Ubwumvikane bucye muri FPR

Indatwa Indatwa

jkanya.free.fr
from jkanya.free.fr More from this publisher

Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 20133Ikihe kibazo hagati yaJournal Indatwa Kigali - RwandaUmuyobozi Mukuru: Jean Elysee ByiringiroUmuyobozi w’ubwanditsi: Gashema PascalUmwanditsi Mukuru: Murekatete DrocelaIkinyamkuru kirengera abaturagen'inyugu z'igihuguIjambo ry’ibanzeAmadini narekeguhuma abantu amasoKubarizwa mu idini runaka ndetse ugakurikiza ibyo rigutegekani byiza kandi ni iby’agaciro, ariko nanone nta mpamvu yokuba imbata z’imyemerere runaka bigaragara ko igamijekoreka imbaga.Ntibyumvikana uburyo umuntu avuga ngo mu ndangamuntu harimoumubare 666 usobanura Satani kandi mu by’ukuri nawe ntawo abona.Hari abaturage baturuka mu Murenge wa Gataraga ho mu Karereka Musanze, bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Muhoza, bavuga koimyemerere y’idini ryabo ry’Abadivantisite b’Umunsi wa 7 (SeventhDay Adventist church) itabemerera gufata indangamuntu.Bafunzwe bazira kwanga gufata indangamuntu kuko ngoishushanya satani, kandi ngo ikaba irimo umubare 666. Gusaigitangaje ni uko nabo iyo uberetse indangamuntu ukababaza aho uwomubare 666 uri, ntibabasha kuhakwereka. Bakubwira ko ngo hahirwauwemera atabonye, bityo ko ibintu byo mu minsi y’imperuka ntawugomba kubyizera.Nonese niba nawe iyo 666 ntayo ubonamo, utekereza ko irimo gutekandi ntayo urora?Hari n’abandi banga kwitabira umuganda, abandi bakangakwibaruza, abandi bagakura abana mu mashuri, abandi bakarwazaabana bakanga kubajyana kwa muganga, abandi bakanga gufataubwisungane mu kwivuza,n’izindi gahunda za Leta…ibi byosebakavuga ko babitegekwa na Bibiliya. Hari n’abavuga ko ibyo byosebigaragaza ko iherezo ry’isi riri hafi bityo ko bagomba kubigenderakure byaba ngombwa bakanabizira.Gusa ikigaragara ni uko izi zose ari gahunda za Leta baba bakomamu nkokora, ariko wareba ugasanga ibyo bizera nta shingiro bifite.Si ukubacira urubanza ariko nanone inyigisho zose twigishwa mumadini si ko ziba ari iz’ukuri, ubwacu natwe tujye dusesengurantitube nk’injiji kuko n’umwigisha w’ijambo ry’Imana aba ari umuntunkatwe.Nonese Imana itegeka abaturage kugomera leta? Bibiliya ivuga koibya Kayizari tugomba kubiha Kaziyari n’iby’Imana tukabiha Imana,kandi burya byose biruzuzanya kuko ubuyobozi bwiza bushyirwahon’Imana kandi nta munyarwanda utakwishimira aho Leta yacuitugejeje mu iterambere rya byose.UbwanditsiSoma unamamaze mukinyamakuru Indatwa cyasosiyete Indatwa MediaGroup. Ltd.Kagame na Musoni?Ruganzu LatifMuri iyi minsi hakomejekugaragara koPerezida Paul Kagameashobora kuba atishimiyeMinistiri w’ubutegetsi bwa LetaJames Musoni ukurikije ukoamubwira mu ruhame.Muri Mutarama igihe Kagameyasuraga Nyamasheke na Rutsiziabaturage bakomeje kubazaibibazo bitandukanye bimweakabishinga Musoni arikoamubwira mu buryo bukarishye.Mu kiganiro n’abanyamakurucyabereye <strong>muri</strong> Village Urugwiro<strong>muri</strong> uyu mwaka, igihe habajijweikibazo kireba Musoni James,ntabwo Perezida Kagame yamubyiye nabi ikindi kimenyetsoko hashobora kuba hari ikibazohagati yabo bagabo bombi.Aha umuntu wakwibazaimpamvu yaba atagifatwankambere, ariko bimwemubyo yaba ashinjwa gukoranabi ni hamwe mu bayobozibinzego z’ibanze usangantacyo bagikorera abaturage,abaturage kuri ubu bakaba ntabwisanzure bafite aho usangabatakiyumvamo ubutegetsi.Aha ni nkaho abayobozi kuvaku rwego rw’imidugudu kugeraku rwego rw’intara usanga ntahoumuturage atanga ikibazo cyengo gikemurwe, ikibazo cyekigakemurwa hari undi muyoboziuri ku rwego rw’abaminisitiriuje kubasura.cyangwa inshuronyinshi bigakemurwa n’inkiko.Amakuru aturuka <strong>muri</strong>guveronoma yemeza ko ngohari izindi ngero zigaragazaumubano utameze neza nkukowari usazwe hagati ya Perezidan’umwambari we. Impamvubenshi babyibazaho nuko mu gihekirekire igihe Perezida Kagameabwira umuntu umukorera asan’umusuzuguye ku mugaragarobigaragaza ko ikizere amufitiyekirimo kugabanuka. Akenshiabayobozi bose Kagameagaragariza ku mugaragaro kohari ikibazo ntabwo bitwaraumwanya muremure batarakurwamu myanya yabo.Kuko Musoni James ari umwemu bayobozi Kagame yakomejeindatwanewspaper@gmail.comHari igihe byari bimeze neza hagati ya Musoni na Kagame. (Photo/File)kugaragariza abaturage koyishimiye cyane, muruhameyakomezaga kwerekana kobumvika, ariko ibi birasa nkahobyahindutse.bamwe mu bayobozink’abaminisitiri bamwe nabamwe babikesha Musoni.Abanyarwanda benshi bazi koMusoni ari mu bantu bigereraibukuru, kandi igihe yavugagaaho ariho hose, abantu bahitagabumva ko arimo kuvugwa ibyoyatumwe n’ibukuru. Amakuruamwe ataremezwa avuga ko ubuMusoni kubera ibyo Perezidaamaze gukaragaza atagifatwank’uvugira ibukuru icyizerentabwo kikizewe.James Musoni yakomeyecyane ubwo Perezida Kagameyamuhisemo mu rubyiriko rwa<strong>FPR</strong> <strong>muri</strong> za 1999 kuba ariweumuhagararira <strong>muri</strong> <strong>FPR</strong> azakugira uruhare rukomeye mubikorwa byatumye Kagameakomera cyane kurusha abandibose mu cyama. Kuva mumwaka wa 2000 PerezidaKagame yatangiye igikorwacyo kwigizayo abo atavugagarumwe n’abo <strong>muri</strong> <strong>FPR</strong> ashyiraingufu zose mu bayoboke bebyatumye arangiza gufataubutegetsi [consolidation ofpower] byatumye ashoboragushyira mu bikorwa gahundayari afite. Abantu benshi baribazwi ko bakomeye <strong>muri</strong> <strong>FPR</strong>bahise bigizwayo basimbuzwana benshi Kagame yatumagahoJames Musoni kuzana. Musonianavugwaho ko ariwe warahije<strong>muri</strong> <strong>FPR</strong> bamwe mu ba ministiribari mu myanya <strong>muri</strong> iyi minsi.Musoni yakoze <strong>muri</strong> ministeriy’Urubyiriko, ahagararihaKagame mu <strong>muri</strong>mo ya <strong>FPR</strong>,aza kuyobora ikigo cy’Imisoron’Amahoro( Rwanda RevenueAuthority) aho yavuye abaMinistiri w’ubucuruzi n’ingandaMinicom <strong>muri</strong> 2006, arinabwo Kagame yagaragaje koamufitiye ikizere gikomeyeubwo yavugiraga mu biroribyo kwishimira kuba ministiriabwira abantu bari aho ko ibindibyinshi byiza biri imbere harimoni uko yashobora kumurekuriraumwanya we wa Perezida igihenikigera. Musoni yavuye miriMinicom aza kuba Ministiriw’Imari akaba icyo gihe yarianashinzwe ubucuruzi bwa <strong>FPR</strong>bukiri ku izina rya Tri Star.Itangazamakuru ryakomejekugaragaza ko ahanganye n’undimuntu wari ukumoye cyaneEmmanuel Ndahiro kubo bariibyegera bya hafi bya Perezida.Musoni yavuye <strong>muri</strong> Minecofinajya kuyobora Minaloc.Ku yanddi makuru ava munzegoza guverinoma agaragaza koyaba agiye kuba yakurikiramugenzi we Col.Ndahiro wigezekuba yakomera nkawe mu bihebyashize.


4Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013AMAKURUUrunturuntu mugisirikare cy’u RwandaBarashinjwa gutoroka igisirikare abandi bakinubira intica ntikize y’umushahara bahembwaJean Elysee ByiringiroMuri iyi iminsi hariamakuru acicikanamu bitangazamakurubitandukanye agaragaza komu gisirikare cy’u Rwandahanuka urunturuntu. Ibi bikababigaragarira aho abasirikarebamwe bo mu Special Brigade,ifite «battallion» irinda umujyiwa Kigali, by’umwiharikobinubira uburyo bahembwaintica ntikize, mu giheabasirikare barinda perezidaKagame, ari bo «PresidentialProtection Brigade», bagenerwaagahimbazamuskyi k’akayabokarenga ibihumbi maganaabiri kuri buri musirikare burikwezi.Uretse abo <strong>muri</strong> SpecialBrigade, abandi basirikarebakaba binubira amwe mumategeko bashyirirwaho yokubafunga byitiranywa nokugororwa, abandi bakinubirakwicishwa inzara mu gihe barimu kazi kabo ka gisirikarendetse no kutemererwakuvanwa mu gisirikare mu giheumusirikare yumva ashakakuba yakivamo.Ku basirikare bashinjwakukuba baratorotse igisirikarebakaba bafungiwe I wawa,Umuvugizi w’Ingabo z’uRwanda atangaza ko ntabasirikare b’u Rwandabafungiye ku Kirwa cya Iwawa,ahubwo ngo abariyo ni abagiyekugororwa kubera imyitwariremibi bagaragazaga.Ibi Brig. Gen NzabamwitaJoseph yabitangaje kuri uyu waKane tariki ya 21 Gashyantare2013, mu gihe hari amakuruavuga ko abasirikare b’uRwanda bagera kuri 283bamaze igihe kigera ku mwakabafungiye ku kirwa cya Iwawakubera gutoroka igisirikarengo bakaba batanasurwan’imiryango yabo. Ibi byoseariko Umuvugizi w’Igisirikarecy’u Rwanda yabiteye utwatsiavuga ko ari ibinyoma.Umwe <strong>muri</strong> abo bari Iwawauvuga ko bafunze yatangarijeBBC dukesha iyi nkuru kobamaze igihe kigeze ku mwakakuri iki kirwa, bakaba baragiyebafatirwa ahantu hatandukanyekubera gutoroka igisirikare.Ngo babanje gufungirwa <strong>muri</strong>Gereza yo ku Mulindi, arikonyuma baza kujyanwa Iwawa.Uyu waganiriye na BBCariko amazina ye akabaatashyizwe ahagaragara, yagizeati “ Dufungirwa ku Mulindi,byabaye ngombwa ko mukwezi kwa Gatatu kwa 2012batuzana hano ariko baduhishaabazungu babo bo <strong>muri</strong> CroixRouge, kuko bari bavuze koSEN iraza guca mu magerezaireba abantu bataburanyebatahe, kandi twebwe icyahacyacu kirashaje.”Akomeza agira ati “Iyo uri umusirikare ukabaumeze imyaka hanze itatumu gisirikare cy’u Rwandantuba ugihanwa. Amategekontabiteganya, uba uri umwere,uba uri umusivili.”Uyu kandi yakomeje atangazako gufungwa kwabo kwatewen’uko bari baratorotse, ariabasivili bari hanze bakababarafashwe bari hanze bamazeimyaka irenga itatu hanze.Ashimangira ko ahobari Iwawa ari 283, arikoby’umwihariko kuri bo ngontabwo bigeze baburana kandingo ntibanasurwa. Avuga kobatemerewe gukoresha telefonikandi bafite abana n’ababyeyibataye kugeza ubu bataziamakuru yabo, bakaba bavugako bafite ikibazo gikomeyecyane.Nubwo uyu waganiriye naBBC atavuga ko ari gereza,ahamya ko ari ukubafata sgiraati “ Ntabwo ari gereza ariko niukutwica.”Uyu musirikare avuga kobatarimo kugororwa kimwenk’abana bahajyanwa bagiyekugororwa, ko ahubwo bababicaye iruhande rwabo bakoraibyabo bo bakaba baba bicayebisanzwe.Agira ati “N’iyo bajebaraduhisha, tukajya iyo hiryamu ishyamba bakaduhisha,cyangwa tugakuramo imyendaya gisirikare tukajya kwivangana bo kimwe n’abandi.”Avuga ariko ko baba bambayeimyenda ya gisirikare kandibakaba bahabwa amasomo yagisirikare, bakaba batazi niba ariabasirikare cyangwa abasivili.Gusa ngo bari babwiwe kobagiye gutegurwa bagasubizwamu buzima busanzwe, nyamaraamasomo bahabwa ngo ni ayagisirikare kandi umuntu ugiyekuva mu gisirikare bemeza konta masomo ahabwa.Yashoje ikiganiro yagiranagaindatwanewspaper@gmail.comIngabo za RDF mu gucinya akadiho. (Photo/ File)na BBC agira ati ”Nibaari amategeko aduhanabaduhana tugataha, niba ariukudufungura bakadufunguraariko iyo ugerageje kubibazaMajor Karasira utuyoboyearavuga ngo ‘Induru ntiburanan’ingoma.’”Igisirikare cy’u Rwanda secyo kibivugaho iki ?Umuvugizi w’Igisirikarecy’u Rwanda Brig. Gen.Nzabamwita Joseph, ntahakanako koko aba basirikare bariku Kirwa cya Iwawa. Avugako badafunzwe, ahubwo ngobarimo kugororwa.Brig. Gen. Nzabamwita yagizeati « Abo ni abasirikare bacubafite imyitwarire mibi cyanecyane yo kuva ku kazi. Ntabwobari hariya bamaze iyo myakayose nk’uko babikubwiye,ariko ni abantu tujyana hariyakugira ngo bikubite agashyibagaruke mu murongo wadisipulini kandi ndizera yukoicyo gikorwa cyo kubagaruramu murongo ari igikorwa cyizakibubaka kandi cyubaka naSosiyeti Nyarwanda. »Nzabamwita avuga kobadafunze ahubwo bagororwakandi ko bafite uburenganzirabusesuye bwo kuvuganan’imiryango yabo no gusurwa,abadasurwa ngo ubwo niikibazo cyabo cyihariye.Kuba uwatorotse igisirikareumaze imyaka itatu ngo yabaadakurikiranwa, Umuvugiziw’Ingabo z’u Rwandaabihakana yivuye inyumaakavuga ko hakurikizwaamategeko y’u Rwanda kandiakaba abibemerera.Ikirwa cya Iwawa giherereyemu Kiyaga cya Kivu muBurengerazuba bw’u Rwanda.Uretse aba basirikare baharihanabarurirwa urubyirukorugera ku 1,300, rwagiyekugororwa rukanigishwaimyuga itandukanye.


Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013AMAKURU5Kigeli noneho aratashyeJean Elysee ByiringiroAmakuru afitegihamya ageraku kinyamakuruindatwa, aravuga ko uwahozeari Umwami w'u RwandaKigeli V Ndahindurwa,yaba yitegura kugaruka muRwanda. Itohoza ryakozwen'ishami rishinzwe ipererezary'ikinyamakuru Indatwarirerekana ko Kigeli afatanyijena bamwe mu banyapolitikib'abanyarwanda baba hanze,yiteguye kurenga kuri kirazira,maze akinjira ku butaka bwaRepubulika ubundi ari yonzitizi yamubujije gutahukamu rwamubyaye.Ingingo y'itahuka ry'uyuMwami, nk'uko indatwayabitohoje yemerwanyijehona bamwe mu banyarwandabaturutse imihanda yosena Kigeli arimo mu namayo kuwa gatandatu talikiya 10 Mutarama 2009, iWashington <strong>muri</strong> Leta ZunzeUmwe z'Amerika. Amakuruatugeraho, akaba avuga koabo banyarwanda bafatiyehamwe ingamba zo gucyuraUmwami w'u Rwanda umazeishyanga imyaka ikabakaba52.Mu bitabiriye iyo nama,twavuga nka DogiteriChristian Marara naGatabazi Tito bombibakaba baba mu Bufaransa.Hari kandi BonifaceBenzige Umunyamabangan'Umuvugizi w'UmwamiKigeli,FrançoisUtazirubanda, LéopoldMunyakazi baba <strong>muri</strong>Amerika na ThéodoreMpatsenumugabo uba mugihugu cya Niger. Hari abandibagombaga kuba bari <strong>muri</strong>iyo nama ariko batabashijekuyizamo.Mu ijambo ry'ikazeKigeli yagejeje ku bitabiriyeubutumire bwe, yababwiye koigihe kigeze ngo abanyarwandaaho bava bakagera, bafataneurunana, bubake igihugumu nyungu za bose. Kigelibigaragara ko akurikiranirahafi politiki yo mu Rwanda,yabwiye abatumire be koigihugu cye ubu cyazahajwena Politiki mbi y'irobanura,iheza, icyenewabo no kuburaurwinyagamburiro <strong>muri</strong>politiki.Mbere yo kureka abobanyarwanda ngo bakomezeinama, Umwami Kigeliakaba yarashyizeho ibirobyo kuyiyobora, bigizwe naTheodore Mpatswenumugabonka Perezida na Tito Gatabazi,Umwanditsi.Ingingo y'ingenziyaganiriweho akaba ariitahuka ry'Umwami, abarimu nama basanze aringombwa kwirinda amakosayakozwe mu bihe byashize,yatumye itahuka ry'Umwamiriburizwamo, bemeza kononeho iyi nshuro nta kabuzaKigeli agomba gutaha,cyakora basanze ingoranezitabura.Ingorane zagaragajweakaba ari izishingiye kuriza kirazira za bamwe mubagomba kugira uruharemu itahuka rye, ingoranezishingiye ku mafaranga kukoatatahuka nka rubanda. Harikandi n'icengezamatwaraya <strong>FPR</strong> rirwanya Umwami,ndetse no kuba yakwibasirwana Perezida Kagame Paulubwe, udahisha ko Kigeli ariumunyarwanda usanzwe.Mbere y'uko iyo namaisozwa, Umwami Kigeliyahaye umugisha imyanzuroyayo. Mu itangazo yagejejeku bari <strong>muri</strong> iyo nama Kigeliyagize ati:« Twebwe Kigeli Umwamiw'u Rwanda, tumaze kumvaimyanzuro y'inama yabereyei Washington <strong>muri</strong> LetaZunze Ubumwe z'Amerikamu mwaka wa 2009 tariki 10Mutarama, Maze kwitegerezauburemere bw'ibibazobyugarije u Rwanda ;Ntekereje nk'inshinganozanjye nk'Umwami w'uRwanda,Maze kumva imyanzuroy'Inama y'uyu munsi,Ntangaje ibi bikurikira :« Nemeye ishingwary'Ihuriro Riharanira Ingomaya Cyami Iganje (Ralilementpour la MonarchieConstitutionnelle) RMC mumagambo ahinnye.Dufatanije n'Imitwe yaPolitiki, ndetse n'abantuku giti cyabo kimwe nasosiyeti sivile (Société Civil),ubutumwa bwo kwiga nogutegura byihuse, urubugarwa politiki.Ndahamagariraabanyarwanda bose aho barihose gushyira hamwe ingufuzabo bagasubizaho ubutegetsibugendera ku mategekokandi bwimakaza umuco nademokarasi. Ndashishikarizaabana b'u Rwanda bosebaba ababa mu Rwanda nohanze yarwo, kuyoboka irihuriro, maze twese hamweIngoranezagaragajwe akabaari izishingiyekuri za kirazira zabamwe mu bagombakugira uruharemu itahuka rye,ingorane zishingiyeku mafaranga kukoatatahuka nkarubandaItohoza: Aratahuka <strong>muri</strong> Nzeri 2013Umwami Kigeli Ndahindurwa gusesekara i Kigali. (Photo/ File)dufatanyirize hamwegukemura ibibazo byazahajeigihugu cyacu, tukabikora munyungu za bose.Niyemeje gutangaumusanzu wanjye <strong>muri</strong> iyigahunda yo gushyirahoubuyobozi abanyarwandabose bibonamo, bubahuza,buharanira iterambere muituze n'ubutabera kuri bose.Ndabashimiye. »Gusa <strong>muri</strong> iryo tangazo,ntihagaragaramo niba Kigeliazaza nka Perezida, cyangwaniba azabanza akiyamburaikamba. Icyakora amakurudukesha bamwe mubakurikiraniye hafi iyo namaya Washington, avuga kobariya banyarwanda basabyeUmwami kurenga imipakayose yamubuza kugera kuriziriya ntego, ngo kuko ibibazoby'u Rwanda nta wundiwabikemura uretse UmwamiNyiri u Rwanda.Nyuma yuko iyi namaitabashije gucyura Umwamimu gihe cy’imyakaigera hafi kuri ine kuvaishyizweho, amakuru ageraku kinyamakuru Indatwaakaba avuga ko ubu byamazekwemezwa ko byanzebikunze Umwami Kigeli VNdahindurwa agomba kubaari mu rwamubyaye mberey’uko umwaka wa 2013urangira.indatwanewspaper@gmail.com


6Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013IMIYOBORERE MYIZALeta yananiwe kurindaumutungo wa rubandaJean Elysee byiringiroImiyoborere idashingiyeku nzego zifite imbaragaiyumye leta y’u Rwandaibura ubushobozi bwo kurindainyerezwa ry’umutungowa rubanda no kubarindaihohoterwa.Abashinzwe imiyoboreremyiza barashinjwa kunyerezaumutungo w'abaturage,kubahutaza no kuvogerauburenganzira bemererwan'amategeko.Guhera mu mwaka wa2010 kugeza uyu munsiumugenzuzi w'imari ya letayagiye agaragaza umubareutagira ingano wa za miliyariz'amafaranga y'u Rwandazagiye ziburirwa irengerohaba <strong>muri</strong> za minisiteri, mubigo bya leta, mu ntara nomu turere.Umugenzuzi w'imari ya letakandi yanagiye agaragazabamwe mu bagaragarahoiyo micugire mibi ndetsen'inyerezwa ry'umutungowa leta. Iri nyerezwary'akayabo katabarika kandiryagiye rinavugwa mumishinga y'ibikorwa remezobitandukanye ibyavuzwecyane bikaba ari iby'ingomeroz'amashyanyarazi.Ikigaragara ni uko umutungow'abaturage ukomeje gushiriramu mifuka y'udutsiko twabenshi mu bayobozi kugezaubwo bimaze kugaragara koubwo busambo bisa n'ahonta rwego ruhari mu gihugurufite uburyo n'ubushobozibwo kubukoma imbere kukon'inteko ishinga amategekoyananiwe gukumira ubwobujura kandi byitwa ko ariyoireberera abaturage.Mu gihe abaturage barimokwibaza impamvu aba bajurabadafatirwa ingamba ngobakurikiranwe mu buryobugaragara n'amategeko kandiibyibwe rubanda bigaruzwebatangajwe n'uko tariki ya 15Gashyantare 2013 minisitiriw'intebe Bwana PeteroDamiyani HABUMUREMYIyihanukiriye agatangarizaabanyarwanda ko ngo abobajura guverinoma ayoboyeyabafatiye ingamba zokubakata ¼ cy'umushaharango mu rwego rwo guhashyaubwo bujura. N'ubwo ikigihano bigaragara ko ariurwiyerurutso uyu muyobozintacyo yatangaje kuburyoibyo bibye byagaruzwa.Uku kujenjekera ubu bujuranibyo bituma abaturagebamaze iminsi bijujuta kumaradiyo agerageza kubahaijambo hano mu gihugubavuga ko bishoboka kohagati y'abayobozi habahari ishyirahamwe ryitwa «Duhishirane », ibi bakabivugabashingiye kukubonaubuyobozi busa n'ubudashakakugira icyo bukora kuriibi bisambo cyane kobanivugira ko ahubwo usangaaho kugirango abayobozibagaragayeho iyi myitwarireigayitse bagororerwakwimurwa bakajyanwa muyindi mirimo aho kubahana.Abagakemuye ibibazo by’abaturage ntibabikora uko bikwiye. (Photo/ File)Muri iyi minsi kandiharavugwa ikibazo gikomeyecyo guhutaza abaturage hiryano hino mu gihugu, hariabakubitwa, abafungirwamu tugari no mu mirenge,abatwarirwa ibintu harimon'amatungo ngo kukobatatanze amafarangay'ubwisungane mukwivuza. Iki kibazo nacyocy'akarengane kagirirwaaba baturage ubuyobozibwo hejuru buvuga kobudashyigikiye iyi myitwarirey'inzego z'ibanze bukanavugako buzahana ababikora arikonabyo gushyirwa mu bikorwabyarananiranye ku buryoubu abaturage ntawe bafitewo kubarengera yaba zaminisiteri yaba n'ubuyobozibw'ibanze kuko usangaibivugwa na za minisiterin'ibikorwa bitandukanye.Muri ino minsi kandi hadutseakarengane gashyashya katarikamenyerewe ko inzegoz'ibanze zitangiye kuvugako zigiye kujya zamburaabaturage uburenganzirabwo gutura mu gihugu kumuntu uwo ariwe weseutabashije gutunganyagahunda zimutegetse byababimuturutseho cyangwaindatwanewspaper@gmail.combitamuturutseho; urugero niurwo mu karere ka Nyarugengemu mujyi wa Kigali ahon'abanyeshuri ubu bategetswekurara irondo cyangwabagatanga amafarangaigihumbi (1000frw) burikwezi utabashije kuyabonango akirukanwa mumudugudu yari asanzweatuyemo (Nyarugenge :Abanyeshuri basabwekujya bishyura umutekanocyangwa bakirukanwa).Mu ntara y'iburasirazubanaho hari umuturage womu mudugudu wa Kabezamu murenge wa Matimba,akarere ka Nyagatare, ngoubu wategetswe n'umukuruw'umudugudu kugurishaigitaraganya isambu yeakimuka aho yari atuyeamushinja ko ngo atubahizaamabwiriza yose y'umuyoboziw'umudugudu.Ibi bikorwa byose bigayitsebiraba ari nako ubuyobozi bwa<strong>FPR</strong> butangariza abaturageko bwabegereje ubuyobozi(Décentralisation) ko ndetseiyi gahunda yo kubegerezaubuyobozi igiye kugera kucyiciro cyayo cya gatatu.Nyamara iyo witegereje nezausanga ahubwo ubuyoboziburimo kujya kure yabo.Ku bijyenda bigaragarani uko nta miyorere myizayagerwaho idashingiyeku nzego zikomeyekandi zishingiye kuridemukarasi aho ibitekerezo,uruhare n'ubushakebw'abaturage aribyobigomba gushingirwaho mukubayobora.Igikwiye kuba cyasabwani ugusaba ubutegetsiguhagarika no gufatiraingamba icyi cyorezo cyokunyereza nta nkomyi ibyarubanda kandi binyuze munzego zibifitiye uburenganziraibyibwe bigakurikiranwabikanagaruzwa.Umunyarwanda afiteuburenganzira bwo guturaaho ashaka mu gihugunk'uko Itegeko Nshingaribimwemerera. Bikababidakwiye ko ihutazwary'uburengazira bw'abaturagekugeza n'ubwo inzegoz'ibanze zifata icyemezocyo kubirukana aho batuyerihagarara kuko biteye isonikandi biranatesha agaciroikiremwamuntu gikwiyeguhabwa kuko byaba bibabajeumunyarwanda abayeimpunzi mu gihugu cye !


Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013UBUKUNGU7Ingaruka zo gukurirwaho inkunga k’ u Rwandaziraboneka mu ma banki no mu bucuruziAmabanki ari mu bibazo bikomeye byo kubura amafaranga n’abakiriyaAbacuruzi mu masoko anyuranye no mu mangazini nabo ngo ntacyo bakibonaJean Elysee ByiringiroIyo witegereje uko ibintu byifashemu Rwanda, wibaza nibaibintu bikomeje nk’uko bimezeabanyarwanda batazageza n’aho baburaikibavana mu ngo zabo bikagushobera.Ibi biragaragara kuko mu nzego zosezijyanye n’amafaranga ubu nta bantubazirangwamo kuko bisa n’aho ntacyobagifite bajyana aho bari basanzweberekeza habatwara amafaranga.Iyo urebye hirya no hino munzego zitandukanye z’ubuzimabw’abanyarwanda cyane cyanewibanda ku zisanzwe zizwiho ibikorwabyinjiza cyangwa bisohora amafarangausanga ababibarwamo ari mbarwandetse rimwe na rimwe ari nta nabo.Aha twavuga nko mu mabanki, mumasoko no mu maduka, mu batwaraabantu n’ibintu ndetse twageragejeno kugera mu bakora ibikorwaby’ubwubatsi n’ubwo ho bigoyekubageraho no kubona amakuru afatikaajyanye n’iby’ibura ry’amafaranga muRwanda ariko naho usanga ahaninebamwe ntamafaranga bafite kuko ayobari barijejwe n’amabanki nkinguzanyobarazihagarikiwe.Amabanki ari mu bibazo bikomeyebyo kubura amafaranga n’abakiriyaAhambere twabanje kujya ni mumabanki aho twagiye mu mabankianyuranye akorera mu Mujyi wa Kigalino mu nkengero zawo, tukaba twaragiyetujya mu mashami atandukanye kuibanki imwe, tugera mu mabankianyuranye mu bihe bitandukanye dufiteumugambi wo kumenya ikibazo kimazeiminsi kivugwa ko amabanki yimanyeamafaranga ndetse ko amwe <strong>muri</strong> yongo yaba yarahombye.Mu by’ukuri uwavuga iyi nkuruuko iri hari abakwibaza ko ariamakabyankuru ariko nabo bazikoreraigenzura bakareba uko ibintu byifashe.Amabanki ubu abakozi birirwa bicayekuri za guichets bareba mu miryangobategereje ko hari uwakwinjira ngobamuhe service. Biratangaje kubonaumuntu agera mu mabanki anyuranyemu bihe bitandukanye agasanga hose niuko bimeze.Nyamara igitangaje ni uko mu bihebyashize abantu binubiraga kujya kumabanki kubera gutinya imirongomiremire yatumaga ndetse bamwebirirwa iyo ntibagiye ikindi bikoreranone kuri ubu ugasanga winjiye <strong>muri</strong>banki ugasanga ari wowe wenyinekandi ari amasaha asanzwe y’akazi.Ibi biraturuka ku mpamvu nyinshiariko zimwe <strong>muri</strong> izo ni uko kuba uRwanda rwarahagarikiwe inkungabituma amafaranga yinjiraga mu gihuguagabanuka maze n’abagombaga kujyaku mabanki bakagabanuka.Ikindi ni uko kuba n’amafarangamake ahari amabanki yarahawe itegekoryo kutongera gutanga inguzanyo cyanecyane iz’igihe kirekire nabyo bitumaabajya mu mabanki bagabanuka cyane.Ikindi nanone ni uko kuba imiryangoitegamiye kuri leta imwe yaramazegukuramo akayo karenge byatumyeumubare w’abajyaga ku mabankiugabanuka kuko abakozi bakoreragaiyo miryango nabo bahemberwaga mumabanki.Icya nyuma nanone gishoborakuba kinakomeye ni uko kubera ibihebimaze iminsi bivugwa ko bitoroshyendetse bishobora kuba bifitanye isanon’umutekano w’igihugu n’uw’akarere,byatumye bamwe mu bajyanagaamafaranga mu mabanki bagiraubwoba bahitamo kuyibikaho ngo hatobatazatungurwa bagahomba imari yabo.Amwe mu mabanki yabonyeikibazo gikomeye ashakisha uko yajyakwishakira abakiriya aho bari ahonka Banki ya Kigali BK yashyizehoicyo bise mobil bank aho yakoreshagaamamodoka igasanga abacuruzi ahobacururiza. Ariko se bayiha iki nibanabo ntacyo babonye? Andi mabankiyashyizeho ibihembo by’amamodokamu rwego rwa tombola ariko ahogukurura abakiriya ahubwo byahombejeamabanki. Mu minsi iri imbere amabankiaraza kutubeshya ko kubera iterambereabantu batakirirwa bajya ku mabankikuko ngo basigaye babikorera aho bari.Abacuruzi mu masoko anyuranyeno mu mangazini nabo ngo ntacyobakibonaAhandi twashoboye kureba ukobyifashe ni mu masoko no mu bacuruzibatandukanye aho usanga abacururizamu masoko no mu mangaziniatandukanye birirwa bicaye bategerejeuwababaza ibicuruzwa byabo kuvamugitondo ijoro rikagwa nta n’uwinjiyekubaza bakikubura bagataha bugacyabagaruka gutegereza.Ibi bigaragazwa n’uko iyo ugiyemu masoko ubona abacuruzi ukaburaabaguzi. No mu mangazini kandi niuko byifashe ku buryo hari n’abatagifiteimbaraga zo kujya gufungura amadukayabo kuko bamaze iminsi ntacyobabona. Abantu babanje kuvugako byaba biterwa n’ukwezi kwaMutarama ngo gusanzwe atari kwizaku bacuruzi ariko kugeza magingo ayabaracyategereje. Nta mugayo arikokuko n’ubu bamwe mu bakozi ba letank’abarimu bavuga ko batarahembaumushahara wa Mutarama. Abanyeshuribiga <strong>muri</strong> za kaminuza nabo bahabwagainguzanyo (bourses) ubu ngo barumiwentibazi uko bazakomeza kwiga niba letaitabagobotse.Ahandi twagiye kureba uko byifasheni mu bakora iby’ubwubatsi. Aha hongo ibintu ni ibicika kuko akenshiabantu bubaka ari uko bahaweinguzanyo <strong>muri</strong> za banki none ubu ngonta faranga banki ishobora kurekurakuko itakaza ry’agaciro k’ifaranga ry’uRwanda ryatumye leta ifata icyemezocyo gufunga amafaranga maze amakeasanzwe ahari ntiyongera gusohoka.Ibi nabyo ngo byagize ingaruka mbiku bakora u<strong>muri</strong>mo w’ubwubatsi kukobabuze akazi kandi ubu ngo bimwemu bikoresho by’ubwubatsi byababyaragabanuye ibiciro kuko ngo ntabakibigura kuko nyine imishingay’ubwubatsi isigaye ari mikeya cyane.Ngizi zimwe mu ngaruka zoguhagahagarikirwa inkungaz’amafaranga. Bikaba byari bikwiyekuri leta, ko yahindura imitegekereigasha umuti w’ikibazo.indatwanewspaper@gmail.com


8 Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013UBUREZIKu nshuro ya 7, ULK-Gisenyi yatanzeimpamyabumenyi ku banyeshuri 478“ULK mu rugamba rwo guteza imbere uburezi bufite ireme”“Kaminuza yigenga ya Kigali, indangamirwa mu burezi bufite icyerekezo”.Pascal GashemaKu wa 21 Gashyantare 2013,Kaminuza yigenga yaKigali, ishami rya Gisenyi(ULK-Gisenyi) ,nibwo yatanzeimpamyabumenyi ku banyeshuri478 barangije icyiciro cya kabiricya kaminuza akaba ari inshuroya karindwi (7) iyi kaminuzaitanze izi mpamyabumenyi kubanyeshuri bayirangijemo, ababanyeshuri bahawe impamyabumenyibakaba bari mu mashami atatuatandukanye,ariyo ishamiry’amategeko [faculty of law] (40),ishami ry’imbonezamubano [facultyof social sciences] (92) n’ishamiry’ubukungu n’icungamutungo[Economics and business studies](346).Afungura uyu muhangok’umugaragaro Prof. Mbanda Kalisa,Perezida w’inama y’ubutegetsi yaULK, yatangiye ashimira abantubose bagize uruhare ruziguyen’urutaziguye kugira ngo abanyeshuribahawe impamyabumenyibabashe kurangiza iki cyiciro,akaba yaranashimiye abanyeshurik’ubw’ubutwari, umurava, ubwitangen’ishema byabaranze mu masomoyabo bakaba basoje icyiciro cyakabiri cya kaminuza.Prof. Mbanda yakomeje agiraati: “ULK yahagurukiye gutangaubumenyi bushingiye k’umutimauhamye, dufatanya na leta muguteza imbere imibereho myizay’abanyarwanda duhashya ubujiji”.Dr. Sekibibi Ezechiel, umuyoboziwa ULK (Rector), yavuze ko <strong>muri</strong>uyu mwaka w’amashuri wa 2011-2012 abanyeshuri 478 (252 [52.7%]ni igitsina gabo n’aho 226 [47.3]ni igitsina gore) aribo bahaweimpamyabumenyi kuri uyu wa Kanetariki ya 21 Gashyantare 2013.Dr. Sekibi yanavuze ko mu rwegorwo kugera ku ntego ULK yihayeyo kubaka kaminuza ihebuje kurwego mpuzamahanaga, ubu ifiteabarimu 327 bafite impamyabumenyizitandukanye zihanitse barimo aba fullprofessors 2, associated professors 7,senior lecturers 30,lectures 275 n’abaassistants lecturers and related 13,hakaba hiyongeraho abandi 27 barimokongera ubumenyi bwabo biga PhDbabifashijwemo na ULK kugira ngobagere ku ntego biyemeje yo kubaikigo cy’indashyikirwa, ubu bamwemubahawe kwiga PhD bakaba bari hafikuyasoza.Ikindi ULK ikora nk’uko byavuzwen’umuyobozi wayo n’uko Perezida waULK Prof. Dr. Senateur RwigambaBalinda na Madamu bafatanya na letay’u Rwanda mu gutera inkunga abanabatishoboye nabo bagahabwa amahirweyo kwiga kaminuza, aho yashyizehoFondation Rwigamba ubu ikaba imazegufasha abana batishoboye 2839.Dr. Sekibibi yanavuze ko ULKibifashijwemo n’Imana izakomezaguharanira uburezi bufite iremeigendera ku mabwiriza, amahameMinisitiri w’uburezi, Dr. Vincent Biruta, Prof. Dr. Balinda Rwigamba na Madam we <strong>muri</strong> uwomuhango. (Photo/ Indatwa)n’indangagaciro ngenderwaho nk’uko 25, ubu ULK ikaba igeze kuri 19, mu cyumweru kuri internet mu gihebyashyizweho n’inama y’igihugu ishinzwe gihe biteganyijwe ko abanyeshuri biteganyijwe n’inama y’igihuguamashuri makuru, byaba na ngombwaikabirenza nk’uko yabikoze kugeza ubu20 bakoresha igitabo kimwe, <strong>muri</strong>ULK abanyeshuri 14 nibo bakoreshaishinzwe amashuri makuru ko ariamasaha 6.aho biteganyijwe ko umubare wa ngombwa igitabo, umunyeshuri wa ULK akaba Nk’uko Dr. Sekibi yakomejew’abanyeshuri k’umwarimu umwe ari anemerewe gukoresha amasaha 8 mu abitangaza,ULK imaze kugera kuUmutambagiro w’abigisha <strong>muri</strong> ULK. (Photo/ Indatwa)Umutambagiro w’abigisha <strong>muri</strong> ULK. (Photo/ Indatwa)indatwanewspaper@gmail.com


Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013Ku nshuro ya 7, ULK-Gisenyi yatanzeimpamyabumenyi ku banyeshuri 478UBUREZI9bintu byinshi bitandukanye birimogukora ubushakashatsi, kwitabiraamanama atandukanye, gutangiraumusoro ku gihe kandi neza ahobanabiherewe igihembo n’ikigocy’igihugu gishinzwe imisoron’amahoro (RRA), umwaka ushizewa 2012, ULK ikaba yaranatanzeimisoro ya TPA ingana na miliyoni788,900,215 n’aho mu kigega cy’Agaciro Development Funds bakababaratanze miliyoni 113,000,000.Ikindi cyagezweho na ULK niugutangiza icyiciro cya Gatatu cyaKaminuza (masters) mu mashamiicyenda ariyo (Finance, Accounting,Economics, Business Administration,Governance, Development studies,Public International law, Economicsand Business law na Internetsystems).Uyu muyobozi wa ULK yanasabyeabanyeshuri barangije kwihangiraimirimo no gutera ikirenge mucyabakuru babo bakomeza guheshaULK agaciro, akaba yanashimiyeleta y’u Rwanda na Perezida waULK Prof. Dr. Rwigamba Balindak’uruhare bagira mu guharaniraiterambere ry’igihugu bahashyaubujiji bwo nzitizi y’iterambere.Habimana Hamiss, umunyeshuriwari uhagarariye abarangije, weyashimiye leta y’u Rwanda yoyashyizeho gahunda y’uburezikuri bose, by’umwihariko ashimiraubuyobozi bwa ULK k’umusanzubutanga mu kubaka no gufasha abanab’u Rwanda babaha icyerekezo cyiza.Habimana yagize ati: “ turashimiraubuyobozi bwa ULK mu ruharebagira mu iterambere ry’uburezimu Rwanda, kandi turanashimirabyimazeyo Prof. Dr. RwigambaBalinda muruhare agira mu kubakaabana b’u Rwanda atavanguye, imanaizamuhe imigisha”.Habimana yanavuze ko ubureziari intwaro ikomeye yo guhinduraInyubako nshya yaULK irimo administration na Computer Lab. (Photo/ Indatwa)isi (Education is the greatest weaponthat we can use to change the world),akaba yashimye abantu bose babahayeubumenyi bwo kugira ngo bahindureisi, akaba yemeje ko ubumenyi bahawen’abayobozi ba ULK butazabapfiraubusa, ahubwo ko bazabukoresha mukubaka igihugu bashaka ibisubizoby’ibibazo byugarije igihugu birimokubura imirimo k’urubyirukorukirangiza amashuri. Bo bakaba bafitegahunda yo gushishikariza urubyirukorwarangije amashuri gukoreshaubumenyi bafite bakihangira imirimo.Muri uyu muhango, perezidafondateri wa ULK Prof. Dr. SenateurRwigamba Balinda mu nama yahayeabanyeshuri barangije yabibukije koaribo igihugu gitezeho amaso ahoyagize ati: “ndabashimira ubutwari,umurava, n’ishyaka mwagaragaje<strong>muri</strong> iyi myaka ine ishije, ubu rero<strong>muri</strong> intore, indatwa muzakomezemubiharanire ntimuzasubire inyuma,kandi mwibuke ko arimwe igihugugihanze amaso, kandi muziragize Imanamuyibere abakozi nayo izababeraumuyobozi mwiza w’ikirenga (topmanager)”.Prof. Dr. Rwigamba Balindayakomeje asaba aba banyeshuri kubaintangarugero ahantu hose, anabibutsako intore itaganya ahubwo yishakiraibisubizo, anabasaba kuzakurikizainama zose bagiriwe.Prof. Dr. Balinda yakomeje agiraati: “Mugomba kwigirira icyizere mubyo mukora byose kandi mukajyamwibuka kugisha inama, abantu bokubagira inama barahari ahantu hose,mujye mwibuka ko mu Rwanda harikaminuza n’amashuri makuru byinshikandi zose niko buri mwaka zisohoraabanyeshuri, mutekereze kwihangiraimirimo, mwite ku nama mbagiriyenk’umubeyi wanyu kandi nzahorambasengera n’Imana ibahe imigisha”.Kimwe na Prof. Dr Balinda,Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda,Dr. Vincent Biruta, yatangiye ashimaabanyeshuri barangije k’ubwitangen’umurava bagaragaje mu myakabamaze biga, gusa akaba yanabasabyegukomeza amashuri yabo.Dr. Vincent Biruta yanagarutseku ireme ry’uburezi aho yasabyeabayobozi bose kuriharanira, nk’ukopolitike y’igihugu ibivuga ahoyanavuze ko kongera ibikorwaremezo,kongera umubare wa za kaminuza,kongera ubumenyi bw’abarimu,gutezaimbere ubumenyi ngiro, no gutezaimbere ikorabuhanga byose bigamijekuzamura ireme ry’uburezi gusa akabayarashimiye uruhare ULK igira muiterambere ry’uburezi.Dr. Biruta yagize ati: “ndashimiraabashinze ULK n’umusaruroitanga, ndahamya ko ULK yagizeuruhare mu iterambere ry’uburezimu Rwanda kandi iracyakomeza”.Minisitiri w’uburezi akabayaranasabye abayobozi b’amashurimakuru atandukanye bitabiriye uyumuhango kwigisha amasomo yibandaku nyigisho zikenewe ku isokory’u<strong>muri</strong>mo n’izikenewe mu Rwandaby’umwihariko, akaba yarabasabyeko bakubahiriza amategeko yaminisiteri y’uburezi bita cyane kumyitwarire y’abanyeshuri babatozaindangagaciro na kirazira.Nyuma y’ukwezi kwa Gatatu(28 Werurwe 2013), ULK izabaimaze gushyira abanyeshuri 17020 ku isoko ry’u<strong>muri</strong>mo, gusapolitike y’uburezi mu Rwanda ikabaishishikariza abanyeshuri kwihangiraimirimo no kwihugura buri munsi murwego rwo kunoza akazi.Kaminuza yigenga ya Kigali(ULK), ni ikigo cy’amashuri makurucyashinzwe ku wa 15 Werurwe 1996,yemerwa n’amasezerano (convetionno 002/98) yo ku wa 17/6/1998hagati ya Kaminuza yigenga yaKigali na leta y’u Rwanda yemerewegukora mu buryo bwemewen’amategeko ku wa 17 Nzeri 1996.ULK yabonye ubuzima gatozibinyuze mu iteka rya minisitirino 013/17 ryo ku wa 17/6/2002.Kuva ULK yashingwa <strong>muri</strong> 1996,yiyemeje gutanga uburezi bufiteireme.Ubushakashatsi butandukanyebwakozwe bwerekanye koabanyeshuri barenga 50%biyandikishije <strong>muri</strong> ULK babitewen’uko iyi kaminuza itanga uburezi naserivisi bifite ireme.Computer Lab ya ULK Gisenyi ifite Computer 520. (Photo/ Indatwa)Abanyeshuri barangije ULK Gisenyi mu mutambagiro. (Photo/ Indatwa)indatwanewspaper@gmail.com


