-mail:arepp98.@yahoo.fr<br />

UMURYANGO W’UBUBYUTSE<br />

MU BANYESHURI N’ABARANGIJE<br />

KWIGA B’ABAPRESIBITERIYENE<br />

ASSOCIATION DE REVEIL<br />

ESTUDIANTIN ET POST-SCOLARISES<br />

PRESBYTERIENS<br />

(AREPP)<br />

Nyuma y’igiterane cyo <strong>mu</strong> kiruhuko I Remera– Rukoma 2009<br />

Nawe Ushobora gufatanya natwe kwamamaza<br />

Ubwami bw’Imana hano ku isi no kuzana impin<strong>duka</strong><br />

<strong>nziza</strong> <strong>mu</strong> <strong>Itorero</strong> <strong>ryacu</strong><br />

<strong>Urakaza</strong> <strong>neza</strong><br />

VISION DE L’EPR<br />

Construire une Eglise solide dont les fidèles sont spirituellement<br />

<strong>mu</strong>rs, capables de témoigner du Royaume de Dieu dans<br />

le monde et dont l’environnement social est pleinement<br />

épanoui.<br />

THE VISION OF EPR<br />

Build up a solid church of which the believers ones are<br />

spiritually mature, able to take the stand for the Kingdom<br />

of God in the world and of which the social environment<br />

is fully blossomed.


Association de Réveil Estudiantin et<br />

Post-scolarisés Presbytériens<br />

Amateka<br />

U<strong>mu</strong>ryango w’Ububyutse <strong>mu</strong> Banyeshuri n’abarangije<br />

kwiga b’Abapresibiteriene , ni u<strong>mu</strong>ryango udaharanira<br />

inyungu watangiye tariki ya 7/9/1998. Utangirira <strong>mu</strong>ri<br />

Paruwase ya GIKO, Ururembo rwa Remera.<br />

Wabayeho <strong>mu</strong> gihe nta rwego rwariho <strong>mu</strong> itorero ruhuza<br />

abantu bize, bityo kutagira urwego bahuriramo<br />

bigatuma hari bamwe badakoresha impano zabo ngo<br />

zifashe bagenzi babo batagize amahirwe yo kwiga<br />

ndetse no gufatanya ubwabo. Dore ko buri wese ari<br />

urugingo rwa <strong>mu</strong>genziwe.Ikindi kandi hari n’abahin<strong>duka</strong>ga<br />

abo kugwiza u<strong>mu</strong>rongo cyangwa ntibarerwe<br />

ngo bagere kukigero gishyitse gikwiriye u<strong>mu</strong>kirisitu.<br />

Kwishyira hamwe byahereye kuri Korari ariko biza<br />

kugaragarako hari abandi banyeshuri cyangwa<br />

abarangije batifitemo u<strong>mu</strong>hamagaro wo kuririmba, biza<br />

kugaragara ko byaba byiza bagize ibindi bikorwa bajya<br />

bategurirwa bagakoresherezamo impano zabo zindi<br />

zitari ukuririmba.<br />

Nyuma yo kubona ibyiza by’u<strong>mu</strong>ryango waje gukwizwa<br />

<strong>mu</strong>ri Paruwase zose z’Ururembo maze aho bari<br />

basanzwe barishyize hamwe hatorwa komite za AREPP<br />

zihuza abanyeshuri n’Abarangije bataba <strong>mu</strong>ri za Korari.<br />

Imbuto zavuye <strong>mu</strong> kuba hamwe<br />

Kuba hamwe byabaye:<br />

Umwanya mwiza wo gusengera ibyifuzo duhuriyeho<br />

ndetse no gushakira u<strong>mu</strong>ti ibibazo bya bamwe bijyanye<br />

n’ubushobozi dufite.<br />

Umwanya wo gukundisha, gutoza abanya<strong>mu</strong>ryango<br />

gukorera Imana n’<strong>Itorero</strong> <strong>mu</strong> bikorwa bitan<strong>duka</strong>nye.<br />