10 Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013 amakuru 9Jugujugu yabacuruzin’abashinzwe umutekanoJean Elysee ByiringiroIkibazo cy’abacururizaibintu mu ntokibabigendana gikomejekwibazwaho na benshi muRwanda cyane cyane mumujyi wa Kigali aho abakorauwo <strong>muri</strong>mo bakomejekwiyongera ahaninikubera ikibazo cy’ubukeneusanga ubu nta wundimwuga abantu babonabakuramo amaramukouretse gukora ibyo bakunzekwita kuzunguza kugirango babone aho bakuran’ubusabusa bubafashagutunga imiryango yabo.N’ubwo aba bahisemokugendana uducuruzwaduke mu ntoki bagurishan’abo bahura nabo cyangwabagurishiriza ku mihandaahanyura abantu benshindetse no mu duce dukunzekubamo abantu benshiariko tutagira amasoko,biragaragara ko abakora akokazi batorohewe na busan’abashinzwe umutekanoaho birirwa bakina umukinow’injangwe n’imbebadore ko iyo bagize uwobacakira <strong>muri</strong> aboyishyura n’ibya bagenzi bebatashoboye gufatwa, mazeutwo yacuruzaga ndetsen’udufaranga aba yakuyemobyose bigataha iwabow’abashinzwe umutekanonaho nyirabyo agatahai Gikondo kwa Kabugaaho acumbikirwa yitwainzererezi n’ubwo bibabigaragara ko ari umugabocyangwa umugore rimwena rimwe uhetse bose bitwainzererezi.Ubwo twanyuraga kurigare ya Nyabugogo,twashoboye kubona ikivungecy’abasore, abakobwan’abadamu bahetse abanabafite utuntu bacuruza,birukankanwa na ba localdefenses bakaba babakuye<strong>muri</strong> gare babambutsa mumahuriro y’imihanda yaNyabugogo <strong>muri</strong> feu rougeziri hafi ya gare hafi y’ahitwakwa Mirimo maze abantubayabangira ingata batitayekuba bari mu mihandaStop PressGitifu w’umurenge waRwezamenyo mu karere kaNyarugenge Alexis Mitalikwaka ruswa ku ngufuNjyanama y’umurenge waNyarugenge akarere kaNyarugenge mu maremberay’imodoka zishobora nokuba zabagonga. Aha hakabaari hafi y’aho imodokay’abapolisi iherutse kugwagitumo umudamu wonsagaumwana anacuruzainyanya n’intoryi mazeumwana amujugunya iyoariruka naho polisi yihutiragusimbukira agataro ikanaga<strong>muri</strong> pandagari irikomerezaumwana na we asigaraagaragurika mu muferegeari nako avirirana amarasomu mazuru.N’ubwo ntawashimaubucuruzi bwo mu muhandaariko nta n’uwashima uburyoleta yifata <strong>muri</strong> iki kibazokuko ikigaragara ni uko ababantu birirwa birukankanwabamburwa cyangwabagakomereka igihe birukabahunga abashinzweumutekano, bigaragarako baba bafite ubushakebwo kwirwanaho kandiumuntu icyo yashima ni ukobagerageza gushakisha ukobabaho bidateje umutekanomuke abandi kuko harin’abahitamo kwiba nokwambura ku ngufuiby’abandi ariko kuri abasiko bimeze. Ikindi umuntuatabura kuvuga ni ukobariya bitwa ko bashinzweumutekano barimo cyanecyane local defensesn’inkeragutabara birirwababuza uburyo abo bacuruzabadashobora kubahobadahari kuko batungwan’ibyo babambuye.Ibi bibazo nibikomeza kubabitya ndetse iby’abamotarinabyo byiyongera kuri ibiby’abacururiza mu ntokihamwe ndetse n’ibindibishya by’abatwara zataxi minibus <strong>muri</strong> Kigali,hakaniyongeraho n’ibindiby’abakomeje kwangazwabasenyerwa amazubadahawe ingurane, byosebishobora kuzatuma rubandaihaguruka ikamaganaubutegetsi bwa Kagamekandi ibi tubivuga kuko tubatwabonye amakuru aturukamu baturage bijujutiraubutegetsi. Ikindi ni ukoaya makuru tuba dushyizeahagaragara ni ayo tubatwahuye nayo ndetse ibyinshituba twanabyiboneye ni ukotutabasha kubifatira amafotongo tubyereke abasomyibacu kuko gufotora beneibyo bikorwa kuri <strong>FPR</strong> niicyaha.Ngaho rero <strong>FPR</strong> nikomezeyicukurire imva ahariishobora kuba yizera koimbaraga za gisirikariishobora kuba izirusha,Tunisia, Misiri na Libiyaaho abaturage b’ibyobihigu bamaze kurambirwaakarengane bakorerwagan’ubutegetsi, bafashe iyambere biroha mu mihandamaze biba intandaro yokwirukanwa ku butegetsi.Na Kagame hari ubwoazatungurwa akabona ibyoatari yiteguye kubona.indatwanewspaper@gmail.com


Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013POLITIKI11Minisitiri Fazil akwiyekwikosora- Frank Habinezaindatwanewspaper@gmail.comMu kiganiro Minisitiriw’umutekano mugihugu, MusaFazil Harerimana, yagiranyen’abanyamakuru yatangaje ko mu Rwanda hari amashyaka10, ko Green Party atariishyaka, ko ryiyita ryo ritemewen’amategeko mu Rwanda.Musa Fazil yashimangiyeko Green Party yiyita ishyaka,ubwo yari abajijwe ku kijyanyen’uwari ushinzwe itumanaho<strong>muri</strong> Green Party, Omar Leo,byatangajwe ko yaburiweirengero, ariko Polisi ikazagutangaza ko uwo musore yabaari I Burundi bitew n’uko nyumayo kuvuga koyabuze, yakomejegukoresha itumanaho, telefoneyakoreshe bikagaragara ko iriku murongo w’itumanaho ry’IBurundi.Nyuma y’iki kiganiroIkinyamakuru Indatwacyegereye Frank habinezauyobora akaba ari nawewashinze ishyaka riharanirademokarasi no kurengeraibidukikije ritarahabwaibyangombwa ngo rikorera muRwanda, adutangariza ko ibyoMinisitiri Musa Fazil yavuzeataribyo ko agomba kwikosorango kuko ishyaka ryabo ririhokandi ribaho, akaba avuga koMinisitiri Fazil atasobanuyeneza.Frank habineza yatangaje koishyaka abereye umuyoboziryatangiye ku itariki 14 Kanama2009 I Kigali <strong>muri</strong> NovotelUmubano, akomeza avuga kontakintu batakoze ngo ishyaryandikwe, akaba asangaminisitiri yari kivuga ko ishyakaritarabona ibyangombwa ahokuvuga ko ishyaka ribyiyitirira.Fank yagize ati:”Ariko ishyakarirahari twakoze n’amanamamenshi. Minisitiri akwiyekwikosora akavuga ko ishyakaritarabona ibyangombwa kandiibyangombwa turimo kubisabaleta ngo turebe ko ishyakaryakwandikwa”.Ishyaka ryacu rifiteabanyamureyango mugihugu hose kuva ku rwegorw’umudugudu kugera kurwego rw’Igihugu. Tugira abari<strong>muri</strong> comite kandi ntibaza muishyaka bakurikiye amafarangaFrank Habineza. (Photo/ File)kuko turabigisha tukababwiraimijyo n’imigambo by’ishyakabakumva icyo tuzageraho,igihugu cyiza u Rwanda rwizarurimo demokarasi.Ku kibazo yabajijwen’umunyamakuruw’ikinyamakuru Indatwacy’ibihuha bigenda bihwihwiswan’abantu ko perezida yabaashaka kwiyongeza indi mandateavuga ko perezida Paul Kagmebamubeshyera ko ntahantuyigeze abivuga.Frank yagize ati ‘’Umugabouhagaraga ku ijambo rye we ubweyarabyivugiye ko adashoboraguhindura itegeko nshinga abobantu baramubehyera ntabyoyigeze atangaza. Ariko kuvaabaturage babishaka icyoabaturage bashaka nicyo umukuruw’igihugu agenderaho’’.Kubijyanye nuburyo ishyakarihagaze avuga ko ishyakarihagaze neza ko riri mu tureretwose tw’igihugu.Mu rwego rw’Akarere n’isiyose ishyaka rihagaze neza kukohari andi mashyaka arengeraibidukikije mu bindi bihugu,<strong>muri</strong> Africa riri mu bihugubirenga 30, no mubindi bihugubyose amashyaka arengeraibidukikije arahari kuko ari mubihugu birenga 90 ku isi yose.gusa aho ayandi atandukaniiyeniryo mu Rwanda ni uko hanomu Rwanda ho duharanirademikarasi tukanarengeraibidukikije.Kubijyanye no kwandikishaMinisitiri Fazil. (Photo/ File)ishyaka kuri ubu turateganya ko<strong>muri</strong> uku kwezi kwa werurwetuzandikira akarere ka Gasabo.Mu gusoza ikiganiroikinyamkuru Indatwa cyagiranyena Frank Habineza yatanzen’ubutumwa kubanyarwandaabasaba ko bakomeza kwitwaraneza bakirinda ibihuha, bakirindaibintu bibi byose byumwiharikobakihitiramo ubuyobozibubabereye.Green Party, ishyakaritaremerwa mu Rwanda rivugako riharanira kubungabungaibidukikije, kugeza ubu riyobowena Frank Habineza wavuyemu mahanga umwaka ushizeavuga ko aje gukora politiki muRwanda.indatwanewspaper@gmail.com• National Bank of Rwanda -BNR: Acc No: 120.50.72 - SwiftCode: BNRWRW• Bank of Kigali - BK: Acc No.:040-0424687-43 - Swift Code:BKIGRWRW• Banque Populaire - BPR: AccNo.: 408-369-34 98 11 - SwiftCode: BPRWRWRW• Banque Commerciale duRwanda - BCR: 010-5043013-01-80• KCB-Rwanda: 44013-15782• Ecobank: 001-008381-0030601• Cogebanque: 013 9000 95 22-12- Swift Code: CGBK RW RW


12 AMAKURU ANYURANYEJournal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013Dore ibitera imihindagurikirey’ifaranga mu RwandaMarieNyiraberaChantalBanki NKuruy’Igihuguiratangaza koihindagurika ry’ifarangariterwa n’ibicuruzwabiri ku isoko, uburyob i c u r u z w a m on’ababikeneye ku isoko.Guverineri wa BankiNkuru y’u Rwanda GateteClaver yabisobanuyeagira ati ”Iyo rigabanutseho gato, bifasha abantubohereza ibintu hanze, niukuvuga ko ibikorerwamu Rwanda bibona isokoku buryo bworoshyen’amafaranga wayagaruraukayavunjisha muManyarwanda ukabonamomenshi, mu gihe uyajyanyeahandi cyangwa uguzeibintu hanze kubizanabyahenda cyane”.Guverineri Gateteyavuze ko ibyo u Rwandarwohereza hanze ari bike,bityo mu guha agaciroifaranga ku ivunjishaharebwa ibijya hanze,bakanareba ibyinjira,n’amafaranga bigurwamohakurikijwe ubuhahiranen’amahanga, hanarebwaamafaranga akoreshwamu buhahirane ( Amayero,Amadorari, n’abindi).Guverineri Gateteasobanura uko politikiy’ifaranga yari ihagaze<strong>muri</strong> 2012 n’uko izabaihagaze <strong>muri</strong> uyu mwaka,yadutangarije ko iyouvanye ibicuruzwa hanzeubizana mu gihugu bihendacyane, bityo n’ibyou Rwanda rwoherezahanze ni bike kurutaibihava, Ati ”Ifaranga iyorigabanutse ho gato ibivahanze tubigura bidahenzecyane”.Banki Nkuru y’Igihuguitangaza ko <strong>muri</strong>politiki y’ivunjisha<strong>muri</strong> 2012, agacirok’ifaranga karanzwen’imihindagurikire kuisoko ry’ivunjisha, bitewen’ikenerwa ry’amadevizeyo kugura ibintu hanzebyazamutse kurushauko byari biteganyijwe,hamwe n’ihagarikwary’imfashanyo ziva hanze.Raporo ikubiyemoikoreshwa ry’imicungiren’ikoreshwa ry’ifarangaku rwego rw’igihugu ya2012 n’ibiteganyijwe <strong>muri</strong>2013, itangaza ko ifarangary’u Rwanda <strong>muri</strong> 2012ryagabanutseho 4,5%,mu gihe <strong>muri</strong> 2011 ryariryagabanutseho 1,6%.Kugenda n’amaguru ni ukwiteganyirizaUmurerwa Emma-MarieKugenda n’amagurubigirira umubiriakamaro kanini,kuko biwurinda mugukumira uburwayibushobora guterwa nokutagendesha amaguru.Urubuga rwa doctissimodukesha iyi nkuru ruvugako kugenda n’amaguru ariumwitozo woroshye kandiufasha umubiri kugumanaimiterere yawo, rugakomezarugaragaza ko gutemberan’amaguru ari igikorwaumuntu yakagombye gukoraigihe kirekire kugira ngo abeateganyirije ubuzima bwe.Gukora urugendorw’iminota 30 burimunsi bifasha umuntukugumana ibiro biri murugero, agatandukanan’umubyibuho ukabijehamwe n’uburwayibushobora guterwa na wo.Abantu bakora akazikabasaba kwirirwabicaye bagirwa inama yogushaka igihe cyo kugendan’amaguru, mu rwego rwokwirinda uburwayi bwaterwano kutanyeganyega.Ku bantu bakora akaziko mu biro baba bakwiyekugenda n’amaguru igihebavuye aho bakorera bagiyeahandi nko mu nzu yo hejurucyangwa hasi, kuruta ukobakoresha icyuma kibafashakugera aho bagiye vuba.Ikindi ni uko uwabishoborayajya ajya akanava ku kazin’amaguru.indatwanewspaper@gmail.com


Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013AMAKURU ANYURANYE13Nyuma yamezi ane indenge zitagiraabapirote ziratangira gukoraJean Elysee ByiringiroIndege zitagira abapiloteziratangira gukoreshwamu Burasirazuba bw’ikigihugu <strong>muri</strong> Kamena,Indege zitagira abapilotezizikoreshwa n’ingaboz’Umuryango w’Abibumbyeziri mu butumwa bwokubungabunga amahoro<strong>muri</strong> Repubulika IharaniraDemokarasi ya Kongoziratangira gukoreshwa mukwezi kwa Kamena uyumwaka nkuko byatangajwena Augustin Matata PonyoMapon Minisitiri w’Intebewa Kongo Kinshasa.Ibi bikaba ari inshuroya mbere mu matekaUmuryango w’Abibumbyemu butumwa bwawowifashishije izi ndege,zakunze gukoreshwan’Abanyamerika.Ubwo yari avuyemu ruzinduko i NewYork mu gihugu cyaLeta Zunze Ubumwez’Amerika aho yabonanyen’Umunyamabanga Mukuruwa ONU Ban Ki-moon,Augustin Matata PonyoMapon Minisitiri w’Intebewa Kongo Kinshasa akabayatangarije abanyamakuruko ibisabwa byose birigutegurwa ku buryo indegezitagira abapilote zigombagukoreshwa n’ingaboz’Umuryango w’Abibumbye<strong>muri</strong> Kongo Kinshasazizatangira gukoreshwa <strong>muri</strong>Kamena uyu mwaka.Ikoreshwa ry’izi ndegezitagira abapilote <strong>muri</strong> KongoKinshasa rikaba ryaremejwe24 Mutarama n’Akanamagashinzwe kubungabungaumutekano ku isi ka Onumu rwego rwo kugenzuraimipaka ya Kongo Kinshasamu Burasirazuba ahakomejekurangwa umutekano mucyeaho icyo gihugu ndetsena Onu bakunze gushinzaibihugu by’u Rwanda naUganda gutanga ubufasha kubakirwanya.Ikoreshwa ry’izi ndegezitagira abapilote <strong>muri</strong>Kongo Kinshasarikaba ryaremejwe24 Mutaraman’Akanama gashinzwekubungabungaumutekano ku isiIbihugu nk’u Rwanda, uBushinwa ndetse n’u Burusiyabikaba byarahakanye ikicyemezo cy’akanamagashinzwe umutekano ku isi.Umunyamabanga mukuruwa Onu wungirije ushinzweibikorwa byo kubungabungaamahoro, Hervé Ladsous,akaba yaratangaje ko izindege zizabafasha kucunganeza ibikorwa bikorerwaahantu hagoye kuhagera nkomu mashyamba n’ahandi.Gusa bitandukanye n’indegezakoreshejwe na Amerika<strong>muri</strong> Pakistan ndetse naYémen, izi ndege ntagozizaba zifite ubutumwabwo kurasa igihe bibayengombwa.Nubwo ariko icyicyifuzo cya Onu u Rwandank’umunyamuryangoudahoraho mu Kanamagashinzwe umutekano kaOnu kari kagiteye utwatsi,mukiganiro n’abanyamakurucyo kuwa 21 Mutarama 2013Perezida kagame yavuzeko we ku giti cye ntacyokimutwaye aho yagaragajeko atabuza abifuzakuzikoresha mu gihe bumvako bifasha igihugu cyangwaakarere bazijyanyemo, kuriwe ikimureba akaba ariugukomeza guteza igihugucye imbere.Itabi: Abagore n’abagabo ribica kimweindatwanewspaper@gmail.comMu bushakashatsibwashyizwe ahagaragara,bukaba bwarakozwemu myaka icumi ishizebwemeza ko kunywa itabibyica ubuzima bitarobanuyeku bitsina (kuba uri igitsinagabocyangwa gore ) koahubwo uwo ari we weserimugiraho ingaruka kimwe,bikaba byaratangajwe mukinyamakuru “New EnglandJournal of Medecine” nkukotubikesha TOPSANTE.Ubu bushakashatsi bwajebwemeza ko itabi rigiraingaruka mbi ku buzima kubitsina byombi, dore ko mumyaka ya za 60 (60s) ububibw’itabi bwagaragaragagusa ku gitsina gabo kukigero cy’inshuro eshanukurusha abagore, cyokuba ryabahitana bishwena kanseri y’ibihaha; ubunoneho iyo urebye usangaamazi atakiri yayandi, kukono ku gitsina gore nabobisigaye intero ari imwe.Iyo unywa itabi ibibazobyo kurwara umutimabyikuba inshuro ebyiriAbashakashatsi bo<strong>muri</strong> Kanada nabo mubushakashatsi bwabo,mu bihe bishize bemejeindatwanewspaper@gmail.comko abagore bazobereyemu kunywa itabi, niburank’abanywa amasegeretihagati y’imwe na cumin’ane (1-14) k’umunsi, ntakindi kibazo cy’uburwayibifitemo cyihariye, bahuran’impfu batewe akenshin’ibibazo by’umutimazikubye kabiri kurushaabatarinywa .Abongereza na bo bakozeubushakashatsi ku bantubaretse kunywa itabi,bakabukorera ku bagera kuri500 bari biyemeje kurireka,bashoboye kumenya kobyabagabanyirije ibibazobahuraga na byo birimono kwiheba (kwigunga). Kureka itabi bitumaubwonko bukora neza,birinda ibibazo by’umutima,bigatera ubuzimabwiza nkuko bakomejebabitangaza.