Umwanya wo kuvuga ubutumwa<br />

Umwanya wo kugaragaza impano zitan<strong>duka</strong>nye z’abanya<strong>mu</strong>ryango<br />

Intumbero(Vision)<br />

Dushingiye ku ntumbero y’<strong>Itorero</strong> Presibiteriyene <strong>mu</strong><br />

Rwanda, twifuza:<br />

Gutuma abize babasha kubakwa <strong>mu</strong> by’umwuka, byahura<br />

no kubakwa <strong>mu</strong> by’ubwenge bikabafasha kuba<br />

u<strong>mu</strong>semburo w’impin<strong>duka</strong> <strong>nziza</strong> <strong>mu</strong> <strong>Itorero</strong> ndetse<br />

n’aho batuye. Bityo itorero rikagaraza u<strong>mu</strong>maro waryo<br />

<strong>mu</strong> batuye isi.<br />

INTEGO<br />

1. Guhuza imbaraga zitatanye z’abanyeshuri n’abarangije<br />

kwiga b’abaperesibiteriyene<br />

2. Gufasha abanya<strong>mu</strong>ryango kuba ingingo nzima z’itorero<br />

,impano zabo zigakoreshwa <strong>mu</strong> kuryungura no<br />

kungura u<strong>mu</strong>ryango nyarwanda <strong>mu</strong>ri rusange.<br />

3. Kuvuga ubutumwa<br />

4.Gutegura ibiterane by’ivugabutumwa,amahugurwa<br />

n’ibikorwa bitan<strong>duka</strong>nye byagirira u<strong>mu</strong>maro abanya<strong>mu</strong>ryango<br />

nabataribo.<br />

5. Gukora ikintu cyose cyateza u<strong>mu</strong>ryango imbere kitanyuranyije<br />

n’amategeko<br />

Abanya<strong>mu</strong>ryango<br />

Abanya<strong>mu</strong>ryango bari <strong>mu</strong> byiciro bitatu bikurikira:<br />

1.Abanyeshuri bo <strong>mu</strong> mashuri y’isumbuye n’amakuru<br />

2.Abarangije kwiga bari <strong>mu</strong>ri Paruwasi cyangwa hanze<br />

yayo<br />

3.Abanya<strong>mu</strong>ryango b’icyubahiro<br />

Nubwo abari <strong>mu</strong> <strong>Itorero</strong> bari <strong>mu</strong>ri ibi byiciro bose bemerewe<br />

kuba abanya<strong>mu</strong>ryango, ariko kuba uri <strong>mu</strong> itorero<br />

ntibihita bikugira u<strong>mu</strong>nya<strong>mu</strong>ryango utabyemeye. Ahubwo<br />

buri wese akangurirwa kwinjira <strong>mu</strong> <strong>mu</strong>ryango kandi akajya<br />

yitabira ndetse agashyigikira(<strong>mu</strong>bitekerezo cg <strong>mu</strong><br />

butunzi) ibikorwa biteguwe n’u<strong>mu</strong>ryango.<br />

Abahagarariye abandi <strong>mu</strong>ri za Paruwase nyuma yo gutegura<br />

igiterane cyabereye I Rukoma ,Ukuboza 2010<br />

Imiyoborere<br />

AREPP kugeza uyu <strong>mu</strong>nsi ifite ubuyobozi kuva ku rwego rwa<br />

Paruwase kugeza kurwego rw’ Ururembo.<br />

Ku rwego rwa Paruwase igira Komite Nshingwabikorwa<br />

igizwe n’abantu 5 bakiri ku ntebe y’ishuri, ndetse hakaba na<br />

komite Ngishwanama igizwe n’abantu 3.Pasiteri <strong>mu</strong>ri Paruwase<br />

yinjira <strong>mu</strong>ri Komite atabitorewe. Inteko rusange igizwe<br />

n’abanya<strong>mu</strong>ryango bose.<br />

Ku rwego rw’Ururembo igira Kongere(Inteko rusange)igizwe<br />

na komite za Paruwase zose, Urwego rw’ubuvugizi<br />

(R<strong>epr</strong>esentation) abantu 2, na Komite nshingwabikorwa igizwe<br />