14 AMAKURU ANYURANYEJournal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013ESAPAG ishuri ryisumbuye ryigengaryatangiye bwa mbere mu RwandaJean DamasceneNtihinyuzwaUburezi mu Rwandabugenda butera imbereuko bwije n’uko bukeye,amashuri arubakwa,arashingwa byose bigamijekurwanya ubujiji mu gihugu,Mu mashuri yisumbuyeyigenga ESAPAG Gitweyabimburiye ayandi yosemu Rwanda.Kuva kera mu matekayaranze igihugu usangaamashuri yisumbuyeyarafitwe n’abamisiyoneribaturukaga mu bihuguby’amahanga bashakacyane kwinjiza imyumviren’imirongo migariy’amadini bakomokamo,ibi bikaba byarafashijeabanyarwanda kubonauburyo bwo kwigamo.Nyuma y’uko bamwe mubanyarwanda bari bamazekujijuka mu myaka yoha mbere, kandi umubarew’abana bashakaga kwigawari umaze kuba mwinshi,bitewe kandi n’umwukamubi wa Pilitiki waranzeu Rwanda, aho umwanayahabwaga ishuri hashingiyeku bwoko, akarere, idinin’irindi vangura nibwoababyeyi bo hirya no hinomu Rwanda bashinzeamashuri yisumbuyeyigenga.Ku ikubitiro tariki ya25 Nzeri 1981 ababyeyib’I Gitwe bibumbiyemu ishyirahamweAPAG bashyiraho ishuriryisumbuye rya ESAPAG,<strong>muri</strong> icyo gihe ngo ni byaribyoroshye kuba hashingwaishuri ryisumbuye ritariirya Leta cyangwa Idini,gusa aba babyeyi babayeimbarutso ku bandi babyeyimu gihugu, nibwo <strong>muri</strong> iyominsi ababyeyi b’I Kigalibashinze ishuri APACOPE,mu minsi mike nabwo kuKibuye bibaruka ESAPANMugonero.Tuganira na UrayenezaGerard ukuriye irishyirahamwe ry’ababyeyiyatubwiye ko ababyeyibafatanije bavunikiyekandi bakitangira uyu<strong>muri</strong>mo bakoze, akomezaagir’ati:”Turashimira cyaneImana yadufashije kugeraku ntego twari twarihaye,ibihe byari bibi nta rindishuri na rimwe tureberahoariko tubona birakunze”.Twakwibutsa ko abababyeyi b’I Gitwe kuva mu1981 nyuma ya ESAPAGbamaze gushyiraho ishuririkuru rya ISPG n’ibitarobya Gitwe ibi byose bakababamaze kubigeraho mumyaka 32.Gisozi: Abubatse hafi y’igishangabahawe iminsi 90 yo kuhavaNyuma yo guhabwaamabaruwa abasabakwimuka, bamwemu baturage batuye mu gicegiherereye hafi y’igishangamu Murenge wa Gisozi,Akagari ka Ruhango ho muMudugudu wa Kanyinyabarasaba inzego zibishinzwekubafasha ngo kuko basanganta handi bafite ho kwerekezacyane ko abenshi bababaraturutse mu bice by’icyarokandi barasize bagurishijeamasambu yabo.Aba baturage bahaweamabaruwa abamenyesha konta muntu wemerewe guturaku buryo bubangamiraibidukikije cyangwa guturaahantu hahanamye ndetse nomu gishanga, maze bahabwaigihe kitarenze iminsimirongo 90 yo kuba bakuyeibikorwa byabo aho hantu.Umwe mu baturagebarebwa n’uyu mwanzuro,Nzamwitakuze Claudette,yadutangarije ko kubimurahafi y’igishanga ntacyobibatwaye, ariko kobakagombye guhabwaingurane kuko nabo bagiyebahagura.Yagize ati: “Njya guturaaha hantu nahaguze ibihumbi350,000 by’amanyarwandakandi nasinyiwe n’ubuyobozibw’inzego z’ibanze ; kugezaubu nari mpamaze umwaka,kubera ibikorwa nashyizemonahava ari uko mpaweingurane.”Mukeshimana Ziada naweyahawe ibaruwa imusabagukuramo ibikorwa byeariko yatangaje ko nyuma yokugurisha isambu yari afiteiwabo, aha hantu yahaguzeinzu ya miliyoni 4,000,000z’amafaranga y’u Rwanda.Mukeshimana yagize ati:“Nyuma yo kugura ahahantu nta yandi mafarangansigaranye, ikibabaje niuko abayobozi bansinyiyempagura ntihagire icyobamenyesha kijyanyen’amabwiriza agengaimiturire, kugeza ubu dufiteibyemezo 9 by’ubutakakandi turasora nk’abandi.”“Njya gutura ahahantu nahaguzeMukasipi Agnes, naweibihumbi 350,000ahuje na bagenzi beby’amanyarwanda ikibazo, aha akaba yaragizekandi nasinyiwe ati : “Nyuma yo kubonan’ubuyobozi bw’inzego ibaruwa insaba gusenya noz’ibanze ; kugeza ubu kuvanaho ibikorwa byanjye,nari mpamaze umwaka, ntabwo niriwe mpangayikakuko twahatuye Letakubera ibikorwaitureba, nidushakire ahandinashyizemo nahava ari twerekeza ; ntabwo umuntuuko mpawe ingurane.” yaba yaraguze ahantuahamaze igihe kirekireindatwanewspaper@gmail.comngo bahamukure adahaweingurane ijyanye n’agacirok’ubutaka.”Aganira n’iki kinyamakuru,UmunyamabangaNshingwabikorwaw’Akagari ka Ruhango,Niyonsaba Pascal,yagitangarije ko aba baturagenta ngurane bazahabwa kukobubatse babizi ko bitemewe.Niyonsaba yagize yagizeati : “Twabahaye amabaruwayo kuba bakuyemo ibikorwabyabo mu minsi 90, bariyabaturage ntabwo bajyabumva kuko n’ubu ahotuvugira nubwo twatanzeayo mabaruwa ugiyeyowasanga bubaka ; barikuhavanwa mu rwego rwokurengera ibidukukije.


Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013IMIBANIRE15Ni nde ugomba kwishyuraiyo abakunzi basohokanye?Ubusanzwe igisubizokiroroshye, ni uboshoboyekandi watumiye undi, arikouko bigenda akenshi si uko,kuko umenya nta buringanirebuba <strong>muri</strong> iki kintu.Ninde ugomba kwishyura?Ubushakashatsi bwakozwen’ikinyamakuru IFOPbugaragaza ko mu babajijwemu bihugu bitandukanye(abagabo n’abagore) 88%y’abagabo basohokanan’abakunzi babo aribobishyura ibyo baba basangiye.Ibi ariko bikaba ibindi bindimu bihugu bya Africa bimwena bimwe birimo n’u Rwanda,aho igihe cyo kwishyura iyokigeze, uwishyura iyo azanyefigitire, kabone niyo yaba ariumugore cyangwa umukobwawatumije, buri gihe bayiherezaumugabo cyangwa umusore.Ibi bisa n’ibyanabaye umucoku b’igitsina gore bamwe nabamwe bashobora no kwifazako bahurira n’umugabo ahanturunaka bagafata akantu, arikoumugabo cyangwa umusoreakaza kwishyura n’ubwo atariwe watumije iyo nama yababiri.NtibitangajeMu busanzwe, umugaboni ingabo, ikingira umugoreikimugoye, irinda urugon’ubusugire bwarwo, imenyaurugo ikarukenura, imenya koirebwa n’ikibura kikaboneka.Naho umugore akabamutima warwo, agasigasiraibihari, akamenya ibibura,byaboneka akabicunga,akabikoresha ngo bitungeurugo.Uyu muco w’u Rwanda,n’ibindi bihugu byinshicyane ku Isi, umenya ariwougenda ukagera no mu tubarin’amahoteli.Icyo kibazo cy’ibyanyowen’ibyariwe, umugore cyangwaumukobwa akumva kokireba iyo ngabo y’urugo,kabone n’ubwo yaba naweyagikemura.Ntibikwiye ubuGender yaraje, ndetsehari umukobwa cyangwaumugore wagurira icupanawe akakugurira irindi,yagutumira mu buriro rusangeakakwishyirira amafunguro,mwahahurira ntawatumiyeundi fagitire ntareke umusorecyangwa umugabo ayishyurawenyine ahubwo bakayigabanamo kabiri kareshya.Ibi bamwe babyita igisirimu,byatewe n’amajyambereyazanye byinshi akagezaifaranga no ku mugoren’umukobwa nawe akabayishoboye ubu, arikoby’umwihariko kuri bamwe<strong>muri</strong>bo akaba nafite ubwobutwari bwo kumva koyafatanya n’umugabo <strong>muri</strong>ziriya nshingano ahabwan’umuco.Mu gutereta, ubabaye niwewishyuraAkenshi, uzasanga umusoreariwe ufata iya mbere, atindakujyana <strong>muri</strong> HotelMuhabura, ati ndakuguriraagafanta kwa Telesifore. Ikigihe umuhungu ntiyatumaumukobwa yishyura.Nubwo ari bacye bashoborakubigerageza, ariko nushatsekwishyura umusore amubwirako ari we ubimenya.Ikiriho ubu, n’ukon’abakobwa batereta,agaha umusore gahundanawe fagitire akayishyuraumuhungu agahuriza amabokomu gituza agatuza umukobwaakabitunganya. Ubu ngo nikobikorwa nk’uko urubyirukousanga rubiganira.Ku bashakanye birikoraAbashakanye usangaakenshi bameze nk’inshutizisanzwe, umugabo niweuhabwa fagitire, ariko iyoatayishoboye ashoborano kubwira umugore weakamufasha kuko nubundintacyo baba bakwiyeguhishanya.Ariko buri gihe, uzasangaumugabo ariwe uba ufiteinshingano zo kwishyurafagitire iyo basohokanyebose ndetse n’abana, kaboneno <strong>muri</strong> ya miryango usangayifashije cyane.Ni umuco mwizatuwukomereho?Buri wese abyumvaugutandukanye n’undi,Nubwo atari kuri bose nkukotwabivuze, bigaragara nkahoari umuco ko umugabocyangwa umusore yishyurafagitire y’umugore cyangwaumukobwa basohokanye.Hari ariko abagoren’abakobwa nabo badashoborakwemera kwishyurirwaburi gihe ibyo bariyebakananywa, bagashaka kofagitire igabanwa mo kabiribyanarimba bakayishyurayose.Abagore n’abakobwabamwe bo bemeza ko abagaboaribobungukira mu rukundobahabwa n’igitsina gore bityobagomba kubyishyura no <strong>muri</strong>izo fagitire zo mu kabari nomu buriro rusange.None abagabo n’abasorebazakomeze bajye bishyuraizo fagitire?Cyangwa abagoren’abakobwa nabo bareke uwomuco nabo bajye bishyuriraabagabo, kabone n’ubwo babaaribo babatumiye?Journal IndatwaMarketing tel: +250- 0788876904indatwanewspaper@gmail.com


16Journal Indatwa Vol. 26 Gashyantare - 13 Werurwe, 2013KWAMAMAZAindatwanewspaper@gmail.com

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!