n’abantu 5 n’abajyanama 3. U<strong>mu</strong>shumba w’Ururenbo na<br />

Perezida wa Sinode y’Ururembo binjira <strong>mu</strong>bagize inteko<br />

rusange batabitorewe.<br />

IBIKORWA BIKURU BYAKOZWE<br />

HAGATI YA 1998-2011<br />

1. Gushaka no guhuza abanyeshuri n’abarangije<br />

U<strong>mu</strong>ryango watangiriye kukwegeranya abanyeshuri<br />

n’abarangije ndetse no kubumvisha ibyiza byo gukorera<br />

hamwe. Gutinyura abatinyaga no gutera umwete abari<br />

bafite ubushake bwo gukora.<br />

Hagiye hategurwa amateraniro ahuza abanya<strong>mu</strong>ryango<br />

ndetse n’urundi rubyiruko rwo <strong>mu</strong> itorero. Amakorari<br />

yaratangijwe ndetse aho yari asanzwe aterwa umwete.<br />

Ibyo byatangiye kugaragaza impin<strong>duka</strong> <strong>mu</strong> <strong>Itorero</strong> kuko<br />

abo banyeshuri barangwaga no kuzana udushya no<br />

gususurutsa abakirisitu hakoreshejwe indirimbo, amakinamico<br />

<strong>mu</strong> bitaramo bitegurwa buri kiruhuko.<br />

2. Kubaka <strong>neza</strong> inzego z’u<strong>mu</strong>ryango<br />

Hashyizweho amategeko agenga u<strong>mu</strong>ryango ndetse<br />

hanatorwa Komite <strong>mu</strong>ri za Paruwase uko bagiye<br />

bamenya u<strong>mu</strong>ryango bakishimira kuwubamo.<br />

Mu mwaka wa 2008 hashyizweho komite yambere ku<br />

rwego rw’Ururembo.<br />

3. Ibiterane n’Amahugurwa<br />

Hakozwe ibiterane by’abanyeshuri n’abarangije kwiga<br />

bo <strong>mu</strong>ri Paruwase zitan<strong>duka</strong>nye:<br />

2006 Igiterane cyahuje Paruwase Giko, Bubazi,<br />

Rutongo cyabereye I Giko gihuza abagera kuri 200.<br />

(Iminsi 2)<br />

2008: Igiterane cyahuje Bubazi, Giko, Rutongo n’abantu<br />

batanu batanu baturutse <strong>mu</strong>ri paruwase zose<br />

z’Ururembo cyabereye I Bubazi gihuza abagera kuri<br />

300.(Iminsi 3)<br />

2009: Igiterane cy’u<strong>mu</strong>nsi 1 gihuza Paruwase esheshatu<br />

esheshatu <strong>mu</strong>ri 12 zigize ururembo cyabereya I<br />

Giko n’I Remera.<br />

2010: Igiterane cyahuje Paruwase 12 z’ururembo rwa<br />

Remera cyitabiriwe n’abagera kuri 300 babaga <strong>mu</strong><br />

giterane n’abarenga 100 batahaga.(Iminsi 3)<br />

NB: Kuva 2010 hemejwe ko buri mwaka hazajya haba<br />

igiterane gihuza Ururembo rwose.<br />

Amakorari<br />

Ubu <strong>mu</strong>ri buri Paruwase 11 n’akarere k’ivugabutumwa<br />

kamwe hari Korare y’abanyeshuri n’abarangije nibura<br />

imwe, hari na Paruwase nyinshi zifite korari kuri buri<br />

Ntara(Central)<br />

Hari Korari 6 zamaze gusohora indirimbo zabo kuri<br />

Kasete(Album) ayo ni nka Korari Guershom<br />

(Gacurabwenge), Groupe Golgotha(Giko), Rangurura<br />

(Bubazi), Maranatha (Karangara), Hope Choir (Remera),<br />

Peace Voice(Gihinga).

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